Ibyo ahandi ku isi babona nk’amahano ashingiye ku mashusho y’imibonano mpuzabitsina, mu by’ukuri bishobora kuba ari igice gishya cy’ikinamico nyayo irimo kuba ijyanye n’uzaba perezida mushya wa Guinée équatoriale. Mu byumweru bibiri bishize, videwo zibarirwa muri za mirongo zigereranywa ko ziri hagati ya videwo 150 n’izirenga 400 zaratangajwe zigaragaza umukozi wa leta wo ku rwego rwo hejuru w’umugabo arimo gukora imibonano mpuzabitsina mu biro bye n’ahandi hantu n’abagore batandukanye. Izo videwo zakwiriye ku mbuga nkoranyambaga, zituma abantu bagwa mu kantu ndetse zizamura ibyiyumvo byabo by’imibonano muri icyo gihugu gito cyo…
SOMA INKURU