Bamwe mubanyeshuri bo mu bigo bitandukanye byatoranyijwe kuzakora isuzumabumenyi mpuzamahanga rya “PISA” 2025, bavuga ko batewe ishema no kuzisanga mu bazajya guhatana muri aya marushanwa izitabirwa n’bihugu 91 byo hirya no hino ku isi. Isuzumabumenyi rya “PISA” (Program for International Student Assessment), risanzwe ritegurwa buri myaka 3 kuva muri 2000, rikaba ryarashyizweho n’umuryango mpuzamahanga witwa “OECD”, uvugurura politiki z’Ubukungu n’Imibereho y’abaturage. Bamwe mu banyeshuri biga mu kigo cy’ishuri cya Maranyundo girls School bavuga ko ayo masomo azakorerwamo isuzuma mpuzamahanga rya “PISA”2025 basanzwe bayatsinda neza, kandi ko biteguye kuzahesha igihungu ishema…
SOMA INKURUCategory: politike
Ubukangurambaga ku isuzumabumenyi mpuzamahanga “PISA” burakomeje
Kuva17 kugeza 31 Werurwe 2025, ubukangurambaga kuri “PISA” burakomeje hirya no hino mu Rwanda, abakozi ba NESA bakaba bakomeje kuzenguruka mu bigo byatoranyijwe bizitabira iri rushanwa basobanura byimbitse ibijyanye naryo ari nako basubiza ibibazo binyuranye babazwa n’abana bari mu cyiciro cyirebwa n’iri suzuma. Kuri uyu wa gatatu tariki 192025, ubu bukangurambaga bwakomereje mu karere ka Bugesera, ku ikubitiro hakaba hasuwe Maranyundo Girls School, akaba ari rimwe mu mashuri 7 yo muri Bugesera azitabira “PISA”. Abanyeshuri bagaragaje amatsiko menshi kuri iri suzuma ari nako babaza byinshi. Mu matsiko menshi, umunyeshuri…
SOMA INKURUIsuzuma “PISA” ryitezweho byinshi mu kunoza ireme ry’uburezi ry’u Rwanda
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki 17 Werurwe 2025,nibwo hatangirijwe ku rwego rw’igihugu igikorwa cyo kumenyekanisha ndetse no kwitegura isuzuma mpuzamahanga ry’abanyeshuri PISA ( Programme for International Student Assessment) ryiganjemo ibihugu by’Amerika n’Uburayi, kikaba cyatangirijwe mu mujyi wa Kigali, mu karere ka Kicukiro ku ishuri rya EFOTEC/ESI KANOMBE. Iri suzuma rikaba rigiye kubera mu Rwanda ku nshuro ya mbere aho rizakorwa guhera tariki 28 Mata 2025. Iri suzuma ryitabirwa n’ibihugu 91 byo hirya no hino ku isi n’u Rwanda rurimo, ryitabirwa n’abana bafite imyaka 15 kugeza ku bafite…
SOMA INKURUNESA igiye Gutangiza Ubukangurambaga bujyanye na PISA 2025
Kuva kuri uyu wa mbere tariki 17 Werurwe kugeza ku wa 6 Mata 2025, Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) iratangiza ku mugaragaro ubukangurambaga bujyanye n’isuzuma mpuzampahanga rya PISA 2025. Umuhango wo gutangiza ubu bukangurambaga ukaba ubera ku kigo cya ES KANOMBE/EFOTEC guhera saa munani z’amanywa. Ubu bukangurambaga bugamije gusobanurira abarebwa n’uburezi bose, barimo abanyeshuri, abarimu, ababyeyi n’abayobozi b’amashuri, ibijyanye n’isuzuma mpuzamahanga rizakorwa mu Rwanda kuva ku wa 27 Mata kugeza ku wa 7 Kamena 2025. Hazibandwa cyane ku kumenyekanisha PISA, akamaro kayo mu gutanga…
SOMA INKURUImibare igaragaza uko ingengabitekerezo ya Jenoside ihagaze n’aho yinganje kurusha ahandi
Kuri uyu wa gatatu tariki 5 Werurwe 2025, umunyamabanga mukuru wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha “RIB”, Consolée Kamarampaka yatangaje ko mu myaka 6 ishize imibare igaragaza ko icyaha cyo guhohotera uwacitse ku icumu cyakurikiranywe mu madosiye 1308 bingana na 53,9% mu gihe icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside kiri kuri 20,7%. Yagizer ati « RIB yakiriye mu myaka itandatu amadosiye 2426 akurikiranywemo abantu 3179 ». Kamarampaka yavuze ko hari ikiciro gikunze kugaragaramo ingengabitekerezo ya Jeniside kirimo abantu batajijutse agasaba ko mu kwigisha bakwibandwaho. Ati « Abantu bize amashuri abanza gusa bari imbere mu…
SOMA INKURUEn Autriche, des réfugiés syriens dans la peur d’être expulsés
Venu il y a dix ans de Syrie, Khaled Alnomman pensait être arrivé enfin à bon port, quand il a reçu en janvier une lettre du gouvernement autrichien l’avertissant d’une possible révocation de son statut de réfugié. “Ce fut un coup de poignard”, confie-t-il à l’AFP dans son appartement de Wiener Neustadt, à une heure de Vienne, où un grand tapis oriental rappelle ses origines. Depuis 2014, il a appris l’allemand, a travaillé comme maçon, a vu naître le plus jeune de ses quatre enfants en Autriche et a déposé…
SOMA INKURUCybersécurité : l’administration Trump baisse la garde face à la menace russe
Le secrétaire américain à la Défense Pete Hegseth a ordonné une pause dans toutes les cyberopérations contre la Russie, pays pourtant considéré comme une cybermenace de premier plan, rapportent dimanche plusieurs médias américains. Un changement de cap majeur qui intervient en plein rapprochement entre Moscou et Washington. Après l’humiliation de Volodymyr Zelensky dans le Bureau ovale, la rupture actée avec les Européens lors de la conférence de Munich et les amabilités échangées entre Donald Trump et Vladimir Poutine, l’alignement entre Moscou et Washington connaît une nouvelle illustration sur le front…
SOMA INKURURubio rencontre Netanyahu à Jérusalem pour parler du projet de Trump à Gaza
Le chef de la diplomatie américaine, Marco Rubio, a entamé, dimanche, une rencontre avec le Premier ministre israélien, Benjamin Netanyahu, dans son bureau à Jérusalem, au début de sa première tournée au Moyen-Orient. Au programme : l’accord de trêve ainsi que la proposition du président Donald Trump de prendre le contrôle de la bande de Gaza. Le secrétaire d’État américain, Marco Rubio, a débuté, dimanche 16 février, un entretien avec le Premier ministre israélien, Benjamin Netanyahu, à Jérusalem. Une rencontre qui intervient au lendemain de nouvelles libérations d’otages à Gaza…
SOMA INKURURwandair yemeje ko yashyize mu bikorwa icyemezo cya RDC
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Gashyantare 2025, nibwo Leta ya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yaciye indege ziva mu Rwanda mu kirere no ku butaka bwayo, isobanura ko ari ingamba z’umutekano, nyuma y’amasaha make RwandAir yavuze ko yatangiye kubahiriza icyo cyemezo. Urwego rwa RDC rushinzwe indege za gisivili rwavuze ko indege za gisivili cyangwa za Leta zanditse mu Rwanda cyangwa se ahandi ariko zikorera mu Rwanda, zaciwe mu kirere no ku butaka bwa RDC kubera umutekano muke watewe n’intambara Mu itangazo RwandAir yashyize hanze, yavuze…
SOMA INKURUInkuru y’ihumure ku bangirijwe ibyabo n’ibisasu byaturutse muri Congo
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda, yatangaje ko Leta y’u Rwanda izishyura ibyangijwe n’ibisasu biherutse kuraswa mu Rwanda bivuye muri DRC, mu gihe ibisubizo bya Politiki nabyo bizaba bikurikiranwa. Alain Mukurarinda yabitangaje kuri uyu wa 05 Gashyantare 2025, aho yavugaga ku mutekano w’u Rwanda n’Ububanyi n’ibindi bihugu, aho yagaragaje imibare y’ababuriye ubuzima muri ibyo bisasu n’ibimaze kubarurwa byangiritse. Mukurarinda avuga ko abasirikare ba Kongo FARDC barashe nkana ku Rwanda, mu mugambi w’icyo Gihugu, wo gutera u Rwanda no guhirika ubutegetsi buriho, aho abantu 16 bamaze gupfa, abasaga 160…
SOMA INKURU