Mu rugo rw’umugabo witwa Manizabayo Ferdinand, ushinzwe amakuru mu mudugudu, hasanzwe magendu y’inzoga z’ubwoko bunyuranye zitemewe, ababibonye batungurwa no kuba uwakabaye abera abaturage intangarugero yijandika mu bikorwa nk’ibyo. Magendu y’inzoga zasanzwe mu rugo rw’umuyobozi Uyu mugabo atuye mu Mudugudu wa Gataba Akagari ka Gasakuza mu Murenge wa Gacaca Akarere ka Musanze, ari naho iyo magendu yasanzwe. Ubwo ibi byabaga ku wa Kane tariki 5 Ukwakira 2023, muri uyu Mudugudu hari hamenyekanye amakuru y’uko hari abaturage bari bacunze ubuyobozi ku ijisho, bagataburura inka yari yahambwe yipfishije, bateka inyama zayo barazirya; Manizabayo…
SOMA INKURUMonth: October 2023
Nyagatare: Kwihagararaho bya kigabo bibatera guhishira ihohoterwa bakorerwa
Bamwe mu bagabo bo mu karere ka Nyagatare bavuga ko batinya kuvuga ihohoterwa, bakorerwa kubera gutinya gusuzugurwa n’abaturanyi ariko nanone banishingikiriza ko umugabo ari umutware n’umunyembaraga, ku buryo ataneshwa n’umugore. Ndayambaje Froduard, umuturage w’umurenge wa Gatunda, avuga ko nubwo ihohoterwa rigaragara cyane ari irikorerwa abagore, ariko ngo n’abagabo barahohoterwa ahubwo bikagirwa ibanga. Impamvu bigirwa ibanga ngo ni uko kenshi abagabo biyumva ko ari abatware b’ingo, kandi ari abanyembaraga bityo kuvuga ko bahohotewe, n’abagore byaba ari igisebo n’igisuzuguriro kuri bo. Ati “Kwa kundi abagabo twihagararaho ningenda nkavuga ko umugore ampohotera ndasuzugurika…
SOMA INKURULe Conseil d’Administration de l’Institut National de la Statistique du Rwanda (NISR) Salue les Initiatives Pionnières en Matière de Données
L’Institut National de la Statistique du Rwanda (NISR) a célébré un moment historique le 5 octobre 2023, alors que le Conseil d’Administration (CA), son éminente instance de gouvernance, s’est réuni pour sa session ordinaire. Cette réunion, qui comprenait une visite des installations clés du NISR, a été marquée par des expressions d’appréciation pour l’engagement du NISR en faveur de l’innovation et de l’avancement technologique. L’un des points centraux de cette session a été l’approbation et la création de l’Unité de la Révolution des Données et des Données Massives, une initiative…
SOMA INKURUYifashishije ingero, umuyobozi wa RIB ku rwego rw’igihugu yakebuye abitwaza imyemerere bagakora ibyaha
Mu kiganiro Polisi y’Igihugu n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, byagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa gatatu tariki ya 4 Ukwakira 2023, Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Col Ruhunga Jeannot , yifashishije ingero, yakebuye abitwaza imyemerere bagakora ibyaha. Col Ruhunga yakebuye abaturarwanda, abibutsa ko abitwaza imyemerere bagashaka gucuza rubanda utwabo batazihanganirwa, ko hari amategeko ahana ibyaha mu Rwanda ateganya ko gushyira undi mu kaga, kwangisha abantu gahunda za Leta byose bihanirwa n’amategeko. Uyu muyobozi yatanze urugero rw’umuntu wafashwe yateranyirije iwe abasaga 150 bavuye mu turere 15 cyangwa 20, ababwira ko ababatiza ngo babe…
SOMA INKURUShikama wari utuye Kangondo yaburanye atakamba, banerekana ko nta bushake yagize mu gukora ibyaha
Shikama Jean de Dieu w’imyaka 42 wari utuye mu mudugudu wa Kangondo ahazwi nka Bannyahe, mu murenge wa Remera, mu karere ka Gasabo, akaba umwe mu bashinjwa kwigomeka kuri gahunda ya Leta yo kwimura abari batuye mu manegeka, ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwamusabiye gufungwa imyaka 14 no gutanga ihazabu ya miliyoni 2 Frw. Shikama Jean de Dieu yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha “RIB”, tariki 10 Nzeri 2022, aza kugezwa imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahise rutegeka ko afungwa by’agateganyo. Iki cyemezo yaje kukijurira ariko urukiko ruvuga ko…
SOMA INKURUIndwara y’igituntu ikomeje kwiyongera kandi ntiyibasira ibihaha gusa -Dr Byiringiro
Impuguke mu buzima zivuga ko indwara y’igituntu itibasira ibihaha gusa nk’uko abenshi babizi ahubwo ishobora kwibasira n’ibindi bice by’umubiri bitandukanye. Dr Byiringiro Rusisiro ukuriye agashami gakurikirana indwara y’igituntu mu ishami ry’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) avuga ko hakiri ikibazo aho usanga hari abatazi uko igituntu cyandura. Asobanura ko iyi ndwara yandurira mu mwuka ndetse uretse ibihaha ishobora gufata n’indi myanya y’umubiri. Yagize ati: “Indwara y’igituntu yandura mu buryo bworoshye kuko yandurira mu mwuka aho uyirwaye akwirakwiza agakoko kayitera iyo aririmba, aseka, avuga cyangwa yitsamura.” Dr Byiringiro akomeza atangaza ko agakoko…
SOMA INKURURwanda: Inyamaswa zishobora kuzaba amateka nizititabwaho kurushaho
U Rwanda ni kimwe mu bihugu byinjiriza akayabo mu rwego rw’ubukerarugendo bushingiye ku byiza nyaburanga byarwo birimo n’inyamaswa; gusa zimwe muri zo ziragenda zikendera uko bwije n’uko bukeye ku mpamvu zirimo ubuhigi n’ubushimusi, mu gihe hari n’izamaze gushiraho. Abashakashatsi ku binyabuzima n’abarebera hafi iby’inyamaswa zo mu gasozi, bavuga ko kuba zimwe zarashizeho n’izindi zikaba ziri mu marembera bigirwamo uruhare n’ubuhigi bunyuranyije n’amategeko bukomeje kwiyongera, ba rushimusi, ndetse no kuziroga. Zimwe zigenda zigabanyuka mu mibare n’aho zagaragaraga, naho izindi hashize imyaka myinshi zitakiboneka ahantu na hamwe mu Rwanda ku buryo bitekerezwa…
SOMA INKURUFAO project helps improve Rwanda’s soil testing, productivity
A project implemented by the Food and Agriculture Organization of the United Nations (FO) has contributed to soil testing in Rwanda by funding equipment, optimising farmers’ practices and productivity through the right fertilisers that respond to soil and crop nutrient needs. The “Capacity Development on Sustainable Soil Management for Africa – Rwanda” project, which was implemented from July 2020 through May 2023, also provided policy advice on fertiliser quality assessment, according to FAO. During the closing workshop on the project in Kigali, on September 29, FAO indicated that the project…
SOMA INKURUZimwe mu mbogamizi zo gusubira mu ishuri ku bana basambanyijwe bagaterwa inda
Abangavu basambanyijwe bikabaviramo kubyara imburagihe kuri ubu bakaba babarirwa mu bataye ishuri, bagaragaje imbogamuzi zibabuza gusubira mu ishuri. Abangavu banyuranye bagiye basambanywa bagaterwa inda, batangaje ko gutotezwa n’ababyeyi babo ndetse bakimwa uburenganzira bw’abana ari imwe mu mbogamizi ikomeye ibabuza gusubira mu ishuri. Uwiswe Murekatere k’ubw’umutekano we yatangaje ko yasambanyijwe akanaterwa inda afite imyaka 15, yiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, ngo kuva ubwo gusubira mu ishuri kuri we byabaye umugani. Ati ” Maze imyaka ibiri mbyaye, nkimara kubyara ababyeyi banjye bampaye akato, banshyira mu gikoni, ibintu byose ndimenya, yemwe…
SOMA INKURUIgitaramo cya The Ben i Bujumbura cyaranzwe n’udushya twinshi
Mu ijoro ryacyeye ryo kuri iki cyumweru cyo ku ya 1 Ukwakira 2023 nibwo ,umuhanzi nyarwanda The Ben yakoreye igitaramo i Bujumbura mu kigo cya gisirikare bitewe n’uko cyitezweho kwitabirwa n’abantu benshi ndetse no mu rwego rwo gucunga neza umutekano wabo , kikaba cyaranzwe n’udushya dutandukanye aho Abarundi beretse urukundo uyu muhanzi bikamurenga akarira ku rubyiniro. 1. Abanyarwanda baje gushyigikira The Ben Dj Brianne, Junior Giti, M Izzo, Bahati Makaca, Sky2, Fuadi Uwihanganye, Uncle Austin, Rwema Dennis n’abandi batandukanye bari baje gushyigikira The Ben.Ni igitaramo cyaranzwe no gusangira ku bafana…
SOMA INKURU