Knowless, Charly na Nina batwawe igihembo na Sheebak Karungi

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo muri Uganda yegukanye igihembo cy’umuhanzikazi witwaye neza mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, aho yari agihanganiye n’abandi barimo Knowless Butera hamwe na Charly na Nina bo mu Rwanda. Mu ijoro ryo ku cyumweru kuya 07 Ukwakira 2018 muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu Mujyi wa Dallas habereye umuhango wo gutanga ibihembo mu bahanzi b’abanyafurika bitwaye neza mu cyiswe Africa Music Academy Awards. Abanyamuziki mu ngeri bahatanaga mu byiciro bitandukanye bigera kuri 18, hagendewe ku mpamvu zitandukanye. Mu cyiciro cy’abahanzikazi b’abagore bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, u…

SOMA INKURU

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe cyaburiye abaturarwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe cyatangaje ko kuva tariki 9 kugeza tariki 13 Ukwakira 2018,  mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi iri ku kigero cya milimetero ziri hagati ya 20 na 30 ku munsi kandi irimo n’umuyaga mwinshi. Mu itangazo ryasohowe n’iki kigo cy’Iteganyagihe rivuga ko iyi mvura izibasira Uturere twa Musanze, Gicumbi, Gakenke, Burera, Nyabihu, Rubavu, Rusizi, Nyamasheke, Nyamagabe na Nyaruguru ndetse ko dushobora kwibasirwa n’ibiza by’inkangu n’imyuzure. Abashinzwe iteganyagihe bavuga ko hari imvura nubwo bigaragara ko hari aho yagiye itinda kugwa. Muri iki gihe cy’imvura kandi ngo biragaragara ko imvura irimo…

SOMA INKURU

Inzu zubakiwe abatishoboye muri Gisagara zatangiye gusenyuka zitamaze umwaka

Abatishoboye batuye mu mudugudu wa Shenyeri, Akagali ka Kibirizi mu Murenge wa Kibilizi, bavuga ko bubakiwe inzu bakazijyamo zituzuye none zatangiye kubasenyukiraho. Mu mwaka ushize wa 2017 ni bwo baguriwe ikibanza bubakiwemo inzu nk’abatishoboye batagiraga aho kuba, muri gahunda yo guca nyakatsi. Amafaranga yo kububakira yatanzwe na Leta anyuzwa kuri konti ya buri umwe muri Sacco, ariko nyuma yo kubikuza bagasabwa guhita bayahereza Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari wabaga yajyanye nabo, kugira ngo abubakishirize. Bamwe mu bubakiwe izi nzu babwiye TV1 ko zatangiye kubasenyukiraho. Hari uwagize ati “Ibikoni byo byashenwe n’ibiza, ariko…

SOMA INKURU