Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki ya 28 Ukwakira 2023, ni bwo mu Mujyi wa Riyadh muri Arabie Saoudite habereye umurwano wari utegerejwe na benshi bari biteguye ko utaza kumara umwanya munini. Ni umurwano wari umaze igihe utegurwa kuko Umwongereza Tyason Fury, usa n’aho ari mu bihe byo gusoza gukina iteramakofe yakunze gushyamirana n’Umunya-Cameroun uba mu Bufaransa, Francis Ngannou, babinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Abawitabiriye banyuzwe n’uko Francis Ngannou yitwaye kuko yagerageje guhangana na Tyson ndetse hari n’abatari gutinya kuvuga ko yagombaga kuba ariwe watsinze umukino. Tyson Fury utari wagize…
SOMA INKURUMonth: October 2023
Affaire Prince Kid: Miss Elsa risque la prison
Beaucoup de gens se demandent ce que va devenir Miss Iradukunda Elsa après la condamnation de Ishimwe Dieudonné, Prince Kid, pour un emprisonnement de 5 ans par la Haute Cour. Le document certifiant qu’Ishimwe Dieudonné n’avait jamais agressé certaines filles ayant participé à l’élection miss Rwanda au fil des ans a été rendu invalide. Miss Iradukunda Elsa, l’épouse de Prince Kid, était inculpée d’altération ou utilisation de faux documents, faux témoignage pendant l’enquête et incitation aux autres intervenantes de rendre des faux témoignages devant la justice et d’avoir ainsi entravé…
SOMA INKURUMexique: plusieurs dizaines de morts après le passage de l’ouragan Otis
L’ouragan Otis, qui a dévasté la région d’Acapulco au Mexique en milieu de semaine, a fait au moins 48 morts, selon un nouveau bilan annoncé dimanche. Six personnes sont toujours portées disparues. Le comptage des victimes a été ralenti par la coupure des télécommunications et du courant. À Acapulco, l’heure est au bilan après le passage de l’ouragan Otis. Il a fait au moins 48 morts et six personnes sont portées disparues dans la station balnéaire du sud-ouest du Mexique, ont rapporté les autorités dimanche 29 octobre. Le précédent bilan faisait état…
SOMA INKURUJournée d’élections locales sous haute tension aux Philippines, deux morts recensés
Deux personnes ont été tuées et cinq autres blessées, lundi, aux Philippines où se tiennent des élections pour renouveler les postes au sein des conseils de barangays, ont annoncé les autorités. Pour l’occasion, plus de 300 000 policiers et soldats ont été déployés dans le pays. Nouveau regain de violences aux Philippines, où se tiennent des élections locales sous haute sécurité. Deux personnes ont été tuées et cinq autres blessées, lundi 30 octobre, devant un bureau de vote de la province de Maguindanao del Norte, sur l’île de Mindanao, au sud de l’archipel,…
SOMA INKURUFirst Lady urges youth to champion sustained national unity
First Lady Jeannette Kagame has tasked the youth to live up to the responsibility of sustaining the established foundation of unity in the country while exhibiting befitting Rwandan values. She was speaking on Sunday, October 29, during the 16th forum of the Unity Club, an association that brings together members of cabinet – former and present, their spouses, and other top government officials, with the purpose of promoting unity and contributing to the socio-economic development of the country. The forum was held under the topic “Ndi Umunyarwanda, the theme that…
SOMA INKURUNIRDA’s Open Calls Program boosts firms’ competitiveness
In an effort to enhance the productivity and competitiveness of local industries, the National Industrial Research and Development Agency (NIRDA) has empowered eight value chains with upgraded equipment through its Open Calls Programme. The achievement was revealed during a press conference on Friday, October 27, in collaboration with the Belgian Development Agency (Enabel). The Director-General of NIRDA, Christian Sekomo Birame, pointed out that over time, NIRDA has consistently implemented the programme across eight pivotal value chains. This brings the number to 10 value chains supported through that programme. He emphasized…
SOMA INKURUImpamvu muzi y’uburwayi bwo mutwe mu rubyiruko n’ibimenyetso mpuruza k’uwafashwe
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryerekana uburemere bwo gukoresha inzoga ku rubyiruko, aho abarenga miliyoni 155 bafite imyaka iri hagati ya 15 kugeza kuri 19 ari bo bazifata ku isi hose. Iyi myitwarire igaragara no mu bihugu bya Afurika, aho kunywa inzoga ndetse n’ibiyobyabwenge byabaye ibibazo by’ubuzima mu rubyiruko. Bahishuye ibiri ku isonga mu guhungabanya ubuzima bwo mu mutwe mu rubyiruko Binama Jessica Nyakessa, umunyeshuri muri kaminuza ya “Kepler college” akaba mu rugaga rw’abanyeshuri bishyize hamwe bagamije guteza imbere ubuzima bwo mutwe, ati: “Gukoresha cyane imbuga nkoranyambaga, kunywa…
SOMA INKURUUwafungishije umunyamakuru Manirakiza, ari mu bujurire bw’igifungo cy’imyaka 7
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2023, ku masaha y’igicamunsi nibwo Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko umunyamakuru Manirakiza Theogene afungwa by’agateganyo akaba akurikiranyweho icyaha cyo gukangisha gusebanya. Urukiko rufashe uyu mwanzuro nyuma y’aho kuri uyu wa kabiri tariki 24 Ukwakira 2023,ubwo umunyamakuru Manirakiza Theogene yagezwaga imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, Kagarama, ikirego cyahindutse, ruswa y’ibihumbi magana atanu (500.000frs) isimbuzwa gukangisha gusebanya. Nubwo Nzizera Aimable yareze uyu munyamakuru nawe ari mu bujurire bw’igihano cy’igifungo cy’imyaka 7 yari yakatiwe ubwo yahamwaga n’icyaha cyo guhimba no gukoresha inyandiko mpimbamo. Nzizera…
SOMA INKURUIbibazo by’ingutu ku bana basambanyijwe
Ikibazo cyo gusambanya abana ndetse bamwe bikabaviramo gutwara inda cyahagurukiwe n’inzego zinyuranye ariko igitangaje kinashengura imitima, imitekerereze ndetse n’imibereho y’abagikorerwa ni bamwe mu babyeyi bafite imyumvire idahwitse aho batoteza ndetse bagaha akato abana bahuye n’iki kibazo, bikabaviramo ingaruka zikomeye. Uwineza (izina yahawe), kuri ubu ufite umwana w’amezi arindwi, akaba yarujuje imyaka 14 muri Gashyantare uyu mwaka, abana na mama we mu kagali ka Gasanze, umurenge wa Nduba, akaba yaratewe inda n’umwana mugenzi we biganaga. Aganira n’umunyamakuru yari ahagaze muri butike ategereje isabune n’isukari yari yemerewe n’umubyeyi ucuruzamo, yatangaje ko nyuma…
SOMA INKURUM23 yisubije Kitshanga mu gihe imirwano yongeye kubura
Imirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’imitwe ishyigikiye ingabo za leta, ku ruhande rumwe, n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, ku rundi ruhande. Abahatuye bavuga ko kuva ku wa gatandatu inyeshyamba zafashe umujyi wa Kitshanga mu ntara ya Kivu ya Ruguru. Radio yo muri ako gace yatangaje ko abantu benshi bajyanwe mu bitaro bafite ibikomere byatewe n’amasasu. Ukora mu rwego rw’umutekano utifuje gutangazwa izina yabwiye ibiro ntaramakuru AFP ati: “Inyeshyamba ziri i Kitshanga kandi turimo kugerageza kubona uburyo bwo kwisubiza umujyi.” Imirwano ikomeye ku…
SOMA INKURU