Kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Ukuboza 2024, ku bw’iganze amajwi 331 kuri 557 y’abagizeInteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, yatoye icyemezo cyo gutakariza icyizere Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Michel Barnier nyuma y’amezi atatu gusa agiye kuri uwo mwanya. Ikinyamakuru cya Al Jazeera, kivuga ko iki cyemezo cy’abagize Inteko Ishinga Amategeko, kirushijeho kongerera ubukana ibibazo bya politiki y’u Bufaransa ndetse no kuzamura ibibazo bijyanye n’ingengo y’imari y’Igihugu y’umwaka utaha. Amashyaka atavuga rumwe na Leta yahuje imbaraga yishyira hamwe mu rwego rwo gushyigikira icyo cyifuzo nyuma y’uko Barnier w’imyaka 73, akoresheje…
SOMA INKURUCategory: Amakuru yo mu Mahanga
G20 leaders wrestle with wars, climate, poverty as Trump’s return looms
G20 leaders meeting in Rio urged cooperation on climate change, poverty, and tax reform, while addressing conflicts in Gaza and Ukraine. A narrow consensus highlighted humanitarian suffering and economic fallout. Leaders called for urgent civilian aid, ceasefires, and multilateral unity ahead of Trump’s January return to power. Leaders from the Group of 20 major economies on Monday issued a joint statement highlighting the suffering caused by conflicts in Gaza and Ukraine, while calling for cooperation on climate change, poverty reduction and tax policy. G20 leaders meeting at Rio de Janeiro’s…
SOMA INKURUDonald Trump yishimiwe bikomeye n’Abatalibani
Leta ya Afghanistan iyoborwa n’Abatalibani yatangaje ko yiteguye kubana neza na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’ubutegetsi bwa Donald Trump. Ubu butumwa bwatanzwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afghanistan, Abdul Qahar Balkhi, nyuma y’aho Trump atsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye tariki ya 5 Ugushyingo 2024. Minisitiri Balkhi yagaragaje ko afite icyizere cy’uko ubutegetsi bushya bwa Trump “buzatera intambwe za nyazo ziganisha ku rugendo rukomeye mu mubano w’ibihugu byombi kandi bizashobora gufungura urupapuro rushya muri uyu mubano.” Uyu muyobozi yashimye icyemezo Trump yafashe muri manda ya mbere cyo gukura…
SOMA INKURUMalawi: Opposition Woman Arrested for Alleged Plot to Kill Head of State
Patricia Kaliati, a prominent opposition politician in Malawi, has been arrested on suspicion of plotting to assassinate President Lazarus Chakwera. On October 28, 2024, Kaliati appeared in court in the capital, Lilongwe, to begin trial proceedings on the charges against her. Various opposition politicians have claimed that the accusations against Patricia Kaliati are politically motivated. According to the French news agency AFP, before the trial began, supporters of the UTM party gathered outside the court, singing songs of protest against the government. The court accused her of conspiring with two…
SOMA INKURUU Bufaransa bwahagurukiye umutrwe wa M23
Leta y’u Bufaransa yamaganye umutwe wa M23, nyuma yo kubura imirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasize winjiye muri Teritwari ya Walikale. Kuva ku Cyumweru gishize ni bwo imirwano yagati ya M23 n’ingabo za Leta ya Congo yatangiye muri iriya Teritwari. Ku Cyumweru gishize M23 yigaruriye agace ka Kalembe yaje gutakaza nyuma y’umunsi umwe, ariko yongera kukisubiza hadaciye kabiri. Ibi biri mu byatumye u Bufaransa bwamagana uriya mutwe. Paris biciye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yayo yamaganye M23 ku bwo kubura imirwano, iyisaba kubahiriza agahenge kemerejwe…
SOMA INKURURussian attacks on Ukraine power grid probably violate humanitarian law: UN
International Energy Agency separately warns that the coming winter would prove to be the ‘sternest test yet’ for Ukraine’s energy grid. Ukraine says the targeting of its energy system is a war crime, and the International Criminal Court (ICC) has issued arrest warrants for four Russian officials and military officers for the bombing of civilian power infrastructure. Russia says power infrastructure is a legitimate military target and has dismissed the charges against its officials as irrelevant. “Russia is trying to plunge Ukraine in the dark with targeted attacks on its…
SOMA INKURU‘Guerrilla projects’: Russia revels in US allegations of media warfare
Public figures close to President Putin goad Washington after the DoJ alleged that RT is puppeteering social media influencers. Last week, the United States Department of Justice unsealed an indictment accusing a Tennessee-based company, believed to be Tenet Media, of accepting millions of dollars from the Russian state-owned media outlet RT and promoting “pro-Russia propaganda and disinformation across social media to US audiences”. Tenet was responsible for high-profile right-wing influencers, including Dave Rubin, Lauren Southern and Tim Pool. “Ukraine is the enemy of this country,” Pool angrily declared on his…
SOMA INKURULa Corée du Nord lance de multiples “missiles balistiques de courte portée” dans la mer
La Corée du Sud a annoncé que son voisin du Nord avait procédé jeudi matin au tir de “missiles balistiques de courte portée” en direction de la mer du Japon. Le dirigeant nord-coréen Kim Jong-un avait récemment déclaré vouloir renforcer l’arsenal nucléaire de son pays. La Corée du Nord a tiré jeudi 12 septembre de multiples “missiles balistiques de courte portée” en direction de la mer, a affirmé l’armée sud-coréenne, précisant analyser l’incident. Pyongyang a lancé de multiples “missiles balistiques de courte portée […] vers la mer de l’Est [appellation coréenne de la…
SOMA INKURUUganda’s Bobi Wine shot, injured in altercation with police in Kampala
The police said officers attempted to block opposition leader from marching down a road, resulting in an altercation where Bobi Wine was hurt. Uganda’s main opposition leader Bobi Wine, who has emerged as the most formidable opponent of veteran President Yoweri Museveni, has been shot in the leg by security agents in a northern suburb of the capital, Kampala, his party said. Bobi Wine, a singer-turned-politician whose real name is Robert Kyagulanyi, finished runner-up in the 2021 presidential election behind Museveni, who has ruled the East African country for nearly…
SOMA INKURUBurundi: Red Tabara yashyize ahagaragara ibaruwa ifitiye ubutumwa ingabo z’iki gihugu
Umutwe Red Tabara urwaya leta y’ u Burundi watangaje ko ufite amakuru yizewe yemeza ko ingabo z’Abarundi, zifatanyije n’itsinda rya Wazalendo n’indi mitwe ya Mayi Mayi bari gutegura igitero simusiga cyo kuyirwanya. Mu ibaruwa umutwe wa Red-Tabara utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi yashyize ahagaragara ivuga ko bafite amakuru yizewe ko ingabo z’u Burundi n’imitwe ya Wazalendo na Maï Maï bafatanyije bateranira cyane cyane i Masango, Mugunda na Itombwe, barimo kwitegura igitero kinini cyo kurwanya umutwe wacu. Uyu mutwe wa Red Tabara bimenyerewe ko utangariza rubanda ko uzirwanaho n’imbaraga zawo zose,…
SOMA INKURU