Ingaruka zo kutaboneza urubyaro ku ihindagurika ry’ikirere

Usanga hirya no hino mu Rwanda abantu banyuranye bavuga ko habayeho ihindagurika ry’ikirere rikabije ndetse hakaba n’abavuga ko wakeka ko u Rwanda rw’uyu munsi runyuranye n’urwo mu bihe byashize. Akaba ari muri urwo rwego hasuwe akarere ka Muhanga hamwe mu havugwaho ihindagurika ry’ikirere rikabije, intandaro ishyirwa mu majwi akaba ubwiyongere bw’abaturage. Ntamwemezi Diogene utuye mu mudugudu wa Gitongati, mu kagali ka Nganzo, mu murenge wa Muhanga, mu karere ka Muhanga yavuze ko ubwiyongere bw’abaturage muri kano Karere  aribwo ntandaro yo kwangiza amashyamba,  kuko bayatema bashaka ibibanza byo kubakamo ndetse n’imashini…

SOMA INKURU

Mexique: plusieurs dizaines de morts après le passage de l’ouragan Otis

L’ouragan Otis, qui a dévasté la région d’Acapulco au Mexique en milieu de semaine, a fait au moins 48 morts, selon un nouveau bilan annoncé dimanche. Six personnes sont toujours portées disparues. Le comptage des victimes a été ralenti par la coupure des télécommunications et du courant. À Acapulco, l’heure est au bilan après le passage de l’ouragan Otis. Il a fait au moins 48 morts et six personnes sont portées disparues dans la station balnéaire du sud-ouest du Mexique, ont rapporté les autorités dimanche 29 octobre. Le précédent bilan faisait état…

SOMA INKURU

Ruhango: Umuco kimwe mu bitera iyangirika ry’ibidukikije

Nyumay’uko mu karere ka Ruhango gaherereye mu Ntara y’Amajyepfo, hagaragaye ikibazo cy’uko abaturage baho bagikoresha cyane ibicanwa byiganjemo ibikomoka ku biti ari nabyo bifite uruhare rukomeye mu iyangirika ry’ibidukikije, umuyobozi wungiririje w’aka karere yahishuye ko umuco ari wo zingiro ry’iki kibazo. Umuyobozi w’ akarere ka Ruhango wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Rusiribana Jean Marie Vianey  yatangaje ko aka karere kari mu  dutuwe cyane aho kuri kirometero kare hatuye abaturage barenga 538, yemeza ko ubu bucucike iyo buhuye n’ umuco ndetse n’imyumvire bituma abantu bangiza ibidukikije bitwaje gushaka ibicanwa bikomoka ku biti…

SOMA INKURU

Bishimira inyungu bakesha kubungabunga Parike y’Ibirunga

U Rwanda rwashyizeho politiki n’ingamba zigamije kubungabunga no kurwanya igabanuka ry’urusobe rw’ibinyabuzima aho mu ntego z’icyerekezo 2050, biteganyijwe ko u Rwanda ruzaba mu bihugu bifite iterambere ritabangamiye ibidukikije kandi ryihanganira imihindagurikire y’ibihe.  Ni muri urwo rwego abatuye mu mirenge ya Nyange na Kinigi, mu karere ka Musanze bibumbiye mu mashyirahamwe anyuranye, muri bo harimo n’abahoze ari ba rushimusi, kuri ubu bakaba barata inyungu zo gusigasira ibigize Parike y’Ibirunga. Abaturage baturiye Pariki y’Ibirunga bavuga ko kuva aho barekeye kwangiza ibiyigize, bakamenya ibyiza byo kuyibungabunga, kuri ubu bahurijwe hamwe mu mashyirahamwe akora…

SOMA INKURU

Reintroduction effort brought lions back to Akagera Park

By Diane NIKUZE NKUSI Historical records reveal that the lion population in Rwanda’s Akagera National Park, once numbering 300 individuals, faced extinction by 2001 due to rampant poaching and conflicts between humans and wildlife. However, in 2015, a reintroduction effort brought back seven lions to the park, followed by the addition of two males in 2017 to enhance the genetic diversity within the population. Speaking to the umuringanews, Ladislas Ndahiriwe, the Park Manager, said that the lion population has not only rebounded but flourished, currently numbering 59 individuals. He attributes…

SOMA INKURU

Rwanda: Inyamaswa zishobora kuzaba amateka nizititabwaho kurushaho

U Rwanda ni kimwe mu bihugu byinjiriza akayabo mu rwego rw’ubukerarugendo bushingiye ku byiza nyaburanga byarwo birimo n’inyamaswa; gusa zimwe muri zo ziragenda zikendera uko bwije n’uko bukeye ku mpamvu zirimo ubuhigi n’ubushimusi, mu gihe hari n’izamaze gushiraho. Abashakashatsi ku binyabuzima n’abarebera hafi iby’inyamaswa zo mu gasozi, bavuga ko kuba zimwe zarashizeho n’izindi zikaba ziri mu marembera bigirwamo uruhare n’ubuhigi bunyuranyije n’amategeko bukomeje kwiyongera, ba rushimusi, ndetse no kuziroga. Zimwe zigenda zigabanyuka mu mibare n’aho zagaragaraga, naho izindi hashize imyaka myinshi zitakiboneka ahantu na hamwe mu Rwanda ku buryo bitekerezwa…

SOMA INKURU

Ibiza bimaze gutwara ubuzima bw’abatari bake mu kwezi kumwe

Kuva tariki 1 kugeza kuri 28 Nzeli 2023 imvura y’umuhindo yateje ibiza bimaze kwica abantu 20, abagera kuri 58 barakomeretse. Ibi bikaba byatangajwe na Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi. Abishwe n’ibiza muri uku kwezi 1/2 cyabo bishwe n’inkuba zinakomeretsa abandi 43. Imibare inagaragaza ko ibi biza byangije ibyumba by’amashuri 37 binasenye inzu 499 binangiza hegitari 58 z’imyaka ndetse byica inka ebyiri n’andi matungo 123. Umunyamabanga uhoraho muri iyi Minisiteri, Habinshuti Philippe, yasabye Abanyarwanda gukomeza kwitwararika, bakubahiriza inama bagirwa n’inzego z’ubuyobozi, bakirinda inkuba kandi bakava ahashyira ubuzima bwabo mu kaga. Yanasabye abaturage kurwanya…

SOMA INKURU

GMO: One of the pillars of food security

BY NIKUZE NKUSI Diane   Many of us have heard the term “GMOs,” but how many of us know what they are as well as their benefits to the food supply and the environment? GMO (genetically modified organism) technology uses specific scientific innovation to genetically alter plants and promote desired characteristics. For example, these characteristics can help fruits and vegetables grow better under environmental stresses like drought, ward off crop diseases and pests and even forgo browning in fruits once they are sliced. This technology also decreases food waste, gives…

SOMA INKURU

Maroc: Baracyashakisha abaheze munsi y’ibyasenyutse kubera umutingito

Maroc irimo gusiganwa n’igihe ngo irokore abaheze munsi y’ibisigazwa by’ibyabasenyukiyeho kubera umutingito w’isi wo ku wa gatanu, mu gihe abashinzwe ubutabazi bwihuse barimo kugorwa no kugeza ubutabazi mu duce twa kure. Mu byaro bakomeje gucukura bakoresheje amaboko hamwe n’ibitiyo mu gushakisha abarokotse, mu gihe amatsinda y’ubutabazi arimo kugorwa no kuhageza imashini zabugenewe. Ibyo bikoresho ubu bishobora kuba byanacyenerwa mu gutegura imva za bamwe mu babarirwa mu bihumbi bishwe n’uwo mutingito. Umwe mu batuye mu cyaro yabwiye BBC ko abantu “nta kintu na kimwe basigaranye”. Ati: “Abantu barashonje. Abana barashaka amazi.…

SOMA INKURU

Ibikorwa bya muntu biri ku mwanya wa kabiri mu kwangiza ibidukikije

Imyaka 1800 irashize abantu batangiye kwambara, mu ntangiriro imyambaro yakoreshwaga intoki gusa uko Isi yagiye itera imbere n’uruganda rw’imideli rwarazamutse imyenda itangira gukorerwa mu nganda. Ni muri urwo rwego uruganda rw’imideli ruri ku mwanya wa kabiri mu bikorwa bya muntu bihumanya ikirere, ari nayo mpamvu agashami ka Loni gashinzwe kurengera ibidukikije gasaba abari muri uru ruganda gukora iyo bwabaga bagashyiraho ingamba zihamye. Izi nganda ni zo zazamuye kwangiza ibidukikije bitewe n’imyuka ivamo ndetse n’ibitambaro bakoresha bitabora. Kimwe mu bintu bikomeje kwangiza ibidukikije mu mideli ni ubucuruzi bukorwa n’inganda aho zirindira…

SOMA INKURU