Impamvu muzi y’indwara ikomeje kwivugana abantu muri Sudani

Umukozi w’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) yatangaje ko muri Sudani abantu 11.327 ari bo barwaye cholera kandi ko muri bo abagera ku 316 imaze kubahitana. Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani yatangaje ko iki gihugu cyugarijwe n’indwara ya cholera aho imaze guhitana abantu 22 mu gihe abandi 354 bayanduye. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko iki cyorezo cyatewe n’ibibazo by’imihindagurikire y’ikirere kuko amazi akoreshwa n’abaturage yanduye cyane. Kuva muri Mata umwaka ushize ubwo imirwano muri Sudani yadukaga hagati y’Ingabo za Leta zishyigikiye Gen Abdel Fattah al-Burhan uyoboye akanama ka gisirikare kahiritse ubutegetsi n’abarwanyi…

SOMA INKURU

HIV-related stigma decreases in Rwanda – report

)A study carried out by UNAIDS in July shows that in countries like Rwanda, the percentage of people holding discriminatory attitudes toward individuals living with HIV has significantly decreased, now hovering around or below 10%. Simeon Tuyishime, Director of the HIV/AIDS Care and Treatment Unit at the Rwanda Biomedical Centre (RBC), attributes this decline in HIV-related stigma to several key factors. “Through psychosocial support and counseling provided during each clinic visit, along with mental health screenings every six months, healthcare providers can identify individuals experiencing self-stigma or facing external discrimination.…

SOMA INKURU

Sur X, l’entretien entre Elon Musk et Donald Trump débute par une “cyberattaque”

Elon Musk, patron du réseau social X, a offert, lundi soir, une plateforme au candidat à la présidentielle américaine Donald Trump, avec une conversation diffusée sur le compte de l’ancien président. La retransmission a cependant été perturbée par une “cyberattaque massive”, a indiqué Elon Musk. L’interview de Donald Trump par Elon Musk a démarré avec plus de 40 minutes de retard, lundi 12 août, sur le réseau social X, à cause d’une cyberattaque “massive” selon le propriétaire de la plateforme. L’entretien a d’abord été inaccessible pendant de longs moments, à…

SOMA INKURU

Perezida Ndayishimiye yakebuye abarundi bavuga ko amafaranga yabo yataye agaciro

Kuri uyu wa 12 Kanama 2024, mu kiganiro n’abanyamakuru Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ko bidakwiye kugereranya ifaranga ry’u Burundi n’andi mpuzamahanga, kuko mu gihugu cyabo ho ryihagije. Igipimo cy’ivunja ry’amafaranga kigaragaza idolari rya Amerika kugeza kuri uyu wa 13 Kanama 2024, rifite agaciro kangana n’ak’amafaranga y’u Burundi 2881,8. Uyu Mukuru w’Igihugu yagaragaje ko Abarundi bagereranya ifaranga ry’u Burundi n’andi yo mu bihugu bikomeye bafite ikibazo cy’imyumvire. Yagize ati “Mufite ingorane kuko abo hanze bababeshye. Muza gupima ku munzani irirundi n’idolari. Mwebwe iyo mupima ayo mafaranga, muba mwatakaye. Pima…

SOMA INKURU

Le drapeau olympique arrive à Los Angeles, sous “pression” après la réussite des Jeux de Paris

Los Angeles aura fort à faire pour rivaliser après les somptueux JO de Paris, largement considérés comme un succès sportif et populaire. Lundi, le drapeau olympique est arrivé en Californie où les autorités ont désormais quatre petites années pour tenter de faire aussi bien. Le drapeau olympique est arrivé sous un soleil radieux, lundi 12 août, à Los Angeles, où les autorités ont désormais quatre petites années pour organiser des Jeux capables de rivaliser avec le spectacle proposé par Paris. La maire de la ville, Karen Bass, a atterri dans…

SOMA INKURU

Impinduka muri Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Abanyamuryango ba Federasiyo ya Volleyball mu Rwanda (FRVB) bemeje ko shampiyona y’umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 mu cyiciro cya mbere wazatangira tariki ya 18 Ukwakira uyu mwaka wa 2024, ndese hazaba hakoreshwa ibyuma bifata amashusho yo mu kibuga “Video Challenge”  abenshi bazi ku izina rya VAR. Iri koranabuhanga ribarizwa hagati y’ibihumbi 25 na 50 by’amadolari bitewe n’aho wariguze ndetse n’umubare wa cameras ushaka, rifasha umusifuzi kwemeza neza niba umupira waguye mu kibuga cyangwa hanze, umukinnyi kuba yafashe ku rushundura (Net Touching) cyangwa se niba umupira wamukozeho mbere y’uko ujya hanze…

SOMA INKURU

Parliament: New speaker to be elected by August 22

The swearing-in of Rwanda’s new Members of Parliament (MPs)  also called Deputies is expected by August 22, going by a provision in the constitution that stipulates that before assuming their duties, lawmakers must take an oath of office within 30 days after being elected. This means that they will take an oath before August 22, but not after that date. Article 66 of the constitution, which talks about the commencement of office for Members of Parliament, provides that before assuming his or her duties, a member of Parliament takes the…

SOMA INKURU

Rwanda, Egypt ink deal to support modern heart centre in Kigali

Rwandan and Egyptian officials on Monday, August 12, signed a Memorandum of Understanding on the supply of medical equipment and devices for the MY Rwanda-Egypt Heart Care Centre, a state-of-the-art facility under construction in Kigali’s burgeoning medical hub in Masaka, Kicukiro District. The $20 million heart care facility, whose construction began in 2021, is expected to be completed in 2025. Once complete, the centre will be the first of its kind in Central Africa, according to officials. The agreement signed by Rwandan Food and Drugs Authority (Rwanda FDA) and the…

SOMA INKURU

Kuba impande zihanganye zahuriye mu Rwanda mu kurahira kwa Perezida Kagame, Bivuze iki?

Abari muri stade Amahoro n’abakurikiye umuhango wo kurahira kwa Perezida Paul Kagame ku cyumweru i Kigali, babonye uko General Abdel Fattah al-Burhan wa Sudan yigaragaje n’imbaraga ubwo yari yerekanywe mu bashyitsi bitabiriye uwo muhango, ndetse n’amashyi no kwiyamirira byo kumwishimira byumvikanye. Uyu mugabo mu byumweru hafi bibiri bishize yarokotse igitero cy’indege ebyiri za ‘drones’ cyari kigambiriye kumuhitana aho yari ari mu birori byo gusoza amasomo y’abasirikare mu burasirazuba bwa Sudan. General Burhan ni perezida w’inzibacyuho wa Sudan, igihugu kimaze umwaka urenga mu ntambara bivugwa ko ari yo ikomeye cyane irimo…

SOMA INKURU

Ingaruka zo kutipimishiriza ku gihe indwara zibasira umwijima

Abahanga mu buvuzi basabye abantu bose kurushaho kwisuzumisha indwara z’umwijima hakiri kare kuko bigera no kuri cancer y’umwijima, ndetse kugeza ubu serivisi zirebana n’ubuvuzi bw’iyi ndwara no kuzipima bikorerwa ku mavuriro yose mu gihugu kandi nta kiguzi. Nyiramatama Bernadette, umubyeyi w’imyaka 73 y’amavuko, avuga ko igihe yamenyega ko arwaye umwijima wo mu bwoko bwa C, byabaye ibihe bikomeye kuri we. Ati “Nari umuntu utarwaragurika, nyuma ntangira kumva gucika intege, nkagira umunaniro, nyuma nagiye kwisuzumisha ngo menye uko mpagaze, bambwira ko mu maraso yanjye harimo hepatite C. Numvise ntunguwe ariko ndikomeza, imiti…

SOMA INKURU