Nyuma y’imvururu zavutse mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona hagati ya Bugesera FC na Rayon Sports, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafatiye Rayon Sports igihano gikomeye: kutongera gukinira imbere y’abafana bayo mu mikino ibiri ya nyuma y’uyu mwaka w’imikino. Ibi byemezo byafashwe ku wa Mbere, tariki 19 Gicurasi 2025, mu nama idasanzwe yateranye kuri FERWAFA binyuze muri Komisiyo ishinzwe amarushanwa. Hakoreshejwe ingingo ya 21 y’amategeko agenga shampiyona, yasuzumye imyitwarire y’abafana ba Rayon Sports yagaragaye nk’itemewe, maze hafatwa icyemezo ko iyi kipe izakina nta bafana mu mikino ibiri isigaye.…
SOMA INKURUDay: May 19, 2025
Ubudahangarwa bwa Joseph Kabila mu maboko ya Sena!
Ubushinjacyaha bw’Igisirikare cya RDC bwasabye Sena gukuriraho ubudahangarwa nka Senateri uwahoze ari perezida w’iki gihugu Joseph Kabila kugira ngo bumukurikiraneho icyaha cyo kugambanira igihugu, kuba mu mutwe w’ingabo utemewe, ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu. Ubushinjacyaha buhuza ibi byaha n’uruzinduko Kabila yagiriye mu mujyi wa Goma ugenzurwa na AFC/M23 muri Mata 2025. Bwagaragaje ko ari kimwe mu bimenyetso bigaragaza ko ari mu buyobozi bw’iri huriro. Abasenateri 40 ni bo bagize Komisiyo yihariye ya Sena ishinzwe gusuzuma niba senateri Kabila Joseph wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza…
SOMA INKURUKigali yifuza kuba igicumbi gishya cya Loni mu rwego rw’amavugurura y’ubukungu
Mu gihe Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu cyerekezo cyo kuvugurura imikorere no kwimurira zimwe mu nzego zawo mu bihugu bidahenze, u Rwanda rwafashe iya mbere mu kugaragaza ubushake bwo kwakira izo mpinduka. Mu ibaruwa yandikiwe umunyamabanga mukuru wa Loni ku wa 15 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yemeje ko u Rwanda rwiteguye kuba urugo rushya rw’amashami, ibikorwa, n’inzego za Loni, by’umwihariko mu gihe hagamijwe gukemura ibibazo by’ubukungu byugarije umuryango. Kuki u Rwanda? Ibisobanuro bya Kigali ku bushake bwarwo Muri iyo baruwa, u Rwanda rushimangira ko rwifitemo…
SOMA INKURUIcyizere ku rukingo rwa virusi itera SIDA ruri mu igeragezwa- Ubushakashatsi
Urukingo rwa virusi itera SIDA rumaze iminsi ruri mu igeragezwa mu bihugu binyuranye n’u Rwanda rurimo, ubushakashatsi bwerekanye ko iyo rutewe umuntu rukangura uturemangingo dushinzwe ubudahangarwa bw’umubiri bityo rukatwongerera ubushobozi bwo gukora abasirikare barwanya iyi virusi. Uru rukingo rwubakira umubiri ubudahangarwa binyuze mu turemangingo ntirwari rwarigeze rugeragezwa muri Afurika ariko ngo byagaragaye ko rwatanga umusaruro haba ku baturage ba Amerika n’abo muri Afurika. Umwarimu muri Kaminuza y’Ubuvuzi ya Amserdam, Rogier Sanders, uri mu bakoze igenzura ku igerageza ry’uru rukingo ryakorewe muri Amerika, mu Rwanda no muri Afurika y’Epfo, yatanze icyizere…
SOMA INKURUThe impact of climate change on women in agriculture in Rwanda: Voices from the ground
Rwanda, often called the “Land of a Thousand Hills,” is a small East African country renowned for its lush landscapes and agricultural productivity. However, with the intensification of climate change, women who rely on agriculture for their livelihoods are facing unprecedented challenges. In a country where over 70% of the population depends on farming, the effects of climate change are particularly harsh on women, who are both primary food producers and key economic actors in the agricultural sector. The Strain of unpredictable weather Climate change in Rwanda manifests through erratic…
SOMA INKURUScarred Early: The lasting impact of gender-based violence in childhood
Gender based violence “GBV” does not spare the young. For many children around the world, violence rooted in power imbalance, gender norms and social silence begins far too early. The consequences often extend well beyond the moment of harm shaping their mental health, relationships, education and futures. A childhood interrupted: What GBV looks like at an early age Gender-based violence in childhood can take many forms: Sexual abuse by family members, caregivers, or authority figures, physical violence disproportionately affecting girls, child marriage, which predominantly affects girls under 18, female genital…
SOMA INKURULa pneumonie chez les enfants: Une menace évitable mais meurtrière
Chaque année, des centaines de milliers d’enfants à travers le monde sont victimes d’un ennemi souvent sous-estimé: la pneumonie. Cette infection pulmonaire, parfois banalisée est pourtant l’une des principales causes de mortalité infantile, notamment dans les pays à revenu faible ou intermédiaire. La pneumonie est une infection des poumons, causée par des virus, des bactéries ou plus rarement des champignons. Elle provoque une inflammation des alvéoles pulmonaires qui se remplissent de liquide ou de pus rendant la respiration difficile. Chez les enfants, dont le système immunitaire est encore en développement,…
SOMA INKURUNubwo yishimiwe bikomewe n’abafana, harimo uwamukoreye agashya
Mu mashusho yagiye hanze, agaragaza The Ben ari kuririmba indirimbo yahimbiye umugore we, Pamella True Love, bitunguranye isutiye y’umutuku imunyura hejuru, iturutse ku ruhande rwarimo abafana be bari bamukikije ubwo yaririmbaga. Ibi bikaba byabereye mu gitaramo cyavugishije benshi ndetse cyanitabiriwe cyane, cyabereye i Kampala kuri Serena Hotel, kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025 yahuriyemo n’abandi bahanzi batandukanye nka Kevin Kade na Elemen hamwe n’abo muri Uganda nka Karole Kasita, Warafik Muzik na Rema Namakula. Nubwo byamugendekeye gutya, The Ben yakomeje kuririmbira abafana be, gusa ntiyigeze anyura hejuru y’uyu…
SOMA INKURUImvururu muri shampiyona, imisifurire ya ruhago Nyarwanda ikomeje kuvugisha benshi
Ku munsi wa 28 wa Shampiyonay’u Rwanda, umukino wahuje Bugesera ari nayo yakiriye na Rayon Sports, wabaye udasanzwe nyuma y’aho ku munota wa 52 umukino wahagaze nyuma y’amakimbirane ikipe ya Rayon ishinja abasifuzi kuyiba, bikaba byaranabyaye igisa nk’imyigaragambyo ariko MINISPOC ikaba yatangaje ko iri gukurikirana iki kibazo. Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X yatangaje ko uru rwego rwiteguye gukurikirana ikibazo cy’imvururu cyagaragaye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu. Ati “Mwiriwe neza! Hari amakuru twakomeje kubona ajyanye n’umukino wahuje…
SOMA INKURU