Nta wakwirengagiza byinshi byagezweho mu Rwanda mu rugamba rwo guhashya ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA, ariko Nyagatare nka kamwe mu turere tugize Intara y’iburasirazuba kugeza ubu yiganjemo ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA by’umwihariko mu rubyiruko, aho kihariye 0,95% y’abamaze kwandura virusi itera SIDA mu gihe ku rwego rw’igihugu ari 3%, hakwibazwa ikihishe inyuma y’ubu bwandu bushya by’umwihariko mu rubyiruko. Ni muri urwo rwego haganirijwe urubyiruko runyuranye rwo muri aka karere, hagamijwe kumenya intandaro y’ubwiyongere bw’ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA mu rubyiruko. Urubyiruko ruti “Kwirinda kwandura virusi itera…
SOMA INKURUCategory: Health
Ibiciro bya dialyse byakubiswe hasi
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko yagabanyije ibiciro bya dialyse (uburyo bwo gusohora imyanda mu mubiri hifashishijwe imashini), ku bantu bafite ikibazo cy’impyiko zidakora neza, bikaba byakozwe mu rwego rwo kugira ngo izo serivisi zorohere bose. Igiciro cya serivisi ya dialyse cyagabanutse kiva ku 160,000 Frw kigera ku 75.000Frw, guhera ku itariki 1 Mata 2023 mu bitaro bitanga iyo serivisi, nk’uko tubikesha ikinyamakuru The New Times. N’ubwo ibiciro byagabanutse bityo, ariko abakoresha ubwishingizi bwa Mituweli (Mutuelle de Sante) bavuga ko bakigowe n’ibiciro bya dialysis. Niyingabira Julien, Umuyobozi ushinzwe ibijyanye n’itumanaho mu…
SOMA INKURUUne personne sur six souffre d’infertilité, un “problème sanitaire majeur” selon l’OMS
L’Organisation mondiale de la santé alerte mardi contre l’infertilité, un “problème sanitaire majeur”, qui touche 17,8 % de la population adulte des pays riches et 16,5 % des pays à revenus faibles et intermédiaires. Environ une personne sur six dans le monde souffre d’infertilité, d’où le besoin urgent d’accroître l’accès à des soins abordables et de haute qualité, a plaidé l’Organisation mondiale de la santé (OMS) mardi 4 avril. “Une personne sur six dans le monde est touchée par l’incapacité d’avoir un enfant à un moment ou à un autre de…
SOMA INKURUNyagatare: Hakenewe ubukangurambaga ku bangavu babyaye mu gutegura ifunguro ryuzuye
Mu karere ka Nyagatare, umurenge wa Rwimiyaga bamwe mu baturage basanga igituma hari abana bagwigira abenshi biterwa n’ababyeyi benshi batazi kubagaburira no gutegura ifunguro ryuzuye harimo abangavu babyaye bakiri bato. Ndikubwimana Emmanuel avuga ko umurenge wabo muri rusange utari ukwiriye kuba hari umwana ufite ikibazo k’igwigira, kuko abaturage benshi usanga bishoboye ariko bafite ubumenyi buke mu kugaburira abana babo. Yagize ati “ hakenewe inyigisho zihariye ku bangavu babyaye kuko kugira ngo babashe kwita ku bana babo cyane ku mirire bitabira cyane ibikomaka ku matungo cyane igi kuko ariryo ridahenze ukurikije…
SOMA INKURUImyitwarire iboneye ya Sosiyete Sivile n’ Itangazamakuru mu bihe by’ ibyorezo
Mu gihe ubushakashatsi bwerekana ko isi ishobora guhura n’ ibindi byorezo bikomeye, itangazamakuru na sosiyete sivile bisabwa kurushaho gukora kinyamwuga mu gukora ubuvugizi, gutara ndetse no mu gutangaza inkuru mu bihe ibyorezo byibasiye sosiyete hagamijwe kurwanya ibihuha n’ubwoba. Iyi ntero yashimangiwe kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Werurwe 2023 n’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC), Emmanuel Mugisha ubwo yibutsaga abanyamakuru bakora inkuru z’ ubuzima bibumbiye muri ABASIRWA ko basabwa kurushaho kubahiriza amahame nshingiro y’ umwuga wabo cyane cyane mu bihe isi irushaho guhura n’ ibyorezo bikomeye biherekejwe n’ ibihuha…
SOMA INKURUBamushyingiye ku ngufu birangira aciwe ukuguru n’ukuboko
Umugore w’imyaka 17 uzwi ku izina Malama Hauwa Mohamed yaciwe ukuboko n’ukuguru n’umugabo bamushyingiye ku ngufu ahitwa Kebbi muri Nigeria. Uyu mugore bamushyingiye ku ngufu adashaka uyu mugabo none byarangiye amuteye ubumuga bukomeye. Uyu mugore Hauwa yavuze ko uyu mugabo we yagiye akamara amezi menshi atagera mu rugo hanyuma agaruka afite umuhoro aramutema nta kintu bapfuye. Uyu mugore yavuze ko uyu mugabo yakundaga kumufata ku ngufu ubwo yarimo kuvurirwa ku bitaro byitwa Birnin Kebbi ibikomere yatewe. Abayobozi bo mu gace uyu mugore yari atuyemo bahise bamenya ibyo uyu mugore yakorewe…
SOMA INKURUHalf of the world on track to be overweight or obese by 2035
The World Obesity Federation predicts that 51 percent of the world will be overweight, and one in four people will be obese.More than half of the world’s population will be overweight or obese by 2035 without significant action, according to a new report. The World Obesity Federation’s 2023 atlas predicts that 51 percent of the world, or more than four billion people, will be obese or overweight within the next 12 years; of those, nearly two million, or one in four people, will have obesity. Rates of obesity are rising…
SOMA INKURUSéismes en Turquie: Arrêt des recherches, exceptées deux provinces
Deux semaines après le double séisme du 6 février, qui a provoqué la mort de près de 45 000 personnes en Syrie et en Turquie, dont plus de 40 000 pour la seconde, Ankara a décidé d’arrêter les recherches, sauf dans les deux provinces les plus touchées du pays : celles de Hatay et de Kahramanmaras. Quatorze jours après les séismes du 6 février, la Turquie a décidé, dimanche 19 février, d’arrêter les recherches sauf dans les deux provinces les plus touchées, Kahramanmaras et Hatay, a annoncé l’agence gouvernementale de…
SOMA INKURUByinshi ku mpanuka y’ubwanikiro bw’ibigori yahitanye abatari bake
Mu mujyi wa Kigali, mu karere ka Gasabo, mu murenge wa Rusororo, akagari ka Gataraga, mu gitondo cyo kuwa gatanu nibwo nibwo habaye impanuka ihitana abantu 11 bagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibigori hakomereka 36, ubwo bari mu mirimo yo gutunganya umusaruro wabyo. Ibi byabaye ahagana saa mbili za mu gitondo. Abari bari aho impanuka yabereye batangaje ko yatewe n’umuyaga ndetse ubwanikiro butari bukomeye mu gihe bwariho ibigori byinshi cyane, banemeje ko ibigori byagwiriye abaturage ari ibyo bari bamaze gukura mu murima banze kubisiga ku gasozi bakaba bakoreraga muri koperative y’abahinzi. Uwitwa Mukarutesi…
SOMA INKURUMusanze: Historically Marginalized women decry serious sexual and physical abuse
By NIKUZE NKUSI Diane Historically Marginalized women from Kinigi and Nyange Sectors in Musanze district, Northern Province say that despite the Covid-19 pandemic taking all the focus of wellbeing of citizens there are serious injustices in form of physical and sexual abuse facing these communities and if not attended to urgently could result into loss of life. Taking a tour through the homes of these Historically Marginalized women’s communities, you will be surprised by seeing the old mud houses with only few strings where the few belongings and clothes…
SOMA INKURU