Take care of your mental health at all stages of life

Mental health is not a luxury it’s a foundation. From childhood through old age, mental well-being is critical for how we think, feel, and interact with the world. Yet, stigma, lack of access, and misinformation often prevent people from seeking the help they need. According to the World Health Organization (WHO), one in eight people globally lives with a mental disorder, yet more than 60% receive no treatment. The need for awareness and care across all stages of life has never been more urgent. Childhood and Adolescence: Building Resilience Early…

SOMA INKURU

Yasutse amarira imbere y’urukiko nyuma yo gushinjwa ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa Kabiri Tariki 5 Gicurasi, nibwo Turahirwa Moses wamenyekanye mu iby’imideli ubwo yashingaga inzu idoda ikanacuruza imyambaro “Moshions”, yitabye urukiko mu iburanisha ry’icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge akurikiranyweho ndetse akaba akinakorwa iperereza ku kuba yaranabicurizaga. Umushinjacyaha yagaragaje ko inyandiko y’abagenzacyaha bakoze iperereza no gufatwa yerekanye ko Turahirwa yafatanywe udupfunyika 13. Ku bijyanye no gutunda ibiyobyabwenge, umushinjacyaha yavuze ko bishimangirwa no kuba mu ibazwa rye, Moses yaremeye ko ibiyobyabwenge yafatanywe yabivagana muri Kenya akabinywa. Ku bijyanye no kubika ibiyobyabwenge bishimangirwa no kuba yaremeye ko yafatanywe urumogi, nubwo atemera ingano y’urwo…

SOMA INKURU

Ingamba nyinshi zafatiwe abimukira bari muri Amerika

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bukomeje gushyira igitutu ku bimukira batujuje ibyangombwa, kuri iyi nshuro hatangajwe ko abazibwiriza kuva muri Amerika, bemerewe amahirwe yo kugaruka muri iki gihugu ndetse bagahabwa ibyangombwa mu gihe byagaragara ko ari abantu beza, bakunda iki gihugu. Minisitiri Noem yatangaje ko umwimukira utemewe n’amategeko uzamenyesha leta ko ashaka gusubira mu gihugu yaturutsemo, azahabwa tike y’indege imucyura ndetse n’amadolari igihumbi. Minisitiri w’Umutekano w’Imbere, Kristi Noem, yatangaje ko kwibwiriza kuva muri Amerika ari bwo buryo bwiza ku bimukira batemewe n’amategeko kuko ari bwo bwabarinda gutabwa muri yombi. Hari…

SOMA INKURU

Yaba agiye guca agahigo ko kuba icyamamare kibyaye indahekana

Ubwo Rihanna n’umukunzi we ASAP Rocky batambukaga ku itapi mu birori by’imideli bya Met Gala, yifashe ku nda ye maze araseke, bifatwa nk’ibihishuye ko yaba agiye kwibaruka umwana wa 3. Mu mafoto abanyamakuru bamufotoye wabonaga ko afite inda nkuru, ndetse bahise bifuriza uyu muryango kuzabyara neza. Umuhungu wa mbere wabo witwa RZA yavutse muri Gicurasi 2022, naho murumuna we, Riot, avuka muri Kanama 2023. Rihanna, icyamamare muri muzika no mu bucuruzi yakunze gutangaza ko yifuza ko umwana we wa Gatatu yaba umukobwa nubwo yemeza uwo yabyara wese azamwishimira. INKURU YA…

SOMA INKURU

Ari gushakishwa nyuma yo guhindura iwe gereza

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Gicurasi 2025, nibwo hatangiye gushakishwa uwitwa Nkundimana Fiston w’imyaka 30, wo mu mudugudu wa Mukibimba, mu kagari k’Akagarama, mu murenge wa Rurenge, mu karere ka Ngoma yatangiye gushakishwa n’inzego z’umutekano nyuma yo gusanga iwe mu rugo yarahafungiye umuntu. Uwari ufunze ni Niyibizi Célestin w’imyaka 49 ukomoka mu karere ka Kayonza, wari umufitiye ideni ry’ ibihumbi 570 by’amafaranga y’u Rwanda, akamubwira ko azamufungura ari uko ayamuhaye. Bivugwa ko ayo mafaranga yhari yafungiwe mu rugo rwa Nkundimana, yayamwibiye mu mujyi wa Kigali ubwo yamucururizaga inka…

SOMA INKURU

Selon l’Iran, Israël entraîne les États-Unis dans une “catastrophe” au Moyen-Orient

Dans un long message publié lundi sur X, le ministre iranien des Affaires étrangères a accusé le Premier ministre israélien Benjamin Netanyahu de chercher à interférer dans les négociations entre Téhéran et Washington sur le nucléaire iranien. Il a aussi fustigé le soutien des États-Unis à Israël dans sa guerre à Gaza, ainsi que les frappes américaines contre les rebelles houthis au Yémen. Le ministre iranien des Affaires étrangères, Abbas Araghchi, lors d’une conférence de presse conjointe avec son homologue irakien à Bagdad, le 13 octobre 2024. Téhéran a accusé…

SOMA INKURU

Conclave: Is the papal election impervious to influence?

While direct state interference is now banned, influence strategies surrounding the conclave, which opens Wednesday, have taken other forms: discreet networks, diplomatic games, media pressure… A hushed ballet on the borders of the spiritual and the political. The hands of cardinals during the Mass of the Sixth of November a nine day period of mourning following the death of the Pope at St. Peter’s Basilica, Vatican, May 1, 2025. Two meals and a controversy. Conservative Italian media recently accused Emmanuel Macron of maneuvering to try to influence the choice of…

SOMA INKURU

Sous le soleil, le danger : Ce que votre peau endure sans que vous ne le sachiez

Lorsque les rayons du soleil caressent notre peau, ils semblent inoffensifs, agréables même. Pourtant, derrière cette sensation de chaleur et de lumière se cache un ennemi silencieux, capable de causer des dommages graves, parfois irréversibles, à notre peau. Les rayons UV, un poison invisible Le Docteur Sophie Kayumba, dermatologue à la Clinique Centrale de Kigali, alerte: « Beaucoup de gens pensent que seuls les coups de soleil sont dangereux. Mais les rayons ultraviolets (UV), surtout en milieu tropical, pénètrent en profondeur dans la peau, provoquant un vieillissement prématuré, des taches, et…

SOMA INKURU

Iby’urubanza rw’umuraperi P.Diddy bikomeje kugorana

Umuraperi w’igihangage muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Sean Diddy Combs uzwi nka P. Diddy w’imyaka 55, ufungiye muri gereza ya Brooklyn ashinjwa ibyaha bijyanye no gusambanya abagore ku ngufu, akomeje gushakisha uburyo bunyuranye bwo kwiregura, kuri ubu akaa ageze ku kibazo cyo mu mutwe. Uyu muhanzi ukurikiranyweho ibyaha bikomeye birimo ubucuruzi bw’abantu, ihohotera rishingiye ku gitsina n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi, yazanye uburyo bushya bwo kwiregura, akaba yatangaje ko gusambanya abagore ku ngufu byari ingaruka zo kunywa ibisindisha n’ibiyobyabwenge. Urubanza rw’uyu muraperi wabaye icyamamare cyane, ruzatangira kuwa 5 Gicurasi 2025, rukazabera…

SOMA INKURU

Mu myiteguro ya BAL 2025, ikipe ya APR BBC yagize kirogoya

Imyiteguro yo kwitabira BAL 2025 ku ikipe ya APR BBC, ikomeje gukomwa mu nkokora nyuma y’aho abakinnyi bayo bakomeye bagiriye imvune ikomeye mu mukino uheruka. Abo bakinnye bateje ikibazo mu myiteguro y’iyi kipe ni Shema Osborn na Nobel Boungou Colo bagiriye imvune zikomeye mu mukino wa nyuma w’irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Shema ni umwe mu bakinnyi ngenderwaho mu ikipe yiIgihugu ndetse na Nobel kuko ni umwe mu bakinnyi bashya Ikipe ya APR yaguze mu rwego rwo guha imbaraga iyi kipe bitegura amarushanwa…

SOMA INKURU