Patricia Kaliati, a prominent opposition politician in Malawi, has been arrested on suspicion of plotting to assassinate President Lazarus Chakwera. On October 28, 2024, Kaliati appeared in court in the capital, Lilongwe, to begin trial proceedings on the charges against her. Various opposition politicians have claimed that the accusations against Patricia Kaliati are politically motivated. According to the French news agency AFP, before the trial began, supporters of the UTM party gathered outside the court, singing songs of protest against the government. The court accused her of conspiring with two…
SOMA INKURUCategory: Amakuru yo mu Mahanga
U Bufaransa bwahagurukiye umutrwe wa M23
Leta y’u Bufaransa yamaganye umutwe wa M23, nyuma yo kubura imirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasize winjiye muri Teritwari ya Walikale. Kuva ku Cyumweru gishize ni bwo imirwano yagati ya M23 n’ingabo za Leta ya Congo yatangiye muri iriya Teritwari. Ku Cyumweru gishize M23 yigaruriye agace ka Kalembe yaje gutakaza nyuma y’umunsi umwe, ariko yongera kukisubiza hadaciye kabiri. Ibi biri mu byatumye u Bufaransa bwamagana uriya mutwe. Paris biciye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yayo yamaganye M23 ku bwo kubura imirwano, iyisaba kubahiriza agahenge kemerejwe…
SOMA INKURURussian attacks on Ukraine power grid probably violate humanitarian law: UN
International Energy Agency separately warns that the coming winter would prove to be the ‘sternest test yet’ for Ukraine’s energy grid. Ukraine says the targeting of its energy system is a war crime, and the International Criminal Court (ICC) has issued arrest warrants for four Russian officials and military officers for the bombing of civilian power infrastructure. Russia says power infrastructure is a legitimate military target and has dismissed the charges against its officials as irrelevant. “Russia is trying to plunge Ukraine in the dark with targeted attacks on its…
SOMA INKURU‘Guerrilla projects’: Russia revels in US allegations of media warfare
Public figures close to President Putin goad Washington after the DoJ alleged that RT is puppeteering social media influencers. Last week, the United States Department of Justice unsealed an indictment accusing a Tennessee-based company, believed to be Tenet Media, of accepting millions of dollars from the Russian state-owned media outlet RT and promoting “pro-Russia propaganda and disinformation across social media to US audiences”. Tenet was responsible for high-profile right-wing influencers, including Dave Rubin, Lauren Southern and Tim Pool. “Ukraine is the enemy of this country,” Pool angrily declared on his…
SOMA INKURULa Corée du Nord lance de multiples “missiles balistiques de courte portée” dans la mer
La Corée du Sud a annoncé que son voisin du Nord avait procédé jeudi matin au tir de “missiles balistiques de courte portée” en direction de la mer du Japon. Le dirigeant nord-coréen Kim Jong-un avait récemment déclaré vouloir renforcer l’arsenal nucléaire de son pays. La Corée du Nord a tiré jeudi 12 septembre de multiples “missiles balistiques de courte portée” en direction de la mer, a affirmé l’armée sud-coréenne, précisant analyser l’incident. Pyongyang a lancé de multiples “missiles balistiques de courte portée […] vers la mer de l’Est [appellation coréenne de la…
SOMA INKURUUganda’s Bobi Wine shot, injured in altercation with police in Kampala
The police said officers attempted to block opposition leader from marching down a road, resulting in an altercation where Bobi Wine was hurt. Uganda’s main opposition leader Bobi Wine, who has emerged as the most formidable opponent of veteran President Yoweri Museveni, has been shot in the leg by security agents in a northern suburb of the capital, Kampala, his party said. Bobi Wine, a singer-turned-politician whose real name is Robert Kyagulanyi, finished runner-up in the 2021 presidential election behind Museveni, who has ruled the East African country for nearly…
SOMA INKURUBurundi: Red Tabara yashyize ahagaragara ibaruwa ifitiye ubutumwa ingabo z’iki gihugu
Umutwe Red Tabara urwaya leta y’ u Burundi watangaje ko ufite amakuru yizewe yemeza ko ingabo z’Abarundi, zifatanyije n’itsinda rya Wazalendo n’indi mitwe ya Mayi Mayi bari gutegura igitero simusiga cyo kuyirwanya. Mu ibaruwa umutwe wa Red-Tabara utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi yashyize ahagaragara ivuga ko bafite amakuru yizewe ko ingabo z’u Burundi n’imitwe ya Wazalendo na Maï Maï bafatanyije bateranira cyane cyane i Masango, Mugunda na Itombwe, barimo kwitegura igitero kinini cyo kurwanya umutwe wacu. Uyu mutwe wa Red Tabara bimenyerewe ko utangariza rubanda ko uzirwanaho n’imbaraga zawo zose,…
SOMA INKURURDC-Goma: Hafashwe abagera kuri 15 harimo abashinjwa gukorana na M23
Mu mujyi wa Goma mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo herekanwe itsinda ry’abantu 15 batawe muri yombi kuwa gatandatu tariki 24 Kanama 2024 mu gikorwa cya buri cyumweru kiswe “Safisha Mji wa Goma” (Sukura umujyi wa Goma). Iki gikorwa cyakozwe rwihishwa kugira ngo abategetsi ba RDC bita abacengezi batabimenya. Umuyobozi w’umujyi wa Goma (Kivu y’Amajyaruguru), Superintendent Faustin Kapend Kamand, yatangaje ko muri abo bafashwe harimo abantu 8 bakurikiranweho gushaka abantu bajya mu mutwe w’inyeshyamba za M23 ko ndetse itsinda ryabo ngo ryavumbuwe kandi rinafatwa n’inzego z’ubutasi zo mu…
SOMA INKURUPerezida Ndayishimiye yakebuye abarundi bavuga ko amafaranga yabo yataye agaciro
Kuri uyu wa 12 Kanama 2024, mu kiganiro n’abanyamakuru Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ko bidakwiye kugereranya ifaranga ry’u Burundi n’andi mpuzamahanga, kuko mu gihugu cyabo ho ryihagije. Igipimo cy’ivunja ry’amafaranga kigaragaza idolari rya Amerika kugeza kuri uyu wa 13 Kanama 2024, rifite agaciro kangana n’ak’amafaranga y’u Burundi 2881,8. Uyu Mukuru w’Igihugu yagaragaje ko Abarundi bagereranya ifaranga ry’u Burundi n’andi yo mu bihugu bikomeye bafite ikibazo cy’imyumvire. Yagize ati “Mufite ingorane kuko abo hanze bababeshye. Muza gupima ku munzani irirundi n’idolari. Mwebwe iyo mupima ayo mafaranga, muba mwatakaye. Pima…
SOMA INKURUIngabo z’Ubushinwa mu myitozo n’ibihugu 2 bya Afurika
Kuva tariki 29 Nyakanga 2024 nibwo ingabo z’Abashinwa, Mozambike na Tanzaniya zatangiye gukora imyitozo ihuriweho yitiriwe amahoro n’ubumwe ya 2024 muri Tanzaniya, yibanda ku bikorwa bya gisirikare byo kurwanya iterabwoba. Ingabo z’Abashinwa bitabiriye iyi myitozo ya Peace Unity 2024 zigizwe n’amatsinda abiri: imitwe y’ingabo zo ku butaka yoherejwe n’Ubuyobozi bukuru bw’igisirikare cy’u Bushinwa (PLA) mu gice cyo hagati mu gihugu, hamwe n’imitwe y’Ingabo zo mu mazi yoherejwe n’ubuyobozi bwa PLA mu gice cy’Amajyepfo. Imitwe yo ku butaka igizwe n’ingabo zo mu itsinda rya 82, abashinzwe amakuru n’itumanaho, n’ibitaro bya gisirikare.…
SOMA INKURU