Leta yashyize imbaraga mu kwegereza abaturage ubuvuzi bw’ibanze hagamijwe kwirinda kuba barembera mu nzira biturutse ku rugendo rurerure bajya kwivuza, dore ko hari n’abo byajyaga biviramo urupfu, abandi bakishyura amafaranga y’umurengera mu mavuriro yigenga. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko nyuma yo gushyiraho amavuriro y’ibanze, umubare w’abaturage bayagana urushaho kuzamuka. ibi byagabanyije umubare w’abivurizaga ku bigo nderabuzima ndetse n’abavurwaga n’abajyanama b’ubuzima. Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubuvuzi muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Ntihabose Corneille avuga ko mu mavuriro y’ibanze harimo adakora n’andi adakora iminsi yose. Mu mabwiriza mashya hakaba hari ibyahinduwe kugira ngo ayo mavuriro…
SOMA INKURUCategory: Health
Antenatal depression: Why pregnant women need support
Antenatal depression, also known as depression during pregnancy, is a serious and potentially life-threatening condition for women. Symptoms may include sadness, sleep problems, fatigue, appetite changes, irritability, and difficulty concentrating. Worldwide, about 10 per cent of pregnant women and 13 per cent of women who have just given birth experience a mental disorder, primarily depression. In developing countries, this is even higher, for example, 15.6 per cent during pregnancy and 19.8 per cent after childbirth. In severe cases, mothers’ suffering might be so severe that they may even commit suicide, according to…
SOMA INKURULe cancer du col de l’utérus c’est quoi ?
Le cancer du col de l’uterus est provoqué par des virus appelés papillomavirus humains (HPV). Ces virus présents sur les tissus et les muqueuses se transmettent le plus souvent lors de rapports sexuels, avec ou sans pénétration. Il s’agit de l’infection sexuellement transmissible (IST) la plus fréquente. La plupart des hommes et des femmes seront infectés par ce virus au cours de leur vie. Le préservatif ne permet pas de s’en protéger complètement. Dans environ 90 % des situations, l’infection à HPV disparaît spontanément dans les deux ans. Mais il arrive…
SOMA INKURU“Hepatite” indwara zibasira umwijima izivugana benshi ku isi nta gikozwe
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku Buzima, OMS ryatangaje ko bizagera mu 2040 umubare w’impfu ziterwa n’indwara ya Hepatite wararenze uw’iziterwa na Sida, Igituntu na Malaria byose hamwe. Mu makuru OMS iheruka gushyira hanze yagaragaje ko ubwoko butandukanye bwa Hepatite buri mwaka bwica abagera kuri miliyoni hirya no hino ku Isi. Umuyobozi Mukuru wa OMS, Dr Tedros Ghebreyesus yavuze ko uretse kuba iyi ndwara yica buri mwaka hari n’umubare munini w’abatuye Isi babana nayo. Ati “Miliyoni z’abantu hirya no hino ku Isi zibana na Hepatite zitabizi nubwo uyu munsi aribwo…
SOMA INKURUImyumvire yo kugendera kure yatiza umurindi SIDA ikomeje kwica abatari bake ku isi
Kwandura virusi itera SIDA kuri ubu ntibikiri nk’uko byari mu myaka 20 ishize, ariko ntibibujije ko SIDA ikiri ikibazo gikomeye gihangayikishije isi. Ku rwego rw’isi abasaga miliyoni 38,4 bafite virusi itera SIDA, muri bo miliyoni 36,7 ni abantu bakuru naho miliyoni 1,7 ni abana bari munsi y’imyaka 15, mu gihe 54% by’abafite virusi itera SIDA ari abagore n’abangavu, abenshi ni abo muri Afurika y’ubutayu bwa Sahara aho u Rwanda ruherereye. Ubushakashatsi bwakusanyije ibitekerezo by’inzobere ku bijyanye n’impamvu abantu barushaho kumva nabi iby’ubwandu bwa virusi SIDA kugeza aho iki cyorezo cyararika…
SOMA INKURUElevating midwifery: A transformative journey to reach zero preventable maternal deaths in Rwanda
Rwanda has undergone a remarkable journey in tackling maternal mortality rates (MMR) over the past decade. From an alarming 1,071 maternal deaths per 100,000 live births in 2010, the country managed to accelerate reduction reaching 210 in 2015. but in recent years the decline has been slower with MMR standing at 203 per 100,000 live births in 2020, showing a limited decline of only seven data points over five years. With Rwanda currently operating at a ratio of one skilled health professional per 1,000 people, below the WHO recommended minimum…
SOMA INKURUText neck wrecks your upper spine area — Health Minister
One’s upper backbone area is exposed to damage from ‘text neck’ if one spends a lot of time texting or viewing content on a phone or computer with the head in a down-forward position, Minister of Health, Sabin Nsanzimana, warned on February 19. He expressed the warning during a session between the Senate’s Committee on Social Affairs and Human Rights and officials at the Ministry of Health and the Rwanda Biomedical Centre (RBC). The session was assessing Rwanda’s efforts to prevent and treat epidemics. Text neck is a syndrome that…
SOMA INKURUThe rigours of cancer treatment: Insurance companies urged to pay more to help patients
Many developing countries face an upsurge of non-communicable diseases (NCDs) such as cancer which are increasingly claiming the lives of many people. The NCDs, a group of conditions not mainly caused by an acute infection that result in long-term health consequences and often create a need for long-term treatment and care, account for 44 per cent of all deaths in Rwanda but a big number of them can be prevented, according to the Ministry of Health. With the establishment of the Rwanda Cancer Centre (RCC), in Kigali, as well as Butaro Cancer Centre…
SOMA INKURUGlobal cancer burden growing, says WHO
Ahead of World Cancer Day, on Sunday, February 4, the World Health Organization (WHO)’s cancer agency, the International Agency for Research on Cancer (IARC), released the latest estimates of the global burden of cancer. A February 1 statement indicated that more than 35 million new cancer cases – globally – are predicted in 2050, a 77% increase from the estimated 20 million cases in 2022. As noted, the rapidly growing global cancer burden reflects both population ageing and growth, as well as changes to people’s exposure to risk factors, several of which…
SOMA INKURUIbanga ry’ubuzima burambye ku bafite virusi itera SIDA
Nk’uko Minisitiri y’Ubuzima ibinyujije mu kigo cy’igihugu cy’ubuzima “RBC”, itangaza ko imibare y’abaturarwanda bafite virusi itera sida ari 3%. Ni muri urwo rwego ikinyamakuru umuringanews.com cyifashishije ubushakashatsi bwatangarijwe ku rubuga www.sidainfoservice.com, bwafasha abafite virusi itera SIDA kuramba. Ikintu cya mbere: Umuntu ufite virusi itera SIDA agomba gukora ni ugufatisha ibizamini kugira ngo amenye uko umubare w’abasirikare bari mu mubiri we (CD4) bangana, kugira ngo mu gihe baba bagabanutse harebwe ikibitera gishakirwe igisubizo byihuse hagamijwe kwirinda kurwara SIDA ari nako yibasirwa n’ibyuririzi bitandukanye byanamuviramo kumuhitana. Ikintu cya kabiri: Umuntu ufite virusi…
SOMA INKURU