Mu kiganiro n’Abanyamakuru,Umujyi wa Kigali wasabye abawutuye kwidagadura ariko ntibarenze urugero ngo bigere ubwo babangamira abandi. Ibi abayobozi b’Umujyi wa Kigali babigarutseho bakomoza ku myifatire ikwiye kuranga abatuye Umujyi muri iyi minsi mikuru cyane ko abantu baherutse gukomorerwa kujya bidagadura bakageza mu gitondo muri wikendi. Meya mushya w’Umujyi wa Kigali,Dusengiyumva Samuel yavuze ko abazagira ibihe byo kwidagadura muri iyi minsi mikuru bakwiye kuzirikana ko bafite abo baturanye na bo badakwiye kubabangamira. Ati “Uretse no mu gihe cy’iminsi mikuru, abanyamategeko baravuga ngo aho uburenganzira bwawe burangirira niho ubwa mugenzi wawe butangirira.…
SOMA INKURUCategory: politike
EAC Regional Force completes withdrawal from DR Congo
The East African Community Regional Force (EACRF) on Thursday, December 21, completed its exit from Goma, capital of DR Congo’s North Kivu Province, citing a mixture of successes and drawbacks during its stay in the unstable country. The East African Community Regional Force with troops from Kenya, Burundi, Uganda, and South Sudan, begun withdrawing from DR Congo, in early December, just over a year since it was deployed to support peace efforts for the country’s conflict-ridden east. The first group of up to 100 Kenyan troops boarded a plane at Goma Airport…
SOMA INKURUIby’amatora muri RDC bikomeje kuzamo ibibazo
Abakandida batanu bari mu bahataniye umwanya w’umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) basabye ko amatora asubirwamo kuko yabayemo ibitubahirije amategeko. Aya matora yari yateganyijwe kuri uyu wa 20 Ukuboza 2023, guhera saa kumi n’ebyiri z’igitondo (ku masaha y’i Kinshasa), ariko hari n’aho byageze saa saba z’amanywa ataratangira. Kubera ubu bukererwe, Komisiyo yigenga ishinzwe amatora, CENI, yaraye itangaje ko site z’itora zafunguwe zikerewe zirakomeza gutorerwamo kugeza saa Tanu z’ijoro. Byamenyekanye kandi ko hari site z’itora zitigeze zitorerwaho. CENI yabyemeje, itangaza ko abagombaga kuzitoreraho batora mu gitondo cy’uyu wa…
SOMA INKURUNyabihu abagabo baba intandaro y’inzara n’amakimbirane bakebuwe
Abagabo biganjemo abo mu kagari ka Basumba, mu murenge wa Bigogwe n’abandi bashinjwa kurya mu tubari ibirimo inyama zokeje ku biti, iz’ingurube zizwi nk’akabenzi, ibirayi bikaranze mu mavuta, amagi n’ibindi ndetse bakarenzaho inzoga birengagije ko mu ngo zabo batasizeyo ibyo kurya ibi bikaba bikunze kuba intandaro y’inzara n’amakimbirane mu ngo bikarangira zisenyutse. Bamwe mu bagabo bahisemo guhindura iyi myitwarire bahoranye, bavuga ko mbere yo guhinduka bangizaga imitungo y’urugo ndetse bagahohotera n’abo bashakanye, bikabahoza mu bukene bukabije n’amakimbirane mu miryango. Ntakaziraho Jean de Dieu yagize ati “Narebye igihe natakaje ndeba umutungo…
SOMA INKURULa Corée du Nord a tiré un deuxième missile balistique en moins de vingt-quatre heures
Pyongyang a lancé lundi ce qui semble être un missile balistique, a déclaré Séoul, soit le deuxième tir de missile effectué en moins de vingt-quatre heures. Le dernier tir effectué par la Corée du Nord était probablement capable d’atteindre “tout le territoire des États-Unis”, selon un responsable japonais de la Défense. Quelques heures seulement après le lancement d’un missile balistique à courte portée, la Corée du Nord a procédé lundi 18 décembre à un essai de son missile balistique intercontinental le plus avancé capable d’atteindre les États-Unis, le dernier tir en date d’une…
SOMA INKURUImpanuka yateje ubwoba n’impagarara ku mutekano wa Perezida Joe Biden
Ku Cyumweru, tariki 17 Ukuboza 2023, ubwo Perezida wa Amerika, Joe Biden, yavaga ku biro bishinzwe gukurikirana ibikorwa bye byo kwiyamamaza muri Leta ya Delaware, imwe mu modoka yari iri mu zimuherekeje yagonzwe n’indi yaturutse ku ruhande, bitera ubwoba n’impagarara ku mutekano we. Iyi modoka yagonzwe yari iri muri metero 40 ivuye aho iya Perezida Biden yari iri. Byatumye uyu Mukuru w’Igihugu ahita ahabwa indi mu modoka ndetse ahungishwa vuba na bwangu. Umwe mu bakozi bo muri White House, wabonye ibi biba, yabwiye umunyamakuru w’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, ko “Yaba…
SOMA INKURUPerezida Joe Biden ashobora kweguzwa manda ye itarangiye
Ikinyamakuru Reuters cyatangaje ko abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahagarariye ishyaka ry’aba-Républicain, batoye ko Perezida Joe Biden akorwaho iperereza rishobora kumweguza, mu gihe habura amezi ngo manda ye ya mbere irangire.Iri tora ryabaye kuri uyu wa 13 Ukuboza 2023, abagize inteko 221 bo mu ishyaka ry’aba-Républicain batoye ko Biden akorwaho iperereza, mu gihe 212 ba Démocrates babyanze. Impamvu y’iri tora ni uruhare ishyaka ry’aba Républicain rikeka ko Biden yaba afite mu ishoramari umuhungu we, Hunter Biden, yakoreye mu mahanga arimo Ukraine n’u Bushinwa, kuva mu…
SOMA INKURUAmakuru mashya kuri Kabuga Félicien iregwa ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi
Urugereko rwo mu Buholandi rwaburanishaga Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, rwabwiwe ko hari intambwe imaze guterwa mu gushaka igihugu azarekurirwamo by’agateganyo. Kabuga, inyandiko y’urukiko ivuga ko afite imyaka 88, ntiyari ari mu cyumba cy’urukiko kubera uburwayi. Muri Nzeri (9) uyu mwaka, uru rukiko rwasigaye ruca imanza zasizwe n’urwari urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, rwanzuye ko rukomeje ingingo yo guhagarika by’igihe kitazwi urubanza rwa Kabuga ku mpamvu z’uburwayi, kandi ko azarekurwa by’agateganyo. Icyo cyemezo cyamaganywe na leta y’u Rwanda n’abarokotse jenoside. Kabuga aregwa…
SOMA INKURUWorld Teacher’s Day: Why teachers’ shortage is still an issue
The world Teachers’ Day will be celebrated in Rwanda on December 14, under the theme “The teachers we need for the education we want: The global imperative to reverse the teacher shortage.” The day is also aimed at examining how schooling systems, communities, societies, and families perceive, appreciate, and effectively support instructors. Speaking to some of the educators, they highlighted the cause of teacher shortage, how to address it, and the support they require from society. William Niyonzima, a teacher at the Institute of Applied Sciences (INES) – Ruhengeri, explained…
SOMA INKURUTanzania: Abatangaje urupfu rwa vice-Perezida bari guhigwa bukware
Igihuha cy’urupfu rwa Visi Perezida Philip Mpango cyatangiye gukwirakwizwa mu mpera z’icyumweru gishize nyuma y’uko hari hashize ukwezi kurenga uyu mugabo atagaragara mu ruhame. Ku Cyumweru tariki 10 Ukuboza mu 2023, nibwo Visi Perezida wa Tanzania, Philip Mpango, yongeye kugaragara mu ruhame ubwo yari yitabiriye Misa kuri Paruwasi yitiriwe Maria Theresa Ledochowska, i Dodoma muri Tanzania. Uyu mugabo uvuga ko yari amaze ukwezi kurenga mu kazi hanze y’igihugu, yatangaje ko yakomerekejwe n’ibi bihuha by’urupfu rwe. Inzego z’ubuyobozi muri Tanzania zatangiye iperereza rigamije gushakisha abantu baherutse gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga ko…
SOMA INKURU