Mu nama ya Komite Nyobozi y’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika ‘CAF’ yateranye ku wa Gatanu tariki 21 Kamena 2024 i Cairo mu Misiri iyobowe na Perezida w’iri mpuzamashyirahamwe, Dr Patrice Motsepe yemeje ko igikombe cy’Afurika cy’Ibihugu cya 2025 kizakinirwa muri Maroc, kizatangira tariki 21 Ukuboza 2025 gisozwe tariki 18 Mutarama 2026. Muri iyi Nama ya Komite Nyobozi ya CAF kandi yemeje ko igikombe cy’Afurika cy’Abagore WAFCON 2024 kizabera muri Maroc kizatangira tariki 5 Nyakanga kugeza tariki 26 Nyakanga 2024. Iri rushanwa mpuzamahanga rya CAN, rizaba rikinwe ku nshuro ya 35,…
SOMA INKURUCategory: Imikino
Nyuma yo kurangiza ibihano bya FERWAFA Héritier Luvumbu yasubiye mu ikipe yigeze gukinira
Umunyekongo Héritier Nzinga Luvumbu warangije ibihano yari yarafatiwe na Ferwafa kubera kuvanga umupira na politiki, yasinyiye ikipe ya Vita Club mu buryo bwemewe n’amategeko akaba ari ku nshuro ya Kabiri agiye gukina muri AS Vita Club. Uyu mukinnyi wahoze muri Rayon Sports ari kumwe na Sylla Aboubacar ukomoka muri Côte d’Ivoire na Mohamed Lamine Ouatarra bakuye muri JS Kabyle yo muri Algeria, berekanywe n’iyi kipe yo muri Congo Kinshasa nk’abakinnyi bayo mu myaka ibiri iri imbere. Mu ntangiriro z’uyu mwaka nibwo Umunye-Congo Luvumbu yatandukanye na Rayon Sports binyuze mu bwumvikane…
SOMA INKURURepublican Guard secured third consecutive title victory
The Republican Guard (RG) team on Sunday, June 16, won their third straight RDF Liberation Cup competition after defeating Basic Military Training Center Nasho (BMTC Nasho) 3-0 in the 2024 final match held at Kigali Pelé Stadium . The final match that attracted many spectators, was also attended by Minister of Defence Juvenal Marizamunda and Rwanda Defence Force Chief of Defence Staff, Gen Mubarakah Muganga and other senior RDF officers. A notable highlight of the match was the presence of the commandant of the Republican Guard, Major General Willy Rwagasana…
SOMA INKURUIkipe ya Rayon Sports yibitseho umukinnyi mushya
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’umukinnyi mwiza wa shampiyona y’u Burundi 2023-2024 ,Niyonizeye Fred w’imyaka 22 wakiniraga ikipe ya Vital’o yatwaye shampiyona. Amakuru dukesha Kigali Today,aravuga ko Fred Niyonizeye ukina hagati mu kibuga yugarira cyangwa asatira ari mu muryango winjira mu ikipe ya Rayon Sports ndetse bamaze kumvikana ibishoboka byose, bikaba bivugwa ko yasinye amasezerano y’imyaka ibiri aho yahawe Miliyoni 17 Frw, akaba azajya ahembwa ibihumbi 900 Frw by’umushahara ku kwezi. Bumvikanye ko Rayon Sports nta mafaranga yari ifite azishyurwa nyuma gusa ngo nta masezerano yari yasinywa. Abamuhagarariye ndetse…
SOMA INKURUIkihishe inyuma y’amakimbirane akomeye hagati ya Samuel Eto’o Fils n’umutoza w’ikipe ya Cameroon
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 28Gicurasi 2024 nibwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroon (FECAFOOT) rikuriwe na Samuel Eto’o Fils ryatumije umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Marc Brys watanzwe na Guverinoma kugira ngo atange ibisobanuro kuri byinshi yashinjwaga byo kudakorana neza n’iyi Federasiyo, ariko ntibyagenze nk’uko byari byateguwe. Iyi nama ariko yaje kugaragaramo Umujyanama muri Minisiteri ya Siporo, Cyrille Tollo, utari wayitumiwemo. Yahise asabwa gusohoka agasubira kuri Minisiteri maze na we ahita asaba Umutoza Marc Brys ko yasohoka bakajyana akareka kwitaba FECAFOOT yari yamuhamagaje, ikintu cyababaje Perezida wa Federasiyo,…
SOMA INKURUHagaragajwe umutungo wa FERWAFA n’ikoreshwa ryawo
Mu Nteko Rusange Isanzwe y’ Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” iri kubera muri Kigali Convention Center hatangajwe ko amakipe y’Igihugu yakoresheje miliyari 1,177 Frw mu 2023 naho mu 2022 yari miliyari 1,449 Frw. Mu mwaka wa 2023, Amavubi y’Abagabo yakoresheje miliyoni 357,3 Frw mu gihe yari miliyari 1,168 Frw mu 2022.Abagore bakoresheje miliyoni 271,9 Frw naho amakipe mato akoresha miliyoni 135,3 Frw. Ingendo, gucumbika n’umwiherero by’amakipe y’Igihugu byatwaye miliyoni 413 Frw mu 2023 mu gihe mu 2022 yari miliyoni 280,6 Frw. Miliyoni 112 Frw yahawe amakipe akina Shampiyona, angana…
SOMA INKURUInteko rusange idasanzwe ya Kiyovu Sports ihatse byinshi
Nyuma y’aho ikipe ya Kiyovu Sports isoje Shampiyona ari iya gatandatu, aho yaranzwe no kudahemba abakinnyi no gufatirwa ibihano na FIFA harimo kutemererwa kugura abandi bakinnyi kubera amadeni y’asaga miliyoni 50 Frw ibereyemo abo yirukanye binyuranyije amategeko, yatumije inteko rusange idasanzwe. Uku gutumiza inteko rusange bikaba byakozwe n’umuryango wa Kiyovu Sports, ikazabera kuri Hotel Chez Lando ku Cyumweru, tariki ya 26 Gicurasi 2024, ikaba yatumiwemo abanyamuryango bose igamije kuvugurura amategeko shingiro n’amabwiriza ngengamikorere no kuzuza imyanya. Uretse ibiri ku murongo w’ibyigwa, hari amakuru avuga ko hashobora kuzakomozwa ku mibereho y’iyi…
SOMA INKURUDemi-finale de Ligue Europa OM-Atalanta Bergame : pour Marseille, l’Europe comme seule flamme
Du côté de Marseille, la saison 2023-2024 aura été pénible, entre valse des entraîneurs et chemin de croix en Ligue 1. Heureusement, la Coupe d’Europe a été là pour ramener de la joie sur le Vieux-Port. Une joie que les fans marseillais espèrent voir perdurer alors que l’OM aborde sa demi-finale aller de ligue Europa, jeudi, face à l’Atalanta Bergame. Coiffer au poteau le PSG en remportant une Coupe d’Europe avant la capitale ? Les Marseillais en rêvent, fidèles à leur crédo “À jamais les premiers !”, et alors que l’éventuelle finale…
SOMA INKURUCollège Christ-Roi de Nyanza students shine at international First Lego League
Ten students from Collège Christ-Roi de Nyanza who won the national First Lego League competition, returned from Texas, USA, on Monday, April 22, where they debuted in the International First Lego League (FFL) competition. The group was awarded for their innovative use of virtual reality technology in the construction industry with their project that assists architects and engineers in creating 3D building designs. They competed against over 100 teams from around the globe. At the national level, the group won the national title for ‘Motivation Award’ in the ‘Best Innovation Project’ presentation…
SOMA INKURUAS Kigali yabujije APR FC amahirwe yo kwegukana igikombe hakiri kare
APR FC yasabwaga gutsinda umukino w’ikirarane wayihuje na AS Kigali ngo yegukane igikombe cya shampiyona hakiri kare, ariko igitego cyo mu minota ya nyuma cya AS Kigali cyishe ibirori byayo kuri Kigali Pele Stadium. APR FC niyo yatangiye neza cyane uyu mukino kuko ku munota wa 3 gusa,Kwitonda Bacca yacenze Ishimwe Saleh, ahindura umupira mu rubuga rw’amahina, usanga Mbaoma washyizeho umutwe, ku bw’amahirwe ye make ufatwa na Hakizimana Adolphe. Icyakora ntibyatinze ku munota wa 13,AS Kigali ifungura amazamu ibifashijwemo na Ishimwe Fiston,ku mupira yahawe na Felix Kone. Ku munota wa…
SOMA INKURU