Kuwa Mbere, tariki 03 Werurwe 2025, nibwo umuvugizi w’Ishami ry’Umuryango w’Ababimbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu, Ravina Shamdasani yatangaje ko ihuriro rya AFC/M23 ryashimuse abo wise abarwayi ariko iri huriro ryabinyomoje. Lawrence Kanyuka, umuvugizi mu bya Politiki wa AFC/M23, yavuze ko ibyo Umuryango w’Abibumbye avuga ko iyo operasiyo yari igamije guhiga abasirikare ba FARDC bihishe mu bitaro, kandi ko yakozwe mu mahoro. Yagize ati: “Operasiyo yakozwe yo guhiga abasirikare 130 ba FARDC bari bihishe mu bitaro yakozwe mu mahoro, kandi ikorwa mu buryo bwubahirije amategeko mpuzamahanga arengera ikiremwa muntu.” Yavuze ko…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Serivise ku bivuriza kuri mitiweli zikomeje kunozwa
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko kuri ubu hongerewe ubushobozi n’imiti itangirwa kuri ‘Mutuelle de Sante’ iriyongera ikaba igeze ku 1500 ivuye kuri 800 yari iriho mu bihe byashize. Yagize ati “Bitewe n’indwara abaturage bakunze kwivuza, byabaye ngombwa ko ikigega cya mituweri gishyiramo serivisi nshya, zirimo indwara zitandura nk’imiti ya kanseri, imiti y’indwara z’umutima, insimburangingo…” Yakomeje agaragaza ko hari gahunda yo gukemura ibibazo bishingiye ku miti abaturage bakunze kugaragaza ko badahabwa iyo bivurije kwa muganga ahubwo bagasabwa kujya kuyigurira hanze y’ibitaro. Ati “Hari ukongera imiti…
SOMA INKURUIkipe y’Igihugu y’abagore yigiye imbere ku rutonde rwa FIFA
Ikipe y’Igihugu y’Abagore iheruka gukina n’iya Misiri mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika, aho yanganyije umwe, itsindwa undi, kuri ubu yazamutse imyanya itatu ku rutonde rw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), aho yagiye ku mwanya wa 165 ivuye ku wa 168. Uru rutonde ruzongera gusohoka mu mezi atatu ari imbere, tariki ya 11 Kamena 2025, iyi kipe yahuye n’ikipe y’igihugu yo yamanutse imyanya umunani igera ku 100. Mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Ikipe y’Igihugu ya Tanzania na Kenya zazamutseho imyanya irindwi, aho Tanzania ya mbere muri aka karere…
SOMA INKURUIbihugu by’i Burayi bikomeje guterwa impungenge n’ibyemezo bya Trump
Kuri uyu wa Kane ibihugu by’i Burayi bihuriye mu muryango wa OTAN byahuriye mu nama ikomeye, igamije kurebera hamwe uburyo byakomeza gushyigikira Ukraine nubwo impungenge ari zose zikomoka ku byemezo bya Perezida Donald Trump wa Amerika, wamaze kugaragaza ko atazafasha u Burayi nk’uko byahoze bigenda. Gusa nta cyizere kiri mu bayobozi b’ibyo bihugu, cyane cyane nyuma y’uko Trump aciye amarenga yo kugenza gake, agasaba ibihugu by’u Burayi kongera ingengo y’imari bishyira mu gisikarikare cyabyo. Umwe mu baganiriye na Politico yavuze ko “ikiguzi cy’umutekano kigiye kuzamuka, ubu tuzasabwa kugura intwaro nyinshi,…
SOMA INKURUImibare igaragaza uko ingengabitekerezo ya Jenoside ihagaze n’aho yinganje kurusha ahandi
Kuri uyu wa gatatu tariki 5 Werurwe 2025, umunyamabanga mukuru wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha “RIB”, Consolée Kamarampaka yatangaje ko mu myaka 6 ishize imibare igaragaza ko icyaha cyo guhohotera uwacitse ku icumu cyakurikiranywe mu madosiye 1308 bingana na 53,9% mu gihe icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside kiri kuri 20,7%. Yagizer ati « RIB yakiriye mu myaka itandatu amadosiye 2426 akurikiranywemo abantu 3179 ». Kamarampaka yavuze ko hari ikiciro gikunze kugaragaramo ingengabitekerezo ya Jeniside kirimo abantu batajijutse agasaba ko mu kwigisha bakwibandwaho. Ati « Abantu bize amashuri abanza gusa bari imbere mu…
SOMA INKURUEn Autriche, des réfugiés syriens dans la peur d’être expulsés
Venu il y a dix ans de Syrie, Khaled Alnomman pensait être arrivé enfin à bon port, quand il a reçu en janvier une lettre du gouvernement autrichien l’avertissant d’une possible révocation de son statut de réfugié. “Ce fut un coup de poignard”, confie-t-il à l’AFP dans son appartement de Wiener Neustadt, à une heure de Vienne, où un grand tapis oriental rappelle ses origines. Depuis 2014, il a appris l’allemand, a travaillé comme maçon, a vu naître le plus jeune de ses quatre enfants en Autriche et a déposé…
SOMA INKURUUS-Hamas direct talks: What’s happening and what comes next
According to reports, the discussions focused on securing the release of 21-year-old Edan Alexander along with the bodies of four other captives. The White House has confirmed that the Trump administration engaged in direct talks with Hamas, saying the discussions align with US interests. What do we know about the US-Hamas direct talks? The discussions, facilitated by Qatari intermediaries, have reportedly been ongoing for weeks but became more evident in early March 2025. This is the first time in decades that the United States negotiated directly with Hamas, a significant…
SOMA INKURUPolice VC ikomeje kwitwara neza muri Zone V
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Werurwe 2025, nibwo hakinwe imikino ya ½ cy’irushanwa rya ’Zone V’ riri kubera mu Mujyi wa Kampala muri Uganda. Umukino wabanje kuba ni uwahuje Police VC na Sport-S VC yo muri Uganda yakiniraga imbere y’abakunzi bayo, ariko Police FC yabashije kwinjira neza mu mukino yegukana iseti ya mbere itsinze amanota 25-22, ariko mu ya kabiri Sport-S VC yongeramo imbaraga iyitwara ku manota 24-26. Iya gatatu yegukanywe na Police VC ku manota 25-22, ariko bigeze mu ya kane iyitakaza bigoranye ku…
SOMA INKURUUmuhanzi Chriss Easy mu bitaramo hirya no hino mu Burayi
Umuhanzi Chriss Eazy ategerejwe mu gitaramo azakorera muri Suède kuwa 8 Werurwe 2025, akazakomereza ibitatamo bye muri Pologne ku wa 26 Mata 2025. Kuwa 3 tariki 5 Gicurasi 2025, Chriss Eazy azataramira i Paris, ku wa 10 Gicurasi ataramire i Bruxelles mu Bubiligi mu gihe hari ibindi bitaramo bigera kuri bitanu bitaratangazwa. Igitaramo cyo muri Pologne giteganyijwe ku wa 26 Mata 2025, byitezwe ko Chriss Eazy azagihuriramo n’Umunya-Nigeria Joe Boy. Iki gitaramo kizaba gikurikiye icyo Chriss Eazy ateganya gukorera muri Suède byitezwe ko uyu muhanzi azahuriramo na Spice Diana uri…
SOMA INKURUIndwara zo mu matwi ku isonga mu ndwara 20 zivuzwa na benshi
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), igaragaza ko indwara zifata mu matwi ziri ku rutonde rw’indwara 20, ziza imbere y’izivuzwa n’umubare munini w’abagana ibitaro byo hirya no hino mu gihugu MU Rwanda. Mu bantu babarirwa mu bihumbi 390 bo mu Rwanda bafite hejuru y’imyaka itanu, byagaragaye ko bafite ubumuga, muri bo abagera ku bihumbi 42 bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, kandi ahanini bituruka ku ndwara zo mu mu matwi ziba zitaravuwe neza. Kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, hakaba hatangijwe ku mugaragaro ubuvuzi bw’indwara zo mu…
SOMA INKURU