Intimba ikomeye y’uwandujwe virusi itera SIDA, anakebura abashakanye

Yashakiye ndetse anakomoka mu murenge wa Kiramuruzi, uherereye mu karere ka Gatsibo, mu ntara y’Iburasirazuba, atangaza ko yandujwe virusi itera SIDA n’uwo bashakanye, akaba yarahishuye icyabiteye ndetse akanemeza ko hari umubare utari muto w’abagore bahuje ikibazo. Uwababyeyi (Izina twamuhaye), atangaza ko yari amaranye n’umugabo we imyaka irenga10, ko ariko yajyaga yumva amakuru ko umugabo we ajya mu ndaya ariko ntabyiteho kuko yabonaga babanye neza. Atangaza ko yaje kubyemera nyuma yo kurwaza umugabo akaremba bajya kwa muganga bagasanga ari ibyuririzi bya virusi itera SIDA, kuko yaramaze igihe nta biraka afite, bimuviramo…

SOMA INKURU

Papa Francis yasabye imbabazi abatinganyi

Itangazo rya Vatican ryavuze ko Papa Francis atashakaga kubabaza umuntu uwo ari we wese ndetse ko asabye imbabazi abantu bakomerekejwe n’ikoreshwa ry’ijambo yavuze ryafashwe nk’imvugo isebanya cyane ku bagabo b’abatinganyi. Mu nama y’abasenyeri bo mu Butaliyani, amakuru avuga ko Papa yavuze ko abagabo b’abatinganyi badakwiye kwemererwa kwigira ubupadiri, yongeraho ko hasanzwe hari umwuka wa frociaggine, ijambo ry’Igitaliyani rifite igisobanuro cy’igitutsi nyandagazi. Iyo nama yabereye mu muhezo, ariko yagarutsweho cyane mu bitangazamakuru. Iryo tangazo risubiramo amagambo y’umukuru w’urwego rw’ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika, Matteo Bruni, agira ati: “Papa Francis azi inkuru zo mu binyamakuru zasohotse…

SOMA INKURU

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Centrafrique zatanze serivisi z’ubuvuzi ku buntu

Ingabo z’u Rwanda zibarizwa mu Itsinda rya (Battle Group VI), zikorera mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), zatanze ku buntu serivisi z’ubuvuzi ku baturage bo mu mujyi wa Bria, umudugudu wa Dahouga. Mu gikorwa cyabaye ku wa Kabiri tariki 28 Gicurasi 2024, serivisi z’ubuvuzi zatanzwe zibanze ku kugusuzuma no kuvura indwara nka malariya, indwara zo mu myanya y’ubuhumekero ndetse n’abafite ibibazo byo mu nda. Abaturage kandi bapimwe n’indwara zitandura zirimo umuvuduko wamaraso hamwe no kubapima ibiro, hanatanzwe na serivisi z’ubuvuzi bw’amenyo n’ubw’amaso. Umuyobozi w’umujyi wa Bria, Bwana…

SOMA INKURU

Biremezwa ko M23 yagose umujyi wa Kanyabayonga nyuma yo kwigarurira ibice binyuranye

Biremezwa ko umujyi wa Kanyabayonga wamaze kugotwa n’ingabo z’umutwe w’inyeshyamba za M23, bikaba binavugwa ko abasilikare ba FARDC bagera kuri 234 biciwe mu mirwano i Mirangi, Kyagara na Birundure Aya makuru akaba yemejwe n’umuvugizi mu bya gisilikare Lt.Col Willy Ngoma mu kiganiro yagiranye na Rwandatribune, umunyamakuru muri Congo Kinshasa Micombero Batubenga nawe yahamije aya makuru aho yavuze ko muri turiya duce twabaye isibaniro. Uduce twa Birundure turi mu ntera ya Km 30 ugana mu mujyi wa Kanyabayonga na Mirangi nuko biri mu ntera ijya kungana. Umuvugizi wa Sosiyete Sivile Bwana…

SOMA INKURU

Ikihishe inyuma y’amakimbirane akomeye hagati ya Samuel Eto’o Fils n’umutoza w’ikipe ya Cameroon

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 28Gicurasi 2024 nibwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroon (FECAFOOT) rikuriwe na Samuel Eto’o Fils ryatumije umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Marc Brys watanzwe na Guverinoma kugira ngo atange ibisobanuro kuri byinshi yashinjwaga byo kudakorana neza n’iyi Federasiyo, ariko ntibyagenze nk’uko byari byateguwe. Iyi nama ariko yaje kugaragaramo Umujyanama muri Minisiteri ya Siporo, Cyrille Tollo, utari wayitumiwemo. Yahise asabwa gusohoka agasubira kuri Minisiteri maze na we ahita asaba Umutoza Marc Brys ko yasohoka bakajyana akareka kwitaba FECAFOOT yari yamuhamagaje, ikintu cyababaje Perezida wa Federasiyo,…

SOMA INKURU

Isura nshya mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Nyuma yo kugirwa Minisitiri w’intebe,  Madame  Judith Suminwa Tuluka afatanije na Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo yatangaje abagize Guverinoma nshya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abagize iyi leta bari mu bice bigera kuri bitanu. Hari igice kigizwe n’aba minisitiri b’intebe bungirije, ba minisitiri ba leta, minisitiri, intumwa(minisitiri delegués) na ba visi minisitiri. Jaquemain Shabani yahawe kuyobora ibikorwa by’imbere mu gihugu, ushinzwe ubwikorezi yagizwe Jean Pierre Bemba, ubwunganizi Gay Kabombo, ubukungu Daniel Mukoko Samba, mu gihe ushinzwe abakozi ba leta ari Lihahu Ebula naho Guylain Nyembo yashizwe ibijanye no gukora gahunda…

SOMA INKURU

Miss Nimwiza Meghan yahamirije mu ruhame guhindura icyerekezo cy’ubuzim

Miss Nimwiza Meghan wegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2019, ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki 28 Gicurasi 2023 yabatijwe mu mazi menshi mu itorero “Christian Life Assembly”. Uku guhamya kwakira Yesu n’umukiza mu buzima bwa Miss Nimwiza Meghan byasamiwe hejuru n’abatari bake harimo na Miss mugenzi we Liliane Iradukunda wabaye Miss Rwanda 2018, aho yagaragaje ko yishimiye intambwe Miss Meghan yateye mu buzima. Miss Iradukunda mu marangamutima yagize ati “Ndakwishimiye kandi ntewe ishema nawe Meghan wanjye”. Uyu kimwe n’abandi batandukanye bagaragaje ko bishimiye intambwe yatewe…

SOMA INKURU

RSSB to launch Rwf30bn equity investment facility for SMEs

Rwanda Social Security Board (RSSB) is set to launch a Rwf30 billion equity investment facility for Small and Medium Enterprises (SMEs) in a move to address the financing gap to growth and scalability. The development was announced by Regis Rugemanshuro, the chief executive of RSSB, who indicated that the proposed Fund will be domiciled and operate in Rwanda. He said the target is to launch it before the end of 2024. “If we were only looking for returns, there are many funds that are already doing that,” he said, noting…

SOMA INKURU

Peine de mort : Amnesty rapporte un nombre record d’exécutions dans le monde depuis 2015

Dans son rapport annuel publié mercredi, Amnesty International dénombre 1 153 exécutions dans le monde en 2023, dont 853 rien qu’en Iran. Cependant, “les pays qui continuent de procéder à des exécutions sont de plus en plus isolés”, note l’ONG. Le nombre d’exécutions a atteint son plus haut niveau dans le monde depuis 2015, sous l’effet d’une forte augmentation en Iran, a indiqué Amnesty International mercredi 29 mai dans son rapport annuel sur la peine de mort. L’organisation de défense des droits humains basée à Londres a dénombré 1 153 exécutions en…

SOMA INKURU

Un satellite européen s’envole pour étudier les effets des nuages sur le climat

Le satellite EarthCARE de l’Agence spatiale européenne a pris son envol mardi depuis la base de Vandenberg en Californie, à bord d’une fusée Falcon 9 de SpaceX. Sa mission : explorer en détail les effets des nuages sur le climat, un phénomène encore mal compris. Que cachent les nuages ? Le satellite EarthCARE de l’Agence spatiale européenne (ESA) a décollé mardi 28 mai de Californie pour aller explorer en détail les effets des nuages sur le climat, encore mal compris malgré leur rôle clé. Le lancement a eu lieu depuis la base…

SOMA INKURU