Perezida Museveni yatangaje icyo atarakora kuva yabana n’umugore we

Nk’uko ikinyamakuru Chimpreports  cyabitangaje, Perezida  Museveni ni umugabo warahaniye impinduramatwara, mu buyobozi bwe akarangwa no gushyigikira iterambere ry’ umugore akabashyigikira muri gahunda zo kurwanya ubukene, n’ ibyorezo ngo byashoboka ko aya magambo yatangaje yaba yatengushye abagore, ubwo yari kumwe n’abashoramari  b’ urubyiruko I Kampala yagize ati “Mu myaka 45 maranye na Mama Janet sindakandagira mu gikoni. Abatware b’ ingo ntibajya mu gikoni kandi niko bikwiye kugenda”. Ibi yabivuze abihuza no kuba abakozi ba Leta badakwiye kubifatanya na gahunda zo gushaka amafaranga (ubushabitsi). Perezida Museveni yavuze ko muri iki gihugu hari…

SOMA INKURU

Kaminuza y’u Rwanda yatanze impamyabumenyi zisoza ibyiciro binyuranye

  Kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Ugushyingo, Kaminuza y’u Rwanda yahaye abasaga 7000 impamyabumenyi zisoza ibyiciro bitandukanye muri bo abize amasomo ajyanye n’inderabarezi nibo benshi, abo mu cyiciro cya gatatu cya Kaminuza ni 509, naho umwe ni we uhabwa impamyabumenyi ihanitse (PhD, Mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza hasoje abanyeshuri 6540. Muri bo abagore ni 2594 mu gihe abagabo ari 4456, ibi birori byabereye kuri Stade ya Huye mu Karere ka Huye, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 55 Kaminuza ya mbere ibayeho mu Rwanda.   Umuhango wo gutanga impamyabumenyi…

SOMA INKURU

Umukinnyi wa Rayon Sports Bimenyimana Caleb yasabye imbabazi

Bimenyimana Bonfils Caleb ukinira Rayon Sports yabwiye abanyamakuru ko yakoze aya makosa yitabara kuko ngo uyu mufana bikekwa ko ari uwa Sunrise FC yaje ashaka kumukubita. Yagize ati “Umufana yaje andwanya, Irambona aramufata aramwikura, ankubita ingumi, nanjye mutera umugeri. Nabikoze nirwanaho nari nziko ashobora kuba afite icyuma cyangwa ikindi kintu cyankomeretsa.Nubwo nirwanyeho mu buryo butari bwo,ndasaba imbabazi abafana, abakinnyi n’abayobozi ba Rayon Sports”.   Ibi byose byabaye ku mukino wo ku munsi w’ejo hashize tariki 1 Ugushyingo 2018, uwo Rayon Sports yatsinzemo Sunrise FC ibitego 2-1, Bimenyimana Bonfils Caleb akaba…

SOMA INKURU

Byemejwe ko mu bizamini by’akazi hakigaragaramo akarengane

Perezida w’Inama y’Abakomiseri muri komisiyo y’igihugu y’Abakozi ba Leta , Habiyakare François yavuze ko komisiyo yakiriye ubujuririre ku bizamini bugera kuri 138, hasanzwemo 38 bufite ishingiro. Yashimangiye ko ubujurire bwinshi bushingiye ku kudashyirwa mu myanya kw’abatsinze ibizamini by’akazi ariko ahanini usanga burimo ababa baratsinze, bigatahurwa yenda na komisiyo ko bakoze ikizamini batujuje ibisabwa, ibi akaba yarabivuze ubwo yari imbere y’Inteko rusange y’Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, atanga raporo y’ibikorwa byayo by’umwaka wa 2017/2018, tariki ya 1 Ugushyingo 2018. Habiyakare yanatangaje ko yakiriye raporo 104 z’amapiganwa, ibasha gusura inzego 26, eshanu…

SOMA INKURU

Abiga amategeko bari mu marushanwa ajyanye n’amategeko y’intambara

Ejo hashize kuya 1 Ugushyingo nibwo hatangijwe amarushanwa ahuza abanyeshuri biga muri Kaminuza zitandukanye zigisha amategeko mu Rwanda, ku munsi wa mbere hakaba harabayeho kubanza kubahugura, amarushanwa nyiri zina yatangijwe uyu munsi, aya marushanwa yateguwe na Komite Mpuzamahanga y’Umuryango wa Croix-Rouge (ICRC) ku bufatanye na kaminuza zigisha amategeko, aya marushanwa akaba yarahuje abanyeshuri biga ibijyanye n’amategeko mu kuburana ku mategeko agenga intambara. Innocent Muragijimana umunyeshuri muri Kaminuza yigenga ya Kigali “ULK” mu mwaka wa gatatu w’amategeko, yatangaje ko bareba ubwoko bw’intambara buri kuba, niba ari amakimbirane y’imbere mu gihugu cyangwa…

SOMA INKURU

Abagore bakwiriye guhagurukira kurwanya ruswa kuko aribo izahaza cyane-Mme Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kurwanya ruswa muri Afurika bikwiye kuba ibya buri wese by’umwihariko abagore kuko ari bo bazahazwa cyane n’ingaruka zayo, ibi akaba yarabitangaje ejo hashije tariki 31 Ukwakira 2018, ubwo yatangizaga Inama y’iminsi ibiri yateguwe n’Inteko Ishinga Amategeko Nyafurika ku Burenganzira bw’Abagore igamije guhashya ruswa. Madamu Jeannette Kagame yavuze ko aho ruswa yageze nta mushoramari uhifuza kuko nta nyungu n’umutekano w’amafaranga ye aba ahabona. Yagaragaje kandi ko imunga imitangire ya serivisi nziza, ibikorwa remezo ntibikorwe cyangwa bigakorwa nabi ku buryo ingaruka zigaragara ku bagore n’abana. Yanavuze ko…

SOMA INKURU

Dore ikipe y’akadatana yagakwiye kuba hafi umuhanzi wabigize umwuga

Kimwe mu bituma abahanzi ba hano mu Rwanda usanga bamaze igihe bakora muzika ariko hari urwego batarenga, ni ukuba hari aho imbaraga zabo bonyine zitarenga. Aha rero niho haba hakenewe ikipe y’abantu babifitiye ubushobozi bafasha umuhanzi umunsi ku wundi mu buzima bwe bwa muzika, cyane ko aba yarahisemo gukora umuziki nk’umwuga. Kenshi mu Rwanda usanga umuhanzi akora muzika kuva atangiye akarinda ashyira akadomo ku rugendo rwe rwa muzika hari ibyo yumva atarageraho kandi yifuzaga kugeraho. Mu Rwanda kandi usanga abahanzi bakunze kurangwa n’amakosa ya hato na hato ku buryo nabo…

SOMA INKURU

Real Madrid sack head coach Julen Lopetegui after Barcelona thrashing

Real Madrid have sacked head coach Julen Lopetegui after just 14 matches in charge, following a 5-1 defeat against Barcelona on Sunday. Santiago solari will step up from Real Madrid’s B-team “castilla” to replace lopetegui Real have failed to win in the league since beating Espanyol on September 22, losing to Sevilla, Alaves, Levante and drawing with Atletico Madrid, before Sunday’s 5-1 thrashing by Barcelona at the Nou Camp. Lopetegui, 52, has now lost two jobs in the space of less than five months. He was fired by the Spanish…

SOMA INKURU

Mbonigaba Ismael was sentenced to 32 months imprisonment

Ismael Mbonigaba, a Rwandan resident of Saint-Anselme, Quebec in Canada was on Friday sentenced to 32 months imprisonment after being found guilty of sexual assault on minors. His case was tried by Saint Joseph Court in Canada as reported by a Canadian newspaper  “La Voix du Sud”. The charges were related to touching and sexual assault on three teenage girls between September 2012 and June 2014, as well as computer lures. Judge Jean-Paul Aubin also ruled that he provides a DNA sample, a 10 years weapons prohibition, and upon release,…

SOMA INKURU

RBC encourage children to develop the culture of taking care of their teeth

Rwanda Biomedical Centre (RBC) has called on parents and schools to encourage children to develop the culture of taking care of their teeth at an early age in a bid to contain rising cases of tooth and gum diseases. RBC cited the sensitisation as critical in addressing school absenteeism among children as well as containing cases adulthood teeth losses. Dr Gilles Ndayisaba, the head of Non Communicable Diseases (NCDs) at RBC, said that the understanding and practice of teeth hygiene is still critically low. Official data from RBC shows that…

SOMA INKURU