U Burundi bwafashe umwanzuro wo gufunga imipaka ibuhuza n’u Rwanda, mu gihe hari hashize iminsi mike Perezida Evariste Ndayishimiye aciye amarenga kuri iki cyemezo, nyuma yo gushinja u Rwanda gushyigikira Umutwe wa RED-Tabara urwanya leta y’igihugu cye. Ni ibirego u Rwanda rwahakanye, rushimangira ko nta nyungu rwagira mu guhungabanya umutekano w’iki gihugu. Iri fungwa ry’imipaka ryabaye kuri uyu wa Kane, tariki 11 Mutarama 2024, akaba ari nabwo byamenyekanye ko Leta y’u Burundi yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yose ibuhuza n’u Rwanda. Si ubwa mbere u Burundi bufata icyemezo cyo gufunga…
SOMA INKURUCategory: politike
Rwanda: Abantu bafite ubumuga babaye indashyikirwa ku murimo bahishuye ibanga bakoresha
Ibarura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire yabo ryakozwe n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) muri 2022, ryatangaje ko 30% by’abantu bafite ubumuga ari bo bafite akazi mu gihe abatabufite ari 48%. Umubare uri hejuru w’abantu bafite ubumuga bari mu kazi uherereye mu karere ka Nyagatare ku kigero cya 41%, mu gihe umubare uri hasi w’abantu bafite ubumuga bafite akazi ari 21% bagaragara mu karere ka Karongi. Muri aba bantu afite ubumuga imibare igaragaza ko bari mu kazi harimo intangarugero nubwo nabo bemeza ko hari imbogamizi zikigaragara. Indashyikirwa mu burezi muri…
SOMA INKURURusizi: Ubuyobozi bwihaye imyaka 3 yo kuvana abaturage ibihumbi 24 mu bukene
Nyuma y’uko mu ntangiriro z’umwaka ushize wa 2023, Leta y’u Rwanda yakuyeho gahunda yo gufasha abaturage hagendewe ku byiciro by’ubudehe nyuma yo gutahura ko iyi gahunda ituma hari abakoresha nabi inkunga bahabwa kugira ngo bazakomeze bafashwe, ntibyabujije ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bwihaye intego yo gufasha abaturage bakennye ibihumbi 24 kugira ngo babashe kwivana mu bukene mu gihe kitarenze imyaka itatu. Iyi gahunda yasimbujwe gahunda yo gufasha umuturage kwifasha, aho umuturage uhabwa ubufasha asabwa gushyiraho ake kugira ngo ave mu bukene abigizemo uruhare. Mu karere ka Rusizi abo Leta igenera ubufasha…
SOMA INKURUCongo ibintu bikomeje gufata indi sura, umuvugizi wa Katumbi yaburiye perezida Tshisekedi
Umuvugizi wa Moïse Katumbi umukandida waje ku mwanya wa kabiri mu matora ya perezida wa DR Congo yavuze ko Perezida watowe Felix Tshisekedi ari we uzabazwa ugerageza kose guhungabanya ubuzima bwitebwa Katumbi. Ni nyuma y’uko kuwa mbere Moïse Katumbi agiye gusohoka iwe mu rugo ahitwa Kashobwe muri teritwari ya Kasenga mu ntara ya Haut Katanga, yasanze hari abasirikare benshi n’ibimodoka byabo bagose urugo rwe bamubuza kuva iwe. Kuwa mbere, Katumbi yasohoye itangazo ryamagana amatora aheruka avuga ko “igisubizo cyonyine ari ukuyasesa” ndetse asaba umuryango mpuzamahanga “kutemera ibyavuye muri aya matora…
SOMA INKURUNyuma y’igihe kitari gito gahunda yo kohereza abimukira isubikwa, hamenyekanye igihe aba mbere bazagezwa mu Rwanda
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu y’u Bwongereza (UK) yatangaje ko Guverinoma yiteguye kohereza by’agateganyo mu Rwanda abimukira bagera ku 33,085. Abimukira ba mbere bashobora kugezwa mu Rwanda mu mpera za Werurwe 2024. Ikinyamakuru The Telegraph cyavuze ko imibare yatangajwe ku wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024, igaragaza ko abo bimukira binjiye mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu mwaka ushize wa 2023, ariko bamaze gusaba ibyemezo byo kuhaba mu nzira zemewe guhera muri Nyakanga, ubwo Iteka rya Minisitiri w’Intebe ryasohokaga. Iryo teka riha Guverinoma uburenganzira bwo gufata abimukira bose banyuze mu…
SOMA INKURUNtibavuga rumwe na Perezida Ndayishimiye ushaka gufunga imipaka ibahuza n’u Rwanda
Nyuma y’aho Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, atangaje ko u Rwanda rucimbikiye, rugaburira ndetse rugaha intwaro n’imyitozo umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wagabye igitero mu gace ka Gatumba, amashyaka abiri yo mu Burundi, CNDD-FDD riri ku butegetsi na UPRONA ntiyifuza ko umubano w’iki gihugu n’u Rwanda wazamba ku buryo byagera aho imipaka yongera gufungwa. Ijambo rya Ndayishimiye, ryaba ari iryo yavugiye mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 29 Ukuboza 2023 ubwo yari mu ntara ya Cankuzo, n’irisoza umwaka yagejeje ku Barundi yose, yaciye amarenga ko yaba ateganya gufunga imipaka,…
SOMA INKURUExpropriation for four multi-billion national road projects gets greenlight
A new Ministerial Order signed by the Minister of Environment, Jeanne d’Arc Mujawamariya, and the Minister of Justice and Attorney General, Emmanuel Ugirashebuja, approved the expropriation of assets in public interest along four roads set to be constructed. The approval of the expropriation – published on December 20, 2023, in the official gazette – was done to pave way for the construction and rehabilitation of Base (Rulindo)-Butaro (Burera)-Kidaho (Burera) road, Sashwara (Nyabihu)-Rega (Nyabihu)-Mutovu (Rubavu)-Kabuhanga (Rubavu)-Busasamana (Rubavu)- Muhato (Rubavu) road, Mukoto (Rulindo)-Nyacyonga (Gasabo) road, as well as Kigali Logistics Platform (Kicukiro)-Bugesera…
SOMA INKURUDonald Trump fait appel de son exclusion de la primaire républicaine dans le Maine
L’ancien président américain Donald Trump a fait appel mardi de la décision prise par l’État du Maine l’excluant des bulletins de vote de la primaire républicaine en vue de l’élection présidentielle de novembre 2024. Le milliardaire avait été jugé jeudi “inapte à la fonction de président” en raison du violent assaut contre le Capitole de janvier 2021 commis par ses partisans. L’ex-président américain Donald Trump a fait appel, mardi 2 janvier, d’une décision qui l’exclut des bulletins de vote de la primaire républicaine dans l’État du Maine, le deuxième ayant pris une…
SOMA INKURUPerezida Kagame yaburiye abashyize mu majwi u Rwanda
Perezida Kagame yavuze ko nta hantu habi u Rwanda rutageze bityo utegura guhungabanya umutekano warwo akarushwanyaguza ariwe bizabaho. Ibi yabivuze mu birori bisoza umwaka we na madamu we batumiyemo abantu batandukanye muri Kigali Convention Center. Mu ijambo rye,Perezida Kagame yavuze ko imyaka ibaye myinshi u Rwanda ruvuye hasi cyane,rukubakwa none ubu rukaba rugeze ahashimishije. Ati “Usubije amaso inyuma,imyaka iragiye,ibaye myinshi,aho tuvuye,amateka ya bundi bushya tukubaka igihugu cy’u Rwanda,twahereye hasi cyane kubera amateka yacu tuzi.Sinirirwa nyasubiramo.Twahereye hasi cyane ku buryo nta hasi cyane haharuta twajyaga kugera.” Yavuze ko ubu ’aho gushwanyagurika…
SOMA INKURUU Bwongereza: Bizihije iminsi mikuru isoza umwaka bari mu gahinda kadasanzwe
Imibare yatangajwe ivuye mu ikusanyabiterezo ritandukanye kuri iki Cyumweru, igaragaza ko benshi mu baturage b’u Bwongereza mu myaka itatu ishize bivanye muri EU mu buryo bwuzuye, itazanye impinduka bari biteze. Mu babajijwe, 54% bagaragaje ko kwivana muri EU byagize ingaruka mbi cyane ku bukungu bw’u Bwongereza mu gihe abemeza ko byabaye byiza ari 13%. Mu babajijwe kandi 53% bavuze ko kwivana muri EU byagabanyije imbaraga z’u Bwongereza bwo kubasha kugenzura abinjira ku mipaka yabwo mu gihe 57% bavuga ko byagabanyije ububasha bari bafite mbere bwo kwinjiza mu gihugu ibicuruzwa byakorewe…
SOMA INKURU