Normalement nous avons besoin de 7 à 9 heures de sommeil par nuit pour assurer nos activités quotidiennes de façon optimale. Ce n’est plus un secret, le sommeil est essentiel pour la récupération physique et mentale. À court et à long terme, la privation de sommeil peut avoir des effets néfastes sur le fonctionnement du corps et du cerveau. Les principales causes du manque de sommeil Bien souvent, nos nuits se suivent, mais ne se ressemblent pas. Le plus fréquemment, le manque de sommeil vient d’une insomnie ponctuelle, comme lorsque…
SOMA INKURUCategory: Ubuzima
Sobanukirwa itandukaniro ry’umuntu ufite virusi itera SIDA n’urwaye SIDA
Usanga akenshi abantu bagorwa no gutandukanya gutandukanya umuntu urwaye SIDA n’ufite Virusi itera SIDA. Kudasobanukirwa iri tandukaniro niryo rituma hari benshi bagwa mu mutego wo kuba bakwandura cyangwa bagakwirakwiza ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA. Nk’uko Sante.fr ibitangaza Virus itera SIDA ni ubwandu bwa virusi irwanya ubwirinzi bw’umubiri, iyo uwayanduye adakurikiranywe neza ngo yiyiteho, afate indyo yuzuye ndetse n’ibindi byose bituma umubiri we umererwa neza ukagira ubwirinzi buri hejuru niyo itera SIDA ikaba indwara cg uruhurirane rw’indwara zizahaza umubiri. Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA itaraboneka, kwandura VIH no…
SOMA INKURUByinshi ku ndwara y’igituntu ndetse n’abo gikunze kwibasira kurusha abandi
Igituntu ni indwara ikunze gufata cyane cyane ibihaha, ikaba iterwa na bagiteri (bacteries). Uretse ibihaha, igituntu gishobora gufata n’izindi ngingo harimo igufwa ry’umugongo, impyiko, ndetse n’ubwonko. Ibimenyetso byakuburira ko wibasiwe n’indwara y’igituntu Ibimenyetso by’igituntu cyibasiye ibihaha ni inkorora irenge ibyumweru bibiri, iherekejwe no gukorora ugacira amaraso, kubabara mu gituza cyangwa kubabara mu gihe uhumeka cyangwa ukorora, kunanuka, umunaniro udashira, umuriro, kubira ibyuya mu ijoro no kunanirwa kurya. Mu gihe igituntu cyafashe impyiko, igufa ry’umugongo cyangwa ubwonko, ibimenyetso byacyo birahinduka, bitewe n’aho cyafashe. Iyo igituntu cyafashe igufwa ry’umugongo, umuntu ababara umugongo,…
SOMA INKURURwanda: Un projet de recherche cherche à lutter contre les maladies mentales dans les écoles
Des chercheurs de l’Université du Rwanda, en collaboration avec l’Université d’Aarhus au Danemark, ont lancé le projet Cross-Mind. Ce programme de recherche vise à aborder et à réduire les problèmes de santé mentale dans les écoles primaires et secondaires du Rwanda. Selon l’Enquête sur la santé mentale au Rwanda, 2023, environ un adolescent sur dix à travers le pays est confronté à un problème de santé mentale. L’étude montre également que les Rwandais âgés de 14 à 25 ans souffrent de troubles psychologiques tels que la dépression, l’anxiété et les…
SOMA INKURUComment éviter la diarrhée pendant le voyage?
La diarrhée peut avoir plusieurs causes : changements des habitudes alimentaires, nourriture trop épicée ou contaminée par des virus ou des parasites, abus d’alcool ou de soleil et coup de chaleur. Puisque la diarrhée du voyageur peut survenir lorsque vous vous rendez dans la plupart des destinations voyage, voici quelques trucs simples pour l’éviter lors de vos vacances. Voici nos meilleurs conseils pour éviter de vivre ce type de maux en voyage : -S’hydrater, Faire les bons choix alimentaires, Éviter de s’exposer trop longtemps au soleil, Garder une hygiène irréprochable…
SOMA INKURURwanda: Nubwo malariya yagabanyutse, haracyagaragara ibyiciro by’abo yibasira cyane
Bugesera ni kamwe mu turere 10 mu gihe cyashize kagaragaragamo umubare uri hejuru w’abarwaye malariya, ariko kuri ubu inzego z’ubuzima zemeza ko yagabanyutse bifatika nyuma y’ingamba zikomatinyije yaba iz’ubwirinzi n’iz’ubuvuzi zafashwe. Nubwo bimeze gutya hari ibyiciro by’abo ikomeje kwibasira cyane. Umuyobozi mukuru w’ibitaro bya Nyamata, Dr Rutagengwa William, yatangaje ko mu myaka 15 ishize, malariya yahoze iri mu ndwara za mbere yaba mu bitaro ndetse no mu bigo nderabuzima by’akarere ka Bugesera, biturutse ku miterere yaho kuko ubushyuhe buhaba, ububobere, ibishanga, ibiyaga, ibihuru n’ibibanza bicyubakwa n’ibindi byatumaga imibu yororoka cyane,…
SOMA INKURUAkato n’ihezwa bikomeye yakorewe ntibyamuciye intege, dore ibanga ryabimufashijemo
Ndagijimana Alufonse, ni umwe mu bafite virusi itera SIDA bo mu karere ka Musanze, atangaza ko nyuma yo kumenyekana ko yanduye virusi itera SIDA, yahawe akato ku buryo bukomeye n’umuryango, abaturanyi kugeza k’uwo bashakanye bamugira igicibwa. Atangaza ko ibi bitamuciye intege, ko ahubwo yaharaniye kubahiriza amabwiriza yahabwaga n’inzego z’ubuzima yamufasha kubaho mu buzima bwiza yirinda kwibasirwa n’ibyuririzi ndetse aniteza imbere. Ati: “Mbere bikimenyekana ko nanduye virusi itera SIDA nahawe akato ku buryo bukomeye, kugeza n’ubwo kunywera ku gikombe nanywereyeho bitashobokaga barakijugunyaga, abana ntibabe banyegera ntihagire n’ukandagira iwanjye ndetse no muri…
SOMA INKURUAbasenateri bahishuye aho ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA bwiganje mu Rwanda
Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu kuri uyu wa 2 Mata 2024, babwiye Inteko Rusange ko basanze icyorezo cya SIDA mu rubyiruko gihangayikishije kuko mu turere 14 basuye hose ubwandu bushya bw’iki cyorezo buri mu rubyiruko ruri hagati yimyaka 19 na 24. Abasenateri kandi bagaragaje ko umuryango nyarwanda ukwiye gukangukira kuganiriza abana babo ibyerekeye icyorezo cya SIDA aho kujya babyumva ku bitangazamakuru gusa, cyangwa babibwiwe n’abantu babashuka bashaka kubabyaza umusaruro. Perezida wa Komisiyo Umuhire Adrie ati “Twasanze mu by’ukuri SIDA iri kwiyongera mu rubyiruko, ndetse n’inzego twaganiriye bakavuga…
SOMA INKURUFive additional hospitals to start offering chemotherapy
Five new hospitals are expected to begin offering chemotherapy to cancer patients. Currently, the service is only available at select hospitals such as the Rwanda Cancer Centre in Butaro, the Rwanda Military Hospital (RMH) and King Faisal Hospital. Speaking at an international cancer conference held in Kigali from March 28-29, Dr Fredrick Kateera, the Deputy Executive Director of Partners in Health, a not-for-profit organisation supporting the government in cancer care, announced plans to expand oral chemotherapy services to five additional hospitals. “For patients who need oral chemotherapy and don’t need…
SOMA INKURUUretse gusaza dore izindi mpamvu zagutera kuzana uruhara imburagihe
Uruhara cyangwa gutakaza umusatsi, ni uburyo busanzwe bw’umubiri uko ugenda usaza umusatsi uvaho, akenshi rutangira kugaragara mu myaka 30 na 40. Bitangira ugenda utakaza umusatsi mu gace kamwe aho rukunze kuza cyane ni mu gitwariro. Nubwo rukunze kuboneka cyane ku bagabo, gusa n’abagore bashobora kuruzana.Bivugwa akenshi ko uruhara ruturuka ku nkomoko (genetics); ni ukuvuga ko niba umubyeyi wawe arufite, nawe amahirwe yo kurugira aba ari menshi cyane. Ni iki gitera uruhara? Nk’uko byatangajwe hejuru, akenshi ruturuka ku ruhererekane mu muryango, uturemangingo fatizo (genes) dutandukanye uba warakuye ku babyeyi bawe nitwo…
SOMA INKURU