Umuhanzi ukunzwe muri Afurika amashusho y’indirimbo ye yamuteje ikibazo gikomeye

Ni amashusho y’indirimbo ya Asake ‘Only Me’ yashyize hanze tariki ya 29 Gashyantare 2024, agaragaramo ari kumwe n’ababyinnyi be bambaye nk’abapadiri ndetse bari gukora imwe mu migenzo ikorerwa mu Kiliziya. Uyu muhanzi ugezweho muri Afurika akomeje kwatswaho umuriro kubera amashusho y’indirimbo ‘Only Me’, benshi bagaragaza ko atesha agaciro Abakirisitu. Muri aya mashusho hari aho Asake agera ari kuri Alitari akajya atera ababyinnyi be amafaranga bakagwa hasi nabo bambaye nk’abapadiri, benshi bagaragaje ko ari ugusuzugura Kiliziya. Aya mashusho akijya hanze yateje impagaragara kuri ‘X’, aho abantu batandukanye bagiye bamubwira ko gukora…

SOMA INKURU

Indege yahagaritse urujyendo bitunguranye kubera ibisiga

Sosiyete yo mu Misiri ikora ubwikorezi bwo mu kirere, EgyptAir, yatangaje ko yahagaritse urugendo rw’indege yayo rwavaga i Kigali rugana i Cairo, nyuma y’uko igonganye n’ibisiga. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko uru rugendo rwari rwahawe izina rya MS835 rwahagaritswe ku wa Gatanu tariki 1 Werurwe mu 2024. Ni nyuma y’uko iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing 737/800 yari itwaye abagenzi 116, yagonganye n’ibisiga ubwo yari iri guhaguruka ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali ariko itaragera mu kirere. Nyuma yo kubona iyi mpanuka, umupilote wari utwaye iyi ndege yasubitse urugendo,…

SOMA INKURU

Abanyagihugu ba Santrafrika basabwe kwigira kuri Polisi y’u Rwanda

Abatuye Intara ya Mbomou muri Santrafrika basabwe gufata amasomo kuri Polisi y’u Rwanda mu bikorwa birimo umuganda rusange n’ibindi bikomeje guteza imbere imibereho y’abaturage. Babisabwe na Madamu Benguerre Pierrette, uyobora iyo Ntara ubwo bari mu muganda rusange wabaye tariki 2 Werurwe 2024. Ni umuganda Abapolisi b’u Rwanda bagize Itsinda rya RWAFPU-32 riri mu butumwa bwa MINUSCA bakoranye n’abaturage bo mu mujyi wa Bangassou mu Ntara ya Mbomou. Uyu muganda witabiriwe kandi n’abayobozi ku rwego rw’Intara, abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu bitanga umusanzu mu butumwa bwo kugarura amahoro, abo…

SOMA INKURU

Minister Kabarebe urges Rwandan parents abroad to teach children Kinyarwanda

The Minister of State for Foreign Affairs in Charge of Regional Cooperation, Gen (Rtd) James Kabarebe has urged Rwandan parents living abroad to teach their children Kinyarwanda and consider bringing them to visit their motherland. Speaking at a hybrid event celebrating International Mother Language Day for Rwandans in the diaspora on March 2, he emphasised that the connection would help them appreciate the country, its beauty, and its people, and understand true values compared to their current places of residence. The Minister of State for Foreign Affairs in Charge of…

SOMA INKURU

Affaire d’espionnage : Berlin accuse Vladimir Poutine de chercher à “déstabiliser” l’Allemagne

Le ministre allemand de la Défense a accusé dimanche Vladimir Poutine de chercher à “déstabiliser l’Allemagne” – un propos tenu suite à la diffusion depuis la Russie d’échanges confidentiels entre des officiers allemands sur d’éventuelles livraisons d’armes à l’Ukraine. Berlin cible Moscou après une “très grave” fuite au sein de l’armée allemande. Le ministre de la Défense a accusé dimanche 3 mars Vladimir Poutine de chercher à “déstabiliser l’Allemagne“, à la suite de la diffusion depuis la Russie d’échanges confidentiels entre des officiers allemands sur des livraisons d’armes à l’Ukraine. “Il s’agit simplement d’utiliser cet enregistrement…

SOMA INKURU

Majchrzak wins Rwanda Challenger 1 title

Kamil Majchrzak on Saturday, March 2, won the first week of the Rwanda Challenger 50 Tour tournament after beating Marco Trungelliti 6-4, 6-4 in the final held at Kigali Ecology Tennis Club. It is a fifth ATP Challenger title for the 28-year-old Pole and his first major trophy since returning to the Tour at the start of 2024 after serving a 13-month ban for alleged doping. Meanwhile, defeat for Argentine Trungelliti, means he takes his wait for a third ATP Challenger title into Week 2 of Rwanda Challenger, which begins…

SOMA INKURU

Ibyo wamenya kuri parike y’Akagera

Akagera ni imwe muri Parike nkuru z’igihugu cy’u Rwanda, ikaba iri ku buso bwa kilometero kare 1222, ikaba ikora ku turere twa Kayonza, Nyagatare na Gatsibo, mu ntara y’Iburasirazuba. Inyamaswa ziba muri parike y’Akagera ziba ahantu bitewe n’impamvu eshatu harimo aho inyamaswa ibonera umutekano, aho ikura ibyo kurya n’aho yabonera ubuhehere ndetse n’amazi. Abasura parike y’Akagera bavuga ko banezezwa n’ubwoko bw’inyamaswa buyibarizwamo by’umwihariko inyamaswa eshanu  nini z’inkazi  harimo Inkura, Intare, Imbogo, Inzovu n’Ingwe. Uretse buriya bwoko butanu bw’inyamaswa  z’inkazi muri parike y’Akagera hagaragaramo amoko y’inyoni agera kuri 490, ibiti by’iminyinya ndetse…

SOMA INKURU