Congo irashinja u Rwanda na M23 urupfu rw’ abasirikare 2 b’Abanyafurika y’Epfo

Mu itangazo rigenewe Abanyamakuru Minisiteri y’Itumanaho n’Itangazamakuru  ya Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyize hanze, yavuze ko ingabo z’u Rwanda na M23 aribo bari inyuma y’urupfu rw’ abasirikare 2 b’Abanyafurika y’Epfo ba SANDF baturikanywe n’igisasu cyanakomerekeje batatu. Itangazo riragira riti”Leta ya Congo ibabajwe n’urupfu rw’Abasirikare babiri ba Afurika y’Epfo (SANDF) barashweho n’igisirikare cy’u Rwanda na M23 ku birindiro byabo biri i Mubambiro kuwa 14 Gashyantare 2024 muri teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru.” Ubwo iki gisasu cyaturikanaga aba basirikare , SANDF yatangaje urupfu rwabo ariko ntiyagaragaza aho cyaturutse n’uwabigizemo uruhare.…

SOMA INKURU

Inzu 28 zo mu mudugudu w’Urukumbuzi ahazwi nko kwa Dubai zigiye gusenywa

Muri Mata 2023 ni bwo hamenyekanye ko inzu zubatswe mu mudugudu uzwi nk’Urukumbuzi ziri gusenyuka ndetse biza kugaragara ko zubatswe mu buryo butujuje ubuziranenge. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hafashwe icyemezo cyo gusenya inzu 28 zo muri uyu mudugudu w’Urukumbuzi ahazwi nko kwa Dubai ndetse n’izindi 14 zo mu karere ka Gasabo zubatswe binyuranye n’amategeko. Umujyi wa Kigali wasabye ko bamwe mu bari bawutuyemo bimuka. Ababisabwe ni abari batuye mu nzu eshanu zigeretse zarimo imiryango 23 zitari zujuje ubuziranenge ndetse zimwe muri zo zari zatangiye kwangirika nubwo hari n’izitari…

SOMA INKURU

Nyuma yo kumena amabanga y’ikipe ye yahagaritswe ashinjwa imyitwarire mibi

Emilio Nsué López  ukinira Ikipe y’Igihugu ya Guinée Equatoriale, akaba ari nawe rutahizamu mwiza wa CAN  yashinje Ishyirahamwe rya Ruhago mu gihugu cye (FEGUIFUT) kwikubira amafaranga arenga miliyari 1  yari kubeshaho abakinnyi mu irushanwa. Mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira ku wa Gatanu, tariki ya 16 Gashyantare 2024, Emilio yasobanuye byose ubwo yaganiraga n’abafana be ku rukuta rwe rwa Instagram mu buryo bw’ako kanya [Live]. Mu byo yagarutseho harimo impamvu yatumye ahagarikwa na FEGUIFUT kandi ari umwe mu bafashije Ikipe y’Igihugu kwitwara neza igasoreza muri ⅛ cya CAN 2023.…

SOMA INKURU

Au Sénégal, le Conseil constitutionnel invalide le report de la présidentielle

Au Sénégal, la Cour constitutionnelle sénégalaise a invalidé jeudi 15 février le report de la présidentielle du 25 février au 15 décembre, plongeant dans l’inconnu le pays en proie à l’une de ses plus graves crises politiques depuis des décennies. L’instance a jugé que le texte de loi adopté par le Parlement pour reporter l’élection présidentielle, qui devait initialement se tenir le 25 février, viole la Constitution et doit être annulé. Le Conseil constitutionnel a par ailleurs annulé le décret du président Sall qui, trois semaines seulement avant l’échéance, modifiait de facto le calendrier…

SOMA INKURU

President Kagame in Addis Ababa for AU Summit

President Paul Kagame has arrived in Addis Ababa where he joins other Heads of State and Government from across the continent for the 37th Ordinary Session of the Assembly of the Heads of State and Government of the African Union. President Kagame will present a progress report on African Union reforms as the leader of the AU Institutional Reforms mandated by the Heads of State and Government of the Union. In the eight years since the start of the reforms, the revamped Peace Fund now stands close to $400 million…

SOMA INKURU

Saint Valentin yabagizeho ingaruka zikomeye, RBC iti: “Gukoresha agakingirizo ntibyakabateye isoni”

Tariki 14 Gashyantare ni umunsi ngarukamwaka ufatwa nk’uw’abakundana, hizihizwa Mutagatifu Valentin “Saint Valentin” ku batari bake. Usanga urubyiruko runyuranye rutangaza ko umunsi nk’uyu aba ari umunsi wo gushimishanya nk’abakundana, bakanemeza ko gushimishanya hataburamo gukora imibonano mpuzabitsina kuri bamwe, ari naho hari abo bigiraho ingaruka zinyuranye. Ibi binemezwa n’abakobwa banyuranye bahindutse ababyeyi imburagihe, bemeza ko umunsi bakoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere wari umunsi nk’uyu, aho ari nabwo bamwe batewe inda, akaba ari nacyo gihe bamwe muri bo baherukana n’abiyitaga ba Valentin (abakunzi) babo. Uwo twahaye izina rya Amina w’imyaka 21, ufite…

SOMA INKURU

Flight of Innovation: Enhancing Tourism and Conservation Through Local Deliveries

By Diane NKUSI NIKUZE The Rwanda Development Board and Zipline collaborate to enhance tourist experiences through the delivery of ‘Made in Rwanda’ products, while simultaneously strengthening conservation efforts. A pioneering partnership takes flight, promising to revolutionize the intersection of tourism, conservation, and technology. As the dawn breaks over the majestic Volcanoes National Park, the hum of drones fills the air, heralding a new era of sustainable progress. Zipline, a trailblazer in autonomous drone delivery, unveils an unprecedented collaboration with the Rwanda Development Board (RDB). Together, they embark on a mission…

SOMA INKURU

Guhishira uwamusambanyije byatumye aterwa inda ya kabiri

Umugore witwa Akingeneye (izina twamuhaye), wo mu Karere ka Nyabihu, avuga ko guhishira umugabo yakoreraga akazi ko mu rugo wamusambanyije akamutera inda ubwo yari akiri umwangavu, byamuviriyemo guterwa indi nda ya kabiri, none akomeje kugorwa n’imibereho yo kurera abo bana atishoboye. Mu 2014, Akingeneye wari umwana w’imyaka 16 akora akazi ko mu rugo, umugabo (nyir’urugo) ngo yahoraga amusaba ko basambana, akamwangira bigera ubwo umunsi umwe yaje kumusambanya ku ngufu anamutera inda. Ati “Yacungaga umugore we adahari ku manywa cyangwa nijoro, inshuro nyinshi akansaba ko turyamana nkamwangira, nkanatinya kubwira umugore we…

SOMA INKURU

More efforts needed to close STEM gender gap at tertiary level – officials

Rwanda has made progress in advancing the participation of women and girls in Science, Technology, Engineering, and Mathematics (STEM) fields, particularly within primary and secondary education. However, officials and experts say that further efforts are necessary to bridge the gender gap in tertiary education and research. Data from the Ministry of Education’s Statistical Yearbook for the academic year 2021/2022 indicates that the percentage of female students enrolled in STEM fields is 57.4 per cent of the total student population, while their male counterparts account for 42.5 per cent of students.…

SOMA INKURU

Muri Congo ingabo za ONU zamishijweho urusasu

Umukuru w’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo aravuga ko abakozi ba ONU n’imodoka barimo baguye mu gico bamishwaho urusasu kuwa gatandatu mu murwa mukuru Kinshasa. Ni mu gihe hakomeje intambara mu burasirazuba bw’icyo gihugu ituma umwuka wo kwamagana izi ngabo wiyongera muri rubanda. Ibitero by’abantu bagendera ku mapikipiki byari bigandagaje mu karere ka Gombe i Kinshasa mu murwa mukuru w’icyo gihugu aho ibiro by’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) biherereye. Umunyamakuru w’ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, wabibonye, aravuga ko aho bari bakoraniye bahatwikiye n’amapine y’imodoka. Umukuru wa MONUSCO muri Repubulika…

SOMA INKURU