Byinshi kuri Christian Malanga bivugwa ko yishwe wigambye guhirika uutegetsi bwa Congo

Christian Malanga Musumari wayoboye igitero kigambye guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, ni umunye-Congo wavutse tariki 2 Gashyantare 1983 avukira i Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Yabaye mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yagarutse muri Congo mu mwaka wa 2006 ari nabwo yinjiraga mu gisirikare cya FARDC, akaba yarakivuyemo afite ipeti rya Captaine nyuma yo gushaka kwiyamamariza umwanya w’ubudepite mu mwaka 2011 anyuze mu ishyaka Parti Congolais Uni (PCU) yari yashinze ariko afungwa ataragera ku ntego ze. Amaze gufungurwa mu 2012, yahise…

SOMA INKURU