Umweyo udasanzwe mu Rwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igorora

Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igorora “RCS” rwemeje urutonde rw’abakozi basabirwa igihano cyo kwirukanwa burundu mu kazi, bakurikiranyweho amakosa akomeye bakoze mu rwego rw’akazi, anyuranye n’imyitwarire ikwiye kubaranga. Ibi rwabitangaje mu itangazo rwashyize hanze kuri uyu wa Kane tariki ya 02 Gicurasi aho rwemeje ko rwakoze inama Nkuru kuwa 30 Mata 2024. Urwego rw’igihugu rushinzwe igorora, RCS,kandi rwemeje ko abacungagereza 135 bari bamaze igihe kigera “ku mezi atanu” bafungiwe mu ishuri ry’amahugurwa ryarwo riherereye i Rwamagana bamaze kurekurwa. Umuvugizi wa RCS, CSP Kubwimana Thérèse, yatangarije IGIHE ko aba bacungagereza bari bakurikiranweho…

SOMA INKURU

Demi-finale de Ligue Europa OM-Atalanta Bergame : pour Marseille, l’Europe comme seule flamme

Du côté de Marseille, la saison 2023-2024 aura été pénible, entre valse des entraîneurs et chemin de croix en Ligue 1. Heureusement, la Coupe d’Europe a été là pour ramener de la joie sur le Vieux-Port. Une joie que les fans marseillais espèrent voir perdurer alors que l’OM aborde sa demi-finale aller de ligue Europa, jeudi, face à l’Atalanta Bergame. Coiffer au poteau le PSG en remportant une Coupe d’Europe avant la capitale ? Les Marseillais en rêvent, fidèles à leur crédo “À jamais les premiers !”, et alors que l’éventuelle finale…

SOMA INKURU

Bivugwa ko yaramaze iminsi afungiye muri USA, yagaragaye mu Rwanda

Kuri uyu wa gatatu tariki 2 Gicurasi 2024, nibwo Semuhungu Eric wiyemerera ko ari umutinganyi ndetse ntatinye no kubigaragaza ku mbuga yasesekaye ku kibuga cy’indege cya Kanombe. Semuhungu wari umaze igihe abarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,byavuzwe ko yavuyeyo yirukanywe, nyuma y’igihe kinini yari amaze yarabuze ku mbuga nkoranyambaga, aho byavuzwe ko yari yaratawe muri yombi. Nta kintu Semuhungu yavuze kuri iyi ngingo ubwo yashyiraga hanze andi mashusho, amwerekana ari muri Kigali Serena Hotel ari naho acumbitse. Bivugwa ko yaziraga kuryamana n’umwana w’umuhungu ukiri muto, yarangiza agafata ayo mashusho…

SOMA INKURU

Dore indwara zikomeje guhitana benshi mu gihe kuzirinda bishoboka

Imibare itangazwa n’inzego z’ubuzima ikomeje kugaragaza ko indwara zitandura zikomeje gukaza umurego mu kuzahaza benshi. Nk’urugero, abarwayi ba diyabete, umuvuduko w’amaraso, kanseri n’izindi bakomeje kwiyongera ku buryo buhangayikishije. N’ubwo bimeze gutyo ariko, kuzirinda birashoboka kandi mu buryo bworoshye bwashobokera buri wese. Amagara ntaguranwa amagana! Hari indwara zisanzwe zizwi ndetse zimenyerewe kuko zabayeho kuva kera, ariko ubu hagezweho indwara zitandura kandi zikomeje guhitana abantu benshi, nyamara abantu bakaba batazifatira ingamba ngo bazirinde. Uyu munsi turebere hamwe indwara ya DIYABETE. Indwara ya Diyabete ni indwara mbi kandi ihitana abantu benshi ku isi,…

SOMA INKURU

Ihohoterwa ryose n’iryo abantu bibwira ko atari ryo rikorerwa umwana rifite amategeko arihana

Abantu benshi bakunze gukora amakosa ku bana arimo kubakubita, kubakomeretsa ndetse no kubakoresha imirimo ivunanye, kubasambanya ndetse n’ibindi bibi bikorwa bitandukanye nyamara batazi ko ibyo bikorwa bihanwa n’amategeko. Mu gitabo cy’amategeko mpana byaha cy’u Rwanda hakubiyemo ibihano bihabwa umuntu wese uhohotera umwana mu rwego rwo ku murengera no kumurinda ihohoterwa iryo ariryo ryose ryamukorerwa. Itegeko n°71/2018 ryo ku wa 31/08/2018 ryerekeye kurengera umwana mu ngingo ya 28 ivuga ko bitabangamiye ibihano birushijeho gukomera biteganywa n’andi mategeko, umuntu wese uhoza umwana ku nkeke cyangwa umuha ibihano biremereye cyangwa bitesha agaciro harimo…

SOMA INKURU