Umuhanzi Chriss Eazy ategerejwe mu gitaramo azakorera muri Suède kuwa 8 Werurwe 2025, akazakomereza ibitatamo bye muri Pologne ku wa 26 Mata 2025. Kuwa 3 tariki 5 Gicurasi 2025, Chriss Eazy azataramira i Paris, ku wa 10 Gicurasi ataramire i Bruxelles mu Bubiligi mu gihe hari ibindi bitaramo bigera kuri bitanu bitaratangazwa. Igitaramo cyo muri Pologne giteganyijwe ku wa 26 Mata 2025, byitezwe ko Chriss Eazy azagihuriramo n’Umunya-Nigeria Joe Boy. Iki gitaramo kizaba gikurikiye icyo Chriss Eazy ateganya gukorera muri Suède byitezwe ko uyu muhanzi azahuriramo na Spice Diana uri…
SOMA INKURUYear: 2025
Indwara zo mu matwi ku isonga mu ndwara 20 zivuzwa na benshi
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), igaragaza ko indwara zifata mu matwi ziri ku rutonde rw’indwara 20, ziza imbere y’izivuzwa n’umubare munini w’abagana ibitaro byo hirya no hino mu gihugu MU Rwanda. Mu bantu babarirwa mu bihumbi 390 bo mu Rwanda bafite hejuru y’imyaka itanu, byagaragaye ko bafite ubumuga, muri bo abagera ku bihumbi 42 bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, kandi ahanini bituruka ku ndwara zo mu mu matwi ziba zitaravuwe neza. Kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, hakaba hatangijwe ku mugaragaro ubuvuzi bw’indwara zo mu…
SOMA INKURUCybersécurité : l’administration Trump baisse la garde face à la menace russe
Le secrétaire américain à la Défense Pete Hegseth a ordonné une pause dans toutes les cyberopérations contre la Russie, pays pourtant considéré comme une cybermenace de premier plan, rapportent dimanche plusieurs médias américains. Un changement de cap majeur qui intervient en plein rapprochement entre Moscou et Washington. Après l’humiliation de Volodymyr Zelensky dans le Bureau ovale, la rupture actée avec les Européens lors de la conférence de Munich et les amabilités échangées entre Donald Trump et Vladimir Poutine, l’alignement entre Moscou et Washington connaît une nouvelle illustration sur le front…
SOMA INKURUProcès Le Scouarnec : l’accusé “prêt à reconnaître” certains viols, dit en avoir “fini du mensonge”
Joël Le Scouarnec a déclaré lundi être “prêt à reconnaître” certains viols, affirmant en avoir “fini du mensonge”. Il est jugé à Vannes depuis le 24 février pour des viols et agressions sexuelles sur près de 300 patients. “Aujourd’hui, je me sens prêt à reconnaître certains faits de viols que j’ai voulu cacher, nier” a déclaré Joël Le Scouarnec, lundi 3 mars, devant la cour criminelle du Morbihan à Vannes. L’ex-chirurgien de 74 ans s’est dit prêt à reconnaître les viols dont il est accusé : “j’en ai fini du…
SOMA INKURUFighting Malaria in Rwanda: Progress, Challenges, and Personal Stories
Malaria remains one of the most pressing public health challenges in Rwanda. Despite significant progress in reducing the burden of the disease over the years, malaria continues to affect thousands of Rwandans annually, especially in rural areas. Experts, health workers, and affected individuals are actively working towards the goal of malaria elimination, but there are still obstacles to overcome. Rwanda’s Commitment to Malaria Control Over the past decade, Rwanda has made remarkable strides in combating malaria through comprehensive control strategies. These efforts include the distribution of insecticide-treated bed nets, indoor…
SOMA INKURUChildren among 18 killed in crush at New Delhi train station in India
Indian officials said the accident happened amid a surge of passengers waiting for trains to attend a major Hindu religious festival. Ten women and three children were among at least 18 people killed in a crowd crush at a train station in India’s capital New Delhi, as thousands of Hindu pilgrims waited to board trains to attend the annual Mahakumbh Mela religious festival. The incident unfolded on Saturday night at about 8pm local time (14:30 GMT) on two platforms at the New Delhi Railway Station as huge crowds waited to…
SOMA INKURURubio rencontre Netanyahu à Jérusalem pour parler du projet de Trump à Gaza
Le chef de la diplomatie américaine, Marco Rubio, a entamé, dimanche, une rencontre avec le Premier ministre israélien, Benjamin Netanyahu, dans son bureau à Jérusalem, au début de sa première tournée au Moyen-Orient. Au programme : l’accord de trêve ainsi que la proposition du président Donald Trump de prendre le contrôle de la bande de Gaza. Le secrétaire d’État américain, Marco Rubio, a débuté, dimanche 16 février, un entretien avec le Premier ministre israélien, Benjamin Netanyahu, à Jérusalem. Une rencontre qui intervient au lendemain de nouvelles libérations d’otages à Gaza…
SOMA INKURUViolences sexuelles à Bétharram : François Bayrou défend son rôle de ministre entre 1993 et 1997
Le Premier ministre, François Bayrou, a rencontré samedi des victimes de violences sexuelles au collège-lycée Bétharram, dans les Pyrénées-Atlantiques. À l’issue de cet entretien, le chef du gouvernement a affirmé avoir “fait ce qu'(il) devait faire” lorsqu’il était ministre de l’Éducation nationale entre 1993 et 1997. Le Premier ministre François Bayrou, sous pression dans le dossier des violences au sein de l’établissement de Bétharram (dans les Pyrénées-Atlantiques), a défendu samedi 15 février son action lorsqu’il était ministre de l’Éducation et promis des moyens supplémentaires aux victimes qu’il a reçues longuement…
SOMA INKURURwandair yemeje ko yashyize mu bikorwa icyemezo cya RDC
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Gashyantare 2025, nibwo Leta ya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yaciye indege ziva mu Rwanda mu kirere no ku butaka bwayo, isobanura ko ari ingamba z’umutekano, nyuma y’amasaha make RwandAir yavuze ko yatangiye kubahiriza icyo cyemezo. Urwego rwa RDC rushinzwe indege za gisivili rwavuze ko indege za gisivili cyangwa za Leta zanditse mu Rwanda cyangwa se ahandi ariko zikorera mu Rwanda, zaciwe mu kirere no ku butaka bwa RDC kubera umutekano muke watewe n’intambara Mu itangazo RwandAir yashyize hanze, yavuze…
SOMA INKURURwanda: Umubare w’abangavu baterwa inda ukomeje kwiyongera
Ubushakashatsi bwakozwe na Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu, bwagaragaje ko abakobwa baterwa inda batarageza ku myaka y’ubukure ari 57,1% bazitewe n’abo basanzwe ari inshuti, 7% bakaziterwa n’abaturanyi babo mu gihe 2% bazitewe n’abo bafitanye isano. Mu bangavu babajijwe, 470 bangana na 68% bari bafite munsi y’imyaka 18 batewe inda biturutse ku cyaha cyo gusambanya umwana, abandi 50 bangana na 7% batewe inda biturutse ku gufatwa ku ngufu, mu gihe 170 bangana na 25% bafite imyaka iri hagati ya 18 na 19 batewe inda zitateganyijwe, biturutse ku mibonano mpuzabitsina bakoze ku…
SOMA INKURU