Itsinda ry’Impiguke, ryitwa Observatoire volcanologique de Goma, OVG, mu itangazo ryashyize ahagarara, ryavuze ko ku wa 11 Ukwakira 2022, ahagana saa 3:30 ryabonye ibimenyetso bigaragaza ko impinduka kuri iki kirunga cya Nyiragongo. Iri tsinda ry’abahanga bashinzwe gukurikirana ibijyanye n’iruka ry’ibirunga mu Mujyi wa Goma, ryatangaje ko hari ibimenyetso bidasanzwe byabonetse ku kirunga cya Nyiragongo giherereye mu Burasirazuba bwa Congo, risaba abaturage kuba maso kurushaho. Ibyo bimenyetso byabonetse mu gace ka Munigi na Kibati, aho bigaragaza ko ibikoma byacyo bigitogota. Itangazo rya OVG risobanura ko nyuma yo gusesengura ingufu ziboneka muri…
SOMA INKURUYear: 2022
Jimmy Gatete yasesekaye i Kigali nyuma y’igihe kitari gito
Jimmy Gatete umwe mu bakinnyi bakunzwe cyane mu Rwanda mu myaka ishize yageze mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi atahaba. Ibi bikaba byatangajwe n’ishyirahamwe ry’abahoze ari abakinnyi b’umupira w’amaguru. Jimmy Gatete ni umukinnyi watsinze igitego bivugwa ko aricyo cyaba cyarishimiwe kurusha ibindi mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda. Muri Werurwe (3) 2003 yatsinze igitego kimwe (Rwanda 1 – 0 Ghana) cyahesheje u Rwanda ticket yo kujya mu gikombe cya Africa (2004) ku nshuro ya mbere, ari nayo yonyine kugeza ubu. Gatete, uri mu batsindiye Amavubi ibitego byinshi, yakiniye amakipe (clubs) yo…
SOMA INKURUIbihugu by’Iburengerazuba byamaganye Uburusiya ariko Putin ntabikozwa
Ibihugu by’iburengerazuba n’inshuti zabyo byamaganye ibitero bya misile by’Uburusiya ku mijyi itandukanye muri Ukraine no hagati mu murwa mukuru wayo Kyiv. Amerika yavuze ko ibitero “by’ubugome” byakubise ahantu hatari aha gisirikare, harimo kuri kaminuza no ku ishuri ry’abana aho bakinira, yizeza gukomeza ubufasha bwa gisirikare iha Ukraine. Umunyamabanga mukuru wa ONU, Antonio Guterres yavuze ko “ababajwe cyane” n’ibyabaye. Perezida Vladimir Putin yavuze ko ibi bitero byari ukwihorera igikorwa cyo guturitsa ikiraro cy’ingenzi gihuza Uburusiya na Crimea cyo kuwa gatandatu. Putin yaburiye kandi ko yiteguye gutegeka “ibindi bitero bikaze”. Naho Dmitry…
SOMA INKURURusizi: Yasabiwe igifungo cy’imyaka 25 nyuma yo gusambanya uwo yabyaye akamutera inda ubugira kabiri
Mu Karere ka Rusizi umugabo w’imyaka 41 ukekwaho gusambanya umwana we w’imyaka 17 akanamutera inda yasabiwe gufungwa imyaka 25 Ni mu rubanza rwabaye muri iki cyumweru mu Rukiko Rwisumbuye rwa Rusizi, Ubushinjacyaha bwagaragarije urukiko ko uwo mugabo uregwa gusambanya umwana we yamubyaye akiri umusore, amaze gushaka amuzana iwe. Buvuga ko yatangiye kumusambanya mu mwaka wa 2019, amuteye inda umugore we aramurega ariko kubera ko umuryango watangiye kumutoteza byatumye ajya kumushinjura n’inda yari yaramuteye iburirwa irengero bikekwa ko yakuwemo. Uwo mugabo ngo ntiyacitse ku ngeso ye kuko yongeye kumutera inda mu…
SOMA INKURUKwangirwa gukorera igitaramo i Dubai arabishinja Uganda
Robert Kyagulanyi Ssentamu wamamaye nka Bobi Wine wo mu gihugu cya Uganda wanahanganye na Perezida Museveni mu matora ashize, aratunga urutoki abategetsi ba Uganda kuba inyuma y’ihagarikwa ry’ igitaramo cyari kubera Dubai. Ibi yabitangaje nyuma yo kumara amasaha umunani ahatwa ibibazo n’inzego z’umutekano za Dubai, aho yemeza ko yatengushywe bikomeye n’ihagarikwa ry’igitaramo cye cy’ubugiraneza kigamije gufasha bamwe mu bimukira bakomoka muri Uganda bari muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE). Ku rubuga rwa Twitter uyu munyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yavuze ko Guverinoma ya Uganda iri inyuma y’ihagarikwa ry’iki gitaramo mu buryo…
SOMA INKURUBarasabwa guhabwa ingurane z’imitungo yabo yari ibatunze
Abatuye mu murenge wa Rwaza, mu karere ka Musanze bavuga ko batazi iherezo ry’amafaranga yabo y’ingurane ku byangijwe n’umiyoboro uva ku rugomero rwa Mukungwa werekeza mu karere ka Nyabihu. Uku kutishyurwa amafaranga y’ibyangijwe, bavuga ko byagize ingaruka ku mibereho yabo cyane ko ibikorwa byangijwe harimo ibyari bitunze imiryango yabo. Ubuyobozi bwa Sosiyete Ishinzwe Ingufu (REG) bwo bwavuze ko gutinda kw’ingurane ahanini bikomoka ku bibazo by’ubutaka bw’abazazihabwa. Umuturage wo mu kagari ka Nyarubuye waganiriye n’itangazamakuru utifuje ko amazina ye atangazwa, yavuze ko kutishyurirwa igihe byabagizeho ingaruka. Ati “Iyi miyoboro ari Mukungwa-Nyabihu,…
SOMA INKURUDR Congo: Indigenous Communities claim Justice in loss of their forests due to climate change
By Diane NKUSI NIKUZE Indigenous communities in the DR Congo have decried threats to the forests of the Congo Basin, which has increasingly come under pressure from timber merchants from around the world. While deforestation in Democratic Republic of CONGO is on the steady rise, the autochthone communities fear soon they may not have anything left of their heritage. The Democratic Republic of Congo contains around 60% of the forests of the Congo Basin, and contribute to the carbon storage capacity. There are three groups of indigenous peoples in…
SOMA INKURUIbikomoka ku buhinzi bikomeje kwinjiriza u Rwanda amadovise
U Rwanda rwataye intambwe mu kohereza mu bihugu binyuranye umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi, ari nako bininjiza amadovize. Ibi byatangajwe n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), aho cyemeje ko u Rwanda rwohereje hanze ikawa, icyayi n’umusaruro w’ibikomoka ku mboga, imbuto n’indabo, bingana na Mega Toni 1,293.1 bifite agaciro k’amadolari y’Amerika 4,900,928. Ubuhinzi bw’ikawa bwo bwinjije amadolari y’Amerika 839,595 kuri Mega Toni 434 aho igiciro mpuzandengo ku kilo cyari amadolari y’Amerika 7,6. Ikawa yoherejwe muri Switzerland, mu Bwongereza, muri Leta zunze ubumwe z’Amerika no muri…
SOMA INKURUZimwe mu ngamba bafashe nk’abafite ibyago byinshi byo kwandura VIH/SIDA
Hari ibyiciro binyuranye bifite ibyago byinshi byo kwandura virusi itera SIDA, muri byo harimo abakora umwuga w’uburobyi, akaba ari muri urwo rwego hasuwe abakora uwo mwuga bo mu karere ka Karongi hagamijwe kumenya ingamba bafashe mu kwirinda ubwandu bushya bw’iki cyorezo. Ubwo ishyirahamwe ry’abanyamakuru bo mu Rwanda barwanya SIDA ( ABASIRWA) basuraga ihuriro ry’amakoperative y’abarobyi bakorera mu karere ka Karongi batangaje ko bafashe ingamba zo kwirinda virusi itera SIDA cyane ko abenshi muri bo baba bakora bataha mu ngo zabo. Zimwe mu ngamba abarobyi bo muri Karongi bafashe mu guhangana…
SOMA INKURUThe power of mind of Kouatcha, Nadia & Tesh to win Africa’s Business Heroes Prize 2022
By Diane Nkusi By the financial help of Alibaba and Jack Ma, 15 people mostly young from different African countries, are going to compete for the award called “Africa’s business heroes prize competition 2022” Kouatcha Flavien Kouatcha Simo from Cameroon, at the age of 33, is now among the young people who have the opportunity to be called rich in the field of business of vegetable farming and fish farming (aquaponie). As one of the young entrepreneurs who chased the idea of development from nothing, Kouatcha told umuringanews.com that he…
SOMA INKURU