Barasabwa guhabwa ingurane z’imitungo yabo yari ibatunze

Abatuye mu murenge wa Rwaza, mu karere ka Musanze bavuga ko batazi iherezo ry’amafaranga yabo y’ingurane ku byangijwe n’umiyoboro uva ku rugomero rwa Mukungwa werekeza mu karere ka Nyabihu. Uku kutishyurwa amafaranga y’ibyangijwe, bavuga ko byagize ingaruka ku mibereho yabo cyane ko ibikorwa byangijwe harimo ibyari bitunze imiryango yabo. Ubuyobozi bwa Sosiyete Ishinzwe Ingufu (REG) bwo bwavuze ko gutinda kw’ingurane ahanini bikomoka ku bibazo by’ubutaka bw’abazazihabwa. Umuturage wo mu kagari ka Nyarubuye waganiriye n’itangazamakuru utifuje ko amazina ye atangazwa, yavuze ko kutishyurirwa igihe byabagizeho ingaruka. Ati “Iyi miyoboro ari Mukungwa-Nyabihu,…

SOMA INKURU

DR Congo: Indigenous Communities claim Justice in loss of their forests due to climate change  

By Diane NKUSI NIKUZE    Indigenous communities in the DR Congo have decried threats to the forests of the Congo Basin, which has increasingly come under pressure from timber merchants from around the world. While deforestation in Democratic Republic of CONGO is on the steady rise, the autochthone communities fear soon they may not have anything left of their heritage. The Democratic Republic of Congo contains around 60% of the forests of the Congo Basin, and contribute to the carbon storage capacity. There are three groups of indigenous peoples in…

SOMA INKURU

Ibikomoka ku buhinzi bikomeje kwinjiriza u Rwanda amadovise

U Rwanda rwataye intambwe mu  kohereza mu bihugu binyuranye umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi, ari nako bininjiza amadovize. Ibi byatangajwe n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), aho cyemeje ko u Rwanda rwohereje hanze ikawa, icyayi n’umusaruro w’ibikomoka ku mboga, imbuto n’indabo, bingana na Mega Toni 1,293.1 bifite agaciro k’amadolari y’Amerika 4,900,928. Ubuhinzi bw’ikawa bwo bwinjije amadolari y’Amerika 839,595 kuri Mega Toni 434 aho igiciro mpuzandengo ku kilo cyari amadolari y’Amerika 7,6. Ikawa yoherejwe muri Switzerland, mu Bwongereza, muri Leta zunze ubumwe z’Amerika no muri…

SOMA INKURU

Zimwe mu ngamba bafashe nk’abafite ibyago byinshi byo kwandura VIH/SIDA

Hari ibyiciro binyuranye bifite ibyago byinshi byo kwandura virusi itera SIDA, muri byo harimo abakora umwuga w’uburobyi, akaba ari muri urwo rwego hasuwe  abakora uwo mwuga bo mu karere ka Karongi hagamijwe kumenya ingamba bafashe mu kwirinda ubwandu bushya bw’iki cyorezo. Ubwo ishyirahamwe ry’abanyamakuru bo mu Rwanda barwanya SIDA ( ABASIRWA) basuraga ihuriro ry’amakoperative y’abarobyi bakorera mu karere ka Karongi batangaje ko bafashe ingamba zo kwirinda virusi itera SIDA cyane ko abenshi muri bo baba bakora bataha mu ngo zabo. Zimwe mu ngamba abarobyi bo muri Karongi bafashe mu guhangana…

SOMA INKURU

The power of mind of Kouatcha, Nadia & Tesh  to win Africa’s Business Heroes Prize 2022

By Diane Nkusi By the financial help of Alibaba and Jack Ma, 15 people mostly young  from different African countries, are going to compete for the award called “Africa’s business heroes prize competition 2022” Kouatcha Flavien Kouatcha Simo from Cameroon, at the age of 33, is now among the young people who have the  opportunity to be called rich in the field of business of vegetable farming and fish farming (aquaponie). As one of the young entrepreneurs who chased the idea of ​​development from nothing, Kouatcha told umuringanews.com that he…

SOMA INKURU