Musenyeri warumaze imyaka myinshi mu murimo yatabarutse


Mu myaka 66 yaramaze mu murimo wa kiliziya, Musenyeri Eulade Rudahunga wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda bakora umurimo umwe, yitabye  Imana ejo hashize, afite imyaka 97 y’amavuko.

Musenyeri Eulade Rudahunga yahawe ubusasiridote mu mwaka w’1953, yari amaze iminsi arwaye yaguye mu bitaro ejo hashize kuwa Mbere tariki 11 Gashyantare 2019.

Musenyeri Eulade Rudahunga yabaye uwa 111 uhawe ubupadiri mu Rwanda, kugeza ubu akaba ari we  warufite imyaka myinshi muri uyu murimo kurusha bagenze be.

TUYISHIME Eric


IZINDI NKURU

Leave a Comment

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.