Rubio rencontre Netanyahu à Jérusalem pour parler du projet de Trump à Gaza

Le chef de la diplomatie américaine, Marco Rubio, a entamé, dimanche, une rencontre avec le Premier ministre israélien, Benjamin Netanyahu, dans son bureau à Jérusalem, au début de sa première tournée au Moyen-Orient. Au programme : l’accord de trêve ainsi que la proposition du président Donald Trump de prendre le contrôle de la bande de Gaza. Le secrétaire d’État américain, Marco Rubio, a débuté, dimanche 16 février, un entretien avec le Premier ministre israélien, Benjamin Netanyahu, à Jérusalem. Une rencontre qui intervient au lendemain de nouvelles libérations d’otages à Gaza…

SOMA INKURU

Rwandair yemeje ko yashyize mu bikorwa icyemezo cya RDC

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Gashyantare 2025, nibwo Leta ya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yaciye indege ziva mu Rwanda mu kirere no ku butaka bwayo, isobanura ko ari ingamba z’umutekano, nyuma y’amasaha make RwandAir yavuze ko yatangiye kubahiriza icyo cyemezo. Urwego rwa RDC rushinzwe indege za gisivili rwavuze ko indege za gisivili cyangwa za Leta zanditse mu Rwanda cyangwa se ahandi ariko zikorera mu Rwanda, zaciwe mu kirere no ku butaka bwa RDC kubera umutekano muke watewe n’intambara Mu itangazo RwandAir yashyize hanze, yavuze…

SOMA INKURU

Inkuru y’ihumure ku bangirijwe ibyabo n’ibisasu byaturutse muri Congo

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda, yatangaje ko Leta y’u Rwanda izishyura ibyangijwe n’ibisasu biherutse kuraswa mu Rwanda bivuye muri DRC, mu gihe ibisubizo bya Politiki nabyo bizaba bikurikiranwa. Alain Mukurarinda yabitangaje kuri uyu wa 05 Gashyantare 2025, aho yavugaga ku mutekano w’u Rwanda n’Ububanyi n’ibindi bihugu, aho yagaragaje imibare y’ababuriye ubuzima muri ibyo bisasu n’ibimaze kubarurwa byangiritse. Mukurarinda avuga ko abasirikare ba Kongo FARDC barashe nkana ku Rwanda, mu mugambi w’icyo Gihugu, wo gutera u Rwanda no guhirika ubutegetsi buriho, aho abantu 16 bamaze gupfa, abasaga 160…

SOMA INKURU

China hits back against Trump tariffs with retaliatory measures, renewing trade war

China on Tuesday slapped tariffs on US imports in a swift response to new US duties on Chinese goods, renewing a trade war between the world’s top two economies even as President Donald Trump offered reprieves to Mexico and Canada. Within minutes, China’s Finance Ministry said it would impose levies of 15% for US coal and LNG and 10% for crude oil, farm equipment and some autos. The new tariffs on US exports will start on February 10, the ministry said. The Chinese government immediately hit back with a series…

SOMA INKURU

Ikihishe inyuma y’ihagarikwa ry’imirwano ku ruhande rwa M23

Mu itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu 3 Gashyantare 2025, Umutwe wa M23 watangaje watangaje ko wafashe agahenge mu rwego rwo korohereza abakeneye ubutabazi kugira ngo babuhabwe. Ako gahenge kakaba gatangira none tariki ya 4 Gashyantare 2025 Uyu mutwe wasohoye itangazo rigira riti: “Ihuriro rya AFC/M23 riramenyesha ko bitewe n’ingaruka z’ibikorwa by’ubutegetsi bwa Kinshasa ku baturage, itangaje ibihe by’agahenge bitangira ku itariki ya 4 Gashyantare 2025, kubera impamvu z’ibikorwa by’ubutabazi.” Iri huriro kandi ryakomeje gusaba ko Ingabo za SADC ziri muri RDC ko zahava kuko ubutumwa zarimo butagifite agaciro. M23 yamaganye…

SOMA INKURU

U Rwanda rwanyomoje rwivuye inyuma ibyatangajwe na SADC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Nduhungirehe Olivier, yavuze ko hari ibintu byatangajwe n’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) u Rwanda rudashobora kwihanganira aho uwo muryango washinje Ingabo z’u Rwanda kuba ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi Minisitiri Nduhungirehe yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na IGIHE, aho yagarutse ku byatangajwe na SADC mu nama idasanzwe iherutse guhuza abakuru b’ibihugu biyigize. Umwanzuro wa kane w’iyo nama yateranye ku wa 31 Mutarama 2025, uragira uti “Inama yakiriye raporo y’ibibazo by’umutekano muke byubuye mu Burasirazuba bwa RDC, yanamenyeshejwe n’amakuru ateye impungenge y’ibitero by’umutwe…

SOMA INKURU

Umugaba Mukuru w’igisikare cy’umutwe wa FDLR yishwe

Abinyujije ku rubuga rwa X, Kanyuka yagize ati “Umugaba Mukuru w’igisikare cy’umutwe wa FDLR, General Chirimwami, yapfuye. Yiciwe i Kasengezi ubwo yasuraga abari imbere ku rugamba kugira ngo yifotozanye na bo.” Gen Maj Peter Cirimwami, yishwe arashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23, mu gace ka Kasengezi, nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wawo mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, kuri uyu wa 24 Mutarama 2025. Gen Maj Cirimwami yakunze kugaragara nk’ushyigikiye cyane imitwe irimo Wazalendo na FDLR, ndetse yerekana uruhare rweruye mu mikoranire y’igisirkare cya RDC n’iyo mitwe, by’umwihariko mu ntambara bahanganyemo n’umutwe…

SOMA INKURU

Urukiko rwateye utwatsi iteka rya Trump ku bana b’abanyamahanga bavukira muri Amerika

Perezida Donald Trump akijya ku butegetsi yasinye amateka menshi arimo n’irihindura uburyo abana bahabwa ubwenegihugu ariko icyemezo cy’urukiko cyafashe gahunda yo guhagarika iteka rya Trump mu gihe cy’iminsi 14, nyuma y’urubanza hakazafatwa ikindi gishobora kurihagarika by’igihe kirekire cyangwa rigakomeza gukurikizwa. Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, AP, byatangaje ko Urwego rw’Ubutabera rwa Amerika rushyigikiye icyifuzo cya Trump ndetse rwiteguye kugisobanura neza kuko gikurikije amategeko yose. Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri mu bihugu biha abana bahavukiye ubwenegihugu nubwo ababyeyi babo baba batabufite. Kuva mu 1868, Itegeko Nshinga rya Amerika riteganya ko umwana wese…

SOMA INKURU

Burera: Abaturage baratabaza nyuma yo gushyirwa mu manegeka n’imirimo yo gukora umuhanda

Bamwe mu baturiye ahari gukorwa umuhanda Base-Kirambo-Butaro-Kidaho mu karere ka Burera, batigeze babarurirwa imitungo yabo, bakomeje gusaba ko imitungo yabo igizwe n’amasambu ndetse n’inzu, byabarirwa agaciro bakabona uko bahava bakimukira ahandi. Mu mirenge itandukanye y’aka karere harimo nk’uwa Kagogo, Kinyababa na Butaro aho uyu muhanda unyura, abaturage bavuga ko umuhanda wagiye usatira inzu zabo, zigenda zisaduka, izindi zigasigara ziregetse hejuru y’imikingo ku buryo batinya ko zishobora kuriduka ubuzima bwabo bukajya mu kaga. Mukandori Esperence utuye mu murenge wa Kagogo agira ati: “Inzu bazisatirije umuhanda zisigaramo rwagati, ku buryo no kuzisohokamo…

SOMA INKURU

Tears, hugs greet 90 Palestinian women, children freed from Israeli prisons

Jubilant crowds of relatives, friends and well wishers gathered in the occupied West Bank to celebrate the release of 90 Palestinian prisoners. Ninety Palestinians have been freed from Israeli prisons and were greeted by large crowds of jubilant relatives, friends and supporters as they returned home to the occupied West Bank in the first prisoner exchange of the Hamas-Israel ceasefire following the release of three Israeli captives in Gaza. At about 1am local time on Monday (23:00 GMT), Red Cross buses carrying the 90 Palestinian prisoners arrived in Ramallah in…

SOMA INKURU