Ikibazo cy’amazi gishobora guteza amakuba ku isi -ONU

Raporo y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) yaburiye ko hari gututumba amakuba ku isi y’ubucye bw’amazi kandi ko “igihe icyo ari cyo cyose hashobora kubaho ibyago” by’ubucye bw’amazi butewe no kuyakoresha mu buryo burenze urugero no kubera imihindagurikire y’ikirere. Iyi raporo ivuga ko isi “irimo kugenda buhumyi mu nzira iteje ibyago” yo “kuyakoresha bunyamaswa birengeje urugero n’iterambere rirenze urugero”. Iyi raporo yatangajwe ku wa kabiri, mbere yuko haba inama ya mbere ikomeye ya ONU yiga ku mazi ibayeho kuva mu mwaka wa 1977. Intumwa zibarirwa mu bihumbi ziritabira iyi nama y’iminsi itatu i…

SOMA INKURU

Urunturuntu hagati y’abayobozi b’u Bwongereza, intandaro ni iyihe?

Kuwa mbere tariki 20 Werurwe 2023, mu nama yari ihuje abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza  na Minisitiri w’Umutekano w’u Bwongereza, Suella Braverman  abazwa n’abagize inteko byinshi ku rugendo aherutsemo mu Rwanda, habayeho guterana amagambo n’abadepite barimo na Minisitiri wungirije w’ubutegetsi bw’igihugu, Yvette Cooper wo mu Ishyaka ry’Abakozi utarigeze yishimira na busa imikoranire y’u Bwongereza n’u Rwanda ijyanye n’uko abimukira binjiye muri icyo gihugu binyuranyije n’amategeko boherezwa mu Rwanda. Yvette Cooper yatangiye yakira Minisitiri Braverman mu nteko mu buryo buninura aho yagize ati “Twakiriye Minisitiri w’Umutekano Suella Braverman uvuye mu…

SOMA INKURU

Uganda: Inteko ishingamategeko yemeje umushinga w’itegeko ryo gufunga abatinganyi

Inteko ishingamategeko ya Uganda yemeje umushinga w’itegeko rishobora guhana mu rwego rw’amategeko abantu bavuga ko bahuza ibitsina ari ab’igitsina kimwe, bazwi nk’abatinganyi (LGBT). Abo bantu bashobora gufungwa igihe kirekire mu gihe uyu mushinga w’itegeko waba ushyizweho umukono ukemezwa nk’itegeko na Perezida Yoweri Museveni. Bijyanye n’uyu mushinga w’itegeko, inshuti, abo mu muryango n’abandi baturage bafite inshingano yo gutanga amakuru ku bategetsi mu gihe bamenye abantu bahuza ibitsina ari ab’igitsina kimwe. Ibikorwa by’ubutinganyi bisanzwe binyuranyije n’amategeko muri Uganda. Ariko uyu mushinga w’itegeko urashaka gufata indi ntera ugahindura icyaha kuba abantu baba ari…

SOMA INKURU

M23 yashyize hanze itangazo rishinja ingabo za FARDC kurenga ku masezerano

Mu itangazo inyeshyamba z’umutwe wa M23  zashyize hanze, rirashinja ingabo za FARDC kwirukira mu bice bavuyemo kandi byemerewe gucungwa n’ingabo za EAC.  M23 yatangaje ko izi ngabo za Congo hari ibice zigaruriye kandi byagombaga kujya mu maboko y’ingabo z’umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba. Izi nyeshyamba kandi zashimiye ingabo z’uyu muryango EACRF ku gikorwa ziri gukora cyo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa DRC, ariko basaba izi ngabo kujya no mu bice bya Mweso,Kibirizi no mu tundi duce tuhakikije kugira ngo barinde umutekano w’abaturage bahatuye kandi bakaba bashobora kwibasirwa n’ingabo za DRC. Bagarutse kandi…

SOMA INKURU

Vladimir Poutine s’est rendu à Marioupol, occupée par l’armée russe

Le président russe Vladimir Poutine s’est rendu à Marioupol, ville ukrainienne dévastée par les bombardements, a indiqué dimanche le service de presse du Kremlin, cité par les agences de presse russes. Il s’agit du premier déplacement du dirigeant russe dans cette cité portuaire d’Ukraine assiégée des mois et prise par l’armée russe en mai 2022. Vladimir Poutine a déjà effectué samedi une visite surprise en Crimée, la péninsule annexée par la Russie en 2014, à l’occasion du 9e anniversaire de l’annexion. Selon le Kremlin, Vladimir Poutine s’est rendu à Marioupol…

SOMA INKURU

Pourquoi Gianni Infantino, détesté en Europe, est si populaire en Afrique

Réélu pour un troisième mandat à la tête de la FIFA, Gianni Infantino est l’une des personnalités les plus clivantes du sport. Critiqué en Europe, l’Italo-Valaisan est plus apprécié et se sent mieux compris en Afrique. Reportage à Kigali sur sa terre d’élection Au cœur de la Kigali des affaires, face à l’ambassade de Chine, un visage familier et souriant ouvre la porte d’un vaste plateau lumineux au sixième étage d’un immeuble moderne. Il sera peut-être un jour le troisième président valaisan de la FIFA. Pour l’heure, Gelson Fernandes s’épanouit…

SOMA INKURU

La Corée du Nord lance un missile balistique vers la mer du Japon

La Corée du Nord a tiré un missile balistique dimanche, le dernier lancement en date au moment où Séoul et Washington conduisent leurs plus importants exercices militaires conjoints depuis cinq ans.   La Corée du Nord montre une nouvelle fois les muscles. Pyongyang a tiré un missile balistique de courte portée dimanche 19 mars, selon l’armée sud-coréenne, sa quatrième démonstration de force en une semaine au moment où Séoul et Washington conduisent leurs plus importants exercices militaires conjoints depuis cinq ans. “Notre armée a détecté un missile balistique de courte portée tiré des environs…

SOMA INKURU

Yikanze gufungwa ahamagarira abaturage kwigaragambya

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe bw’Amerika Donald Trump yatangaje ko yiteze gufungwa kuwa kabiri tariki 21 Werurwe, asaba abakunzi be ko batangira imyigaragambyo. Hagati aho, umunyamategeko we avuga ko nta butumwa bwatanzwe n’abashinzwe umutekano, akavuga ko amagambo y’uyu wahoze ari umukuru w’igihugu ashyingiye ku bivugwa mu binyamakuru. Abacamanza bamaze igihe bashaka uburyo baburanisha Trump,  amakuru avuga ko bishobora kuba mu cyumweru gitaha. Mu gihe yaburanishwa, byaba bibaye ubwa mbere uwahoze ari umukuru w’igihugu cya Amerika agejejwe imbere y’urukiko mpanabyaha. Uru rubanza rushingiye cyane cyane ku mafaranga avugwa ko…

SOMA INKURU

Umupolisi yarashwe ahita apfa ubwo yateraga akabariro

TimesLive yatangaje ko Bwana Judas Chiloane w’imyaka 60, umuyobozi muri polisi ushinzwe umutekano wo mu muhanda ahitwa Bushbuckridge,muri Afurika y’Epfo  bivugwa ko yarasiwe mu ntebe z’inyuma z’imodoka ya Ford Ranger bakkie ubwo yari ashishikaye ari kwiha akabyizi n’umukunzi we. Icyakora ngo abarashe ntacyo batwaye umukunzi w’uyu mupolisi. Ku wa mbere, tariki ya 15 Werurwe,nibwo abantu babiri bakekwaho icyaha, Charles Mbungeni Mabuza na Howard Mashego bakekwaho ubwo bwicanyi, bagejejwe imbere y’urukiko. Kapiteni Dineo Sekgotodi, umuvugizi wa Polisi ya Hawks yagize icyo avuga ku byabaye kuri uyu wa kane, tariki ya 16…

SOMA INKURU

Ni iki kihishe inyuma y’igongwa rya Drone?

Indege y’intambara y’Uburusiya yagonganye na drone ya Amerika,bituma iyi ndege itagira umupilote ya Amerika igwa mu Nyanja yirabura (Mer Noire/Black Sea), nk’uko bitangazwa n’igisirikare cya Amerika. Ibi byerekana ko intambara hagati y’Uburusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishoboka,kubera intambara yo muri Ukraine igenda ifata indi ntera. Amerika ivuga ko iyo drone yari ku kazi kayo ka buri munsi mu kirere mpuzamahanga ubwo indege ebyiri z’intambara z’Uburusiya zageragezaga kuyitangira. Uburusiya buvuga ko iyi drone yahanutse nyuma yo “kugerageza gukwepa n’ubuhanga bwinshi”, bugahakana ko izi ndege ebyiri zitigeze zikoranaho. Minisiteri y’ingabo…

SOMA INKURU