Kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Ugushyingo, Kaminuza y’u Rwanda yahaye abasaga 7000 impamyabumenyi zisoza ibyiciro bitandukanye muri bo abize amasomo ajyanye n’inderabarezi nibo benshi, abo mu cyiciro cya gatatu cya Kaminuza ni 509, naho umwe ni we uhabwa impamyabumenyi ihanitse (PhD, Mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza hasoje abanyeshuri 6540. Muri bo abagore ni 2594 mu gihe abagabo ari 4456, ibi birori byabereye kuri Stade ya Huye mu Karere ka Huye, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 55 Kaminuza ya mbere ibayeho mu Rwanda. Umuhango wo gutanga impamyabumenyi…
SOMA INKURUCategory: Uburezi
Abiga amategeko bari mu marushanwa ajyanye n’amategeko y’intambara
Ejo hashize kuya 1 Ugushyingo nibwo hatangijwe amarushanwa ahuza abanyeshuri biga muri Kaminuza zitandukanye zigisha amategeko mu Rwanda, ku munsi wa mbere hakaba harabayeho kubanza kubahugura, amarushanwa nyiri zina yatangijwe uyu munsi, aya marushanwa yateguwe na Komite Mpuzamahanga y’Umuryango wa Croix-Rouge (ICRC) ku bufatanye na kaminuza zigisha amategeko, aya marushanwa akaba yarahuje abanyeshuri biga ibijyanye n’amategeko mu kuburana ku mategeko agenga intambara. Innocent Muragijimana umunyeshuri muri Kaminuza yigenga ya Kigali “ULK” mu mwaka wa gatatu w’amategeko, yatangaje ko bareba ubwoko bw’intambara buri kuba, niba ari amakimbirane y’imbere mu gihugu cyangwa…
SOMA INKURUAmosomo k’ubwenge bw’ubukorano bushyirwa muri mudasobwa ari gutangirwa mu Rwanda
Uburyo bwo gukora porogaramu zishyirwa muri mudasobwa “Artificial Intelligence”, ku buryo igira ubushobozi bwo gutekereza no kwishakamo ibisubizo hadakenewe uruhare rwa muntu. Aya masomo yiswe “African Masters in Machine Intelligence, (AMMI)” yatangijwe mu Rwanda kuwa 15 Ukwakira 2018, ku bufatanye bwa AIMS, Google na Facebook. Abanyeshuri 35 baturutse mu bihugu 11 bize ibijyanye n’Imibare, Ubugenge n’Ikoranabuhanga ni bo batangiranye n’icyiciro cya mbere. Kizasozwa muri Kamena 2019, abanyarwanda babiri ni bo batoranyijwe mu bazigishwa aya masomo. Perezida wa AIMS akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ihuriro Next Einstein Forum, Thierry Zomahoun, mu gutangiza aya…
SOMA INKURUMinisitiri Mutimura yasanganiwe n’ibibazo by’ingutu biri mu burezi i Nyamasheke
Minisitiri Dr Mutimura Eugene yagiye mu Karere ka Nyamasheke abanza kuzenguruka muri bimwe mu bigo by’amashuri nyuma abwira TV/Radio One ko yahasanze ibibazo byinshi kandi birimo iby’ingutu harimo kuba muri aka karere abana baho bakunze gukererwa ishuri ndetse abandi bakarivamo, yanatangaje ko yanahasanze ikibazo cy’abarimu badashoboye aho usanga umwarimu wigisha isomo ariko yagera hagati agasanga hari bimwe mu bice bigize iryo somo (Chapitre) atumva neza akajya gushaka undi mwarimu urimwigishiriza. Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri ndetse n’abashinzwe uburezi muri aka Karere ka Nyamasheke bavuga ko impamvu zitera abana gukererwa cyane…
SOMA INKURU