Ibyo Perezida Kagame yatangaje mu iserukiramuco “Kusi Ideas Festival”

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 08 Ukuboza 2020, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yitabiriye Iserukiramuco “Kusi Ideas Festival” ritegurwa n’Ikigo k’itangazamakuru Nation Media Group (NMG) guhera mu mwaka wa 2019. Iryo serukiramuco (Festival) ni gahunda ishingiye ku kungurana ibitekerezo bigamije kurebera hamwe icyateza imbere Umugabane w’Afurika mu ruhando mpuzamahanga mu kinyejana cya 21. Ni ibirori bikorwa mu buryo bwo kureba uko hashorwa imari mu dushyatndetse no mu mahirwe yabyazwamo umusaruro ugeza Afurika ku nsinzi ijyanye n’icyerekezo 2050. Ibirori by’uyu munsi byabereye mu Ntara ya Kisumu yo mu…

SOMA INKURU

Menya umuntu wa mbere wakingiwe Covid-19 mu Bwongereza

Umukecuru w’imyaka 90 yabaye umuntu wa mbere uhawe urukingo rwa Covid-19, mu gikorwa cy’ikingira kirimo gutangizwa mu Bwongereza. Margaret Keenan, uzuzuza imyaka 91 mu cyumweru gitaha, yavuze ko iyi ari yo “mpano nziza cyane ya mbere y’igihe cy’umunsi mukuru 8w’amavuko” ye. Yatewe urushinge ku isaha ya 06:31 GMT (ni ukuvuga saa mbili n’iminota 31 mu Rwanda no mu Burundi). Urwo rukingo yahawe ni imwe muri doze 800,000 z’urukingo rw’ibigo Pfizer na BionTech zigiye gutangwa mu Bwongereza mu byumweru biri imbere. Byitezwe ko izindi doze zigera kuri miliyoni enye zizaba zageze…

SOMA INKURU