Ni mu kagali ka Kiyanja, mu murenge wa Nyamirama, mu karere ka Kayonza, ahagaragaye abagore banyuranye batangaza ko bandujwe virusi itera SIDA n’abagabo babo ku bushake, bakaba bemeza ko iki ari ikibazo basangiye na benshi nubwo hari abahisemo kuryumaho bikaba agahinda ka twibanire. Uwo twahaye izina rya Mbabazi kubera impamvu z’umutekano we, ufite imyaka 28, yatangaje ko umugabo we bamaze kubyarana kabiri, ariko bashakanye bose nta numwe ufite virusi itera SIDA, ariko ku nda ya mbere bagiye kwa muganga basanga umugabo yaranduye virusi itera SIDA ariko umugore atarandura, ngo bakomeje…
SOMA INKURUDay: April 30, 2023
Rubavu: Abaturage bakomeje gutabaza
Abaturage bo mu karere ka Rubavu barinubira uburyo abacuruzi binangiye, bakanga kubahiriza ibiciro bishya ku biribwa bitandukanye nk’uko biherutse gutangazwa. Ibi bibaye nyuma y’uko Leta iherutse gushyira hanze ibiciro by’ibiribwa bimwe na bimwe birimo , Umuceri, Akawunga ndetse n’Ibirayi, nyamara abacuruzi ntibagire icyo bahindura kubiciro byari bimaze iminsi byarazamutse bikabije. Abaturage kandi bagasaba Leta guhagurukira iki kibazo kugira ngo abaturage nabo bareke kubigwamo mugihe Leta yavuze ko abaturage bagomba kubahiriza ibyo bociro hanyuma bakerekeza ku biro bishinzwe imisoro kugira ngo basubizwe imisoro bari batanze kuri ibyo biribwa. Mu mujyi wa…
SOMA INKURURwamagana: Urubyiruko rwahagurukiye kurwanya umwanzi urwibasiye
Akarere ka Rwamagana ni kamwe mu turere turangwamo ibigo by’amashuri byinshi, muri ibyo bigo hakaba higanjemo abari mu myaka y’urubyiruko kandi ubushakashatsi bukaba bwarerekanye ko ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA bwiganje mu rubyiruko, ni muri urwo rwego hifujwe kumenya imigabo n’imigambi yabo mu rugamba rwo kurwanya virusi itera SIDA. Mukamwezi, w’imyaka 18, wiga mu mwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye muri kimwe mu bigo by’amashuri biri i Rwamagana yagize ati “Njye numva nakwirinda virusi itera SIDA nirinda kuryamana n’umuhungu udasiramuye kuko namenye ko abantu batisiramuje baba bafite ibyago byinshi byo…
SOMA INKURUPerezida Joe Biden ntazitabira umuhango wo kwimika Umwami w’u Bwongereza
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko atazitabira umuhango wo kwimika Umwami w’u Bwongereza, Charless III ko ahubwo azahagararirwa n’umugore we, Jill Biden. Umuhango wo kwimika Charles III uteganyijwe mu Bwongereza ku wa 6 Gicurasi, uzanagaragaramo umugore w’uyu Mwami, Camilla, na we uzimikwa nk’Umwamikazi nubwo azaba adategeka. Nubwo uyu muhango biteganyijwe ko uzitabirwa n’abayobozi bavuye mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden we yamaze kuvuga ko atazaboneka. BBC yatangaje ko Perezida Biden ari umwe mu bakuru…
SOMA INKURUBugarijwe n’ikibazo cy’ibura ry’imiti y’abana
Abaganga bavura indwara z’abana bo mu Budage, u Bufaransa, Austria n’u Busuwisi bandikiye ibaruwa ifunguye Minisiteri z’Ubuzima muri ibyo bihugu bazisaba gukora ibishoboka zikita ku kibazo cy’ibura ry’imiti y’abana mu bihe u Burayi buba bwugarijwe n’ubukonje. Perezida w’uUrugaga rw’Abaganga bavura Indwara z’Abana mu Budage, BKVJ Thomas Fischbach, yatangaje ko mu kuva muri Nzeri kugera mu Ugushyingo hashobora kuzabaho ikibazo cyo kubura abazana imiti ivura abana ndetse akeka ko byazaba bibi cyane ugereranyije n’umwaka ushize. Ati “Itumba ntabwo riri kera. Tuzongera duhure n’ikibazo cy’imiti mike cyane izanwa ndetse bishobora kuzaba bibi…
SOMA INKURURusizi district to provide financial aid to vulnerable families
Rusizi district last week launched a new program aimed at providing over Rwf 1 million to each vulnerable family to support their small business projects and improve their livelihood. This initiative is a result of the “Muyobozi Ca Ingando mu Bawe” program, which involves district authorities camping in remote areas to hear and address the problems faced by the population. Dr Anicet Kibiriga, the Mayor of Rusizi district said that the camping program has enabled district officials to interact with the population, meet with private sectors, religious organizations, stakeholders, as…
SOMA INKURUEAC moves to protect migrant workers from abuse
In the wake of reported human rights violations in the Gulf countries, the East African Community (EAC) is pursuing the harmonisation of labour migration policies to curb exploitation and abuse of migrant workers, The East African reports. The initiative being spearheaded by the International Labour Organisation and the EAC secretariat is targeting to strengthen regional integration to safeguard the lives of those who seek greener pastures in key labour destination countries. The regional technical working committee is reviewing the existing Bilateral Labour Agreements (BLAs) in EAC to develop a guideline…
SOMA INKURUÉlection présidentielle au Paraguay : l’hégémonie du parti conservateur menacée
Le Paraguay vote dimanche pour élire son président, lors d’un scrutin très serré qui menace soixante-dix ans d’hégémonie de la droite et oppose deux favoris : le candidat du Parti Colorado au pouvoir, Santiago Pena, et l’avocat social-libéral Efrain Alegre, à la tête d’une coalition de centre-gauche. Tiraillé entre vitalité économique et corruption endémique, le Paraguay élit dimanche 30 avril son président, lors d’un scrutin très serré qui menace, pour la première fois en soixante-dix ans, l’hégémonie du Parti conservateur Colorado. Santiago Peña, un économiste de 44 ans, héritier du parti au…
SOMA INKURU