Hasohotse raporo igaragaza igurishwa ry’abimukira

Raporo yakozwe n’abashakashatsi batandukanye yagaragaje ko Tunisia yirukanye abimukira, ikabagurisha kuri Libiya. Nk’uko byasobanuriwe Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi ku nshuro ya mbere tariki 29 Mutarama 2025, ibikubiye muri iyo raporo ngo bikaba bishimangira ikibazo ibyo bihugu byombi bifite. Muri ibyo bibazo hakubiyemo ibijyanye no guhungabanya uburenganzira bw’abimukira, cyane cyane abaturuka muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara. Iyo raporo yakozwe n’itsinda ry’abashakashatsi, yashyizwe no ku rubuga rwa X, yanditse mu rurimi rw’Icyongereza, abo bashakashatsi bakaba barashyigikiwe n’Abadepite benshi bo muri Nteko Ishinga Amategeko yo mu Burayi, aho bemeza ko…

SOMA INKURU

China hits back against Trump tariffs with retaliatory measures, renewing trade war

China on Tuesday slapped tariffs on US imports in a swift response to new US duties on Chinese goods, renewing a trade war between the world’s top two economies even as President Donald Trump offered reprieves to Mexico and Canada. Within minutes, China’s Finance Ministry said it would impose levies of 15% for US coal and LNG and 10% for crude oil, farm equipment and some autos. The new tariffs on US exports will start on February 10, the ministry said. The Chinese government immediately hit back with a series…

SOMA INKURU

Grippe et Changement Climatique : Un Lien Invisible, mais Croissant

Le changement climatique a des impacts visibles sur l’environnement, mais il influence également notre santé de manière plus subtile, notamment par le biais des maladies respiratoires comme la grippe. Au fil des années, les experts ont observé un lien de plus en plus significatif entre les perturbations climatiques et la propagation de certaines maladies infectieuses. Bien que la grippe soit une maladie saisonnière qui touche principalement pendant les mois froids, les fluctuations de température liées au réchauffement de la planète affectent la propagation du virus de la grippe, ainsi que…

SOMA INKURU

Behind Closed Doors: The Hidden Crisis of Gender-Based Violence in South Sudan

In the midst of South Sudan’s ongoing struggles, one of the most deeply entrenched issues plaguing the nation is the silent epidemic of Gender-Based Violence (GBV). For years, women and girls in South Sudan have faced rampant violence, not only from armed conflict but also from within their own homes. Despite the country’s fragile peace, GBV remains disturbingly prevalent, hidden behind closed doors, leaving survivors isolated and vulnerable. The Unseen Suffering of South Sudanese Women Since gaining independence in 2011, South Sudan has been ravaged by civil war, political instability,…

SOMA INKURU

Journée sanglante au Soudan, au moins 65 morts à Kadugli et Nyala

Le Soudan, en guerre, est de nouveau endeuillé. Des sources médicales ont rapporté, lundi, que des rebelles appartenant au Mouvement populaire de libération du Soudan-Nord ont tiré des obus sur Kadugli (sud du pays), causant “la mort de 40 personnes” et “une frappe aérienne de l’armée à Nyala (ouest) faisant 25 morts”. Un entrepôt de matériel médical détruit à Nyala, la capitale de l’État du Darfour du Sud, au Soudan, le 2 mai 2023. La ville a subi une attaque aérienne, selon des sources médicales, lundi 3 février 2025. ©…

SOMA INKURU

P-Diddy yibasiwe n’uburwayi bwari bwagizwe ibanga

Amakuru asa nk’ayari yagizwe ibanga, yatangajwe na TMZ ko umuraperi P-Diddy umaze amezi 4 afungiye muri gereza ya Brooklyn,  yajyanywe mu bitaro by’igitaraganya mu Mujyi wa New York nyuma yo kugira ikibazo cy’ivi. Iki kinyamakuru kivuga ko ibi byabaye kuwa 30 Mutarama 2025, gusa ntabwo P-Diddy yaraye mu bitaro, yasubijwe muri gereza. Ntabwo abanyamategeko ba P-Diddy, bigeze bifuza kugira icyo bavuga ku burwayi bwe, ariko abaganga batangaje ko ikibazo Diddy yagize gishingiye ku mvune ya kera yongeye kubyuka. P-Diddy ategereje kuburana muri Gicurasi 2025, nyuma y’uko urukiko rwanze ingwate inshuro…

SOMA INKURU

Ikihishe inyuma y’inama y’igitaraganya nyuma y’ifatwa rya Goma

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 3 Gashyantare 2025, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yatumyeho Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, Vital Kamerhe n’uwa Sena, Jean-Michel Sama Lukonde ngo bategure inteko rusange idasanzwe yiga ku ifatwa rya Goma. Ibi bibaye nyuma y’aho kuwa 26 Mutarama 2025, umutwe wa M23 wafashe Goma. Radio Okapi yanditse ko bitewe n’uburemere bw’ibiri ku murongo w’ibyigwa, inteko rusange idasanzwe iterana kuri uyu wa 4 Gashyantare 2025 iba mu muhezo. Umwanditsi w’umutwe w’Abadepite, Jacques Djoli, yavuze ko inteko rusange igamije kureba uburyo…

SOMA INKURU

Cristiano Yihanangirije abagereranya ibidahuye

Rutahizamu Cristiano Ronaldo uzuzuza imyaka 4 ejo tariki 5 Gashyantare 2025, yatwaye Ballon d’Or inshuro eshanu, aba Umukinnyi mwiza wa FIFA ku Isi inshuro eshanu ndetse aba n’Umukinnyi watsinze ibitego byinshi mu mwaka i Burayi inshuro enye n’ibindi byinshi, yihanangirije abagereranya ibidahuye. Igihangage mu mupira w’amaguru ku isi, umunya Portugal Cristiano Ronaldo yatangaje  ko Shampiyona ya Arabie Saoudite ikomeye ndetse inaruta iyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba yaboneyeho kunenga abagereranya izi shampiyona. Ati “Abantu bavuga badashyizemo ubwenge kandi bibaho, iyo abantu batazi ibyo bavuga akenshi baravuga cyane. Hari…

SOMA INKURU

Ikihishe inyuma y’ihagarikwa ry’imirwano ku ruhande rwa M23

Mu itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu 3 Gashyantare 2025, Umutwe wa M23 watangaje watangaje ko wafashe agahenge mu rwego rwo korohereza abakeneye ubutabazi kugira ngo babuhabwe. Ako gahenge kakaba gatangira none tariki ya 4 Gashyantare 2025 Uyu mutwe wasohoye itangazo rigira riti: “Ihuriro rya AFC/M23 riramenyesha ko bitewe n’ingaruka z’ibikorwa by’ubutegetsi bwa Kinshasa ku baturage, itangaje ibihe by’agahenge bitangira ku itariki ya 4 Gashyantare 2025, kubera impamvu z’ibikorwa by’ubutabazi.” Iri huriro kandi ryakomeje gusaba ko Ingabo za SADC ziri muri RDC ko zahava kuko ubutumwa zarimo butagifite agaciro. M23 yamaganye…

SOMA INKURU

Uwari umucamanza mu Rukiko rw’Ibanze yatawe muri yombi hamwe n’umugabo we

Uwingabiye Delphine, umucamanza mu Rukiko rw’Ibanze rwa Gatunda n’umugabo we Rwarinda Theogene nyuma yo gukurikiranwaho kwaka no kwakira ruswa ndetse n’ubufatanyacyaha. Bombi bakurikiranyweho icyaha cyo kwaka no kwakira indonke, bikozwe n’ufata ibyemezo by’ubutabera cyangwa ubishyira mu bikorwa. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatagaje ko rwafunze uyu mucamanza nyuma yo kwakira ruswa yizeza umuturage kuzatsinda urubanza yari afite muri urwo Rukiko mu gihe umugabo we akurikiranyweho ubufatanyacyaha bwo kuba icyitso muri icyo cyaha. Aba bafashwe bafungiye kuri Station ya RIB ya Nyarugenge n’iya Nyamirambo, mu gihe dosiye yabo irimo gutunganywa kugira ngo…

SOMA INKURU